{"id":64297,"date":"2024-01-02T13:19:28","date_gmt":"2024-01-02T11:19:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=64297"},"modified":"2024-01-02T13:19:28","modified_gmt":"2024-01-02T11:19:28","slug":"bugesera-haravugwa-umugore-n-umugabo-bakoze-umushinga-wo-gukura-amafaranga-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297","title":{"rendered":"Bugesera: Haravugwa umugore n\u2019umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Mu Murenge wa Rilima, mu Karere ka Bugesera haravugwa umuryango abaturage bavuga ko wakoze umushinga wo kugambanira abagabo hagamijwe kubakuraho amafaranga, aho ngo kenshi muri urwo rugo humvikana urusaku abaturage bahurura bagasanga n\u2019umugabo wicajwe hasi agaraguzwa agate, harimo n\u2019abandi bagabo harimo ugaragaza ko ari nyiri urugo uje agasanga umugore we ari gusambana n\u2019undi mugabo bikarangira uwafatiwe muri urwo rugo aciwe amafaranga.<\/em> <\/strong><\/p>\n<p>Hagati muri iki cyumweru gishize, ibi ngo biherutse kuba ubwo umugabo ucururiza mu isantere yajyaga muri urwo rugo, hakaza abagabo barimo wa wundi bitazwi neza niba ari nyiri urugo koko bamusangayo bamukubitirayo abaturage batabara yanegekajwe bavuga ko yafatiwe mu cyuho asambana n\u2019umugore w\u2019uwo mugabo.<\/p>\n<p>Aha ni ho abaturage bahera bakeka ko waba ari umushinga wizwe n\u2019abo bantu kugirango amafaranga baca abo bagabo bayasangire ubuzima bukomeze.<\/p>\n<p>\u201cAmakuru dufite, ngo uwo mudamu yahamagaraga uwo mugabo wa hano. Ati ngwino nkubwire hari ikibazo mfite, umugabo wanjye yaragiye ntawuhari, ngwino hari akabazo nshaka kukugishamo inama ni wowe nsigaranye ngwino ungire inama. Arangije ahagera bamupangiye, naho kumbi umugabo ari kuvugana n\u2019umugore bazanye n\u2019abandi bantu baramufata bamushyira mu nzu bamuteragura ibyuma,\u201d uyu ni umwe mu baturage baganiriye na Radio TV 1 dukesha iyi nkuru wemeza ko ibyo byabaye nta cyumweru gishize hari undi mugabo bibayeho.<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati \u201c Turi kubona ko bishoboka ko ari umushinga bakoze, kuko kugirango ukuremo ibihumbi 50 utavunikiye, bigaragara ko ari nk\u2019umushinga abantu bari gukora, abantu bakavuga bati turabona amafaranga mu buhe buryo? Umugore n\u2019umugabo bagapanga bati reka duhamagare umugabo runaka, nagera ahangaha turavuga ko tumufatiye mu rugo amafaranga akaza,\u201d<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Rilima, Sebarundi Ephrem, agaragaza ko hari urugo ruherutse gukorwamo urugomo hakubitirwa umugabo bivugwa ko yasanzwe asambana n\u2019umugore wa nyiri urugo, ariko ko kuba baba babikora nk\u2019umushinga byo nta makuru yari abifiteho.<\/p>\n<p>Ati \u201cAyo makuru ko ari ingeso zisanzwe ntayo mfite ni wowe wa mbere nyumvanye, ariko nay o ni amakuru umuntu yayashaka, iyi ni case yabaye isanzwe, aho umugabo yagiye gusambana mugenzi we amusanga mu rugo bararwana, kuba bikozwe inshuro nyinshi ntabyo nzi\u2026..icya kabiri tuzakomeza kuganira n\u2019abubatse ingo bubahe amasezerano baba baragiranye yo kudacana inyuma ni nacyo twasaba abaturage,\u201d<\/p>\n<p>Sebarundi avuga ko yaba uwo mugore n\u2019uwo mugabo n\u2019abandi bafatanyije guhohotera abo bagabo bahise batabwa muri yombi kandi iperereza rikomeje mu gihe bivugwa ko usibye uwo mugore hari undi baba mu gipangu kimwe na we ukoresha uburyo nk\u2019ubwo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Murenge wa Rilima, mu Karere ka Bugesera haravugwa umuryango abaturage bavuga ko wakoze umushinga wo kugambanira abagabo hagamijwe kubakuraho amafaranga, aho ngo kenshi muri urwo rugo humvikana urusaku abaturage bahurura bagasanga n\u2019umugabo wicajwe hasi agaraguzwa agate, harimo n\u2019abandi bagabo harimo ugaragaza ko ari nyiri urugo uje agasanga umugore we ari gusambana n\u2019undi mugabo bikarangira [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-64297","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bugesera: Haravugwa umugore n\u2019umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bugesera: Haravugwa umugore n\u2019umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Murenge wa Rilima, mu Karere ka Bugesera haravugwa umuryango abaturage bavuga ko wakoze umushinga wo kugambanira abagabo hagamijwe kubakuraho amafaranga, aho ngo kenshi muri urwo rugo humvikana urusaku abaturage bahurura bagasanga n\u2019umugabo wicajwe hasi agaraguzwa agate, harimo n\u2019abandi bagabo harimo ugaragaza ko ari nyiri urugo uje agasanga umugore we ari gusambana n\u2019undi mugabo bikarangira [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-01-02T11:19:28+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64297#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64297\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Bugesera: Haravugwa umugore n\u2019umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo\",\"datePublished\":\"2024-01-02T11:19:28+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64297\"},\"wordCount\":408,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64297#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64297\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64297\",\"name\":\"Bugesera: Haravugwa umugore n\u2019umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-01-02T11:19:28+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64297#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64297\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64297#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bugesera: Haravugwa umugore n\u2019umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bugesera: Haravugwa umugore n\u2019umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bugesera: Haravugwa umugore n\u2019umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo - BWIZA","og_description":"Mu Murenge wa Rilima, mu Karere ka Bugesera haravugwa umuryango abaturage bavuga ko wakoze umushinga wo kugambanira abagabo hagamijwe kubakuraho amafaranga, aho ngo kenshi muri urwo rugo humvikana urusaku abaturage bahurura bagasanga n\u2019umugabo wicajwe hasi agaraguzwa agate, harimo n\u2019abandi bagabo harimo ugaragaza ko ari nyiri urugo uje agasanga umugore we ari gusambana n\u2019undi mugabo bikarangira [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-01-02T11:19:28+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Bugesera: Haravugwa umugore n\u2019umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo","datePublished":"2024-01-02T11:19:28+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297"},"wordCount":408,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64297#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297","name":"Bugesera: Haravugwa umugore n\u2019umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-01-02T11:19:28+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64297"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64297#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bugesera: Haravugwa umugore n\u2019umugabo bakoze umushinga wo gukura amafaranga mu bagabo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64297","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=64297"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64297\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=64297"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=64297"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=64297"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}