{"id":64313,"date":"2024-01-03T07:30:00","date_gmt":"2024-01-03T05:30:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=64313"},"modified":"2024-01-03T07:30:00","modified_gmt":"2024-01-03T05:30:00","slug":"polisi-yashimiye-abaturage-uko-bitwaye-mu-minsi-mikuru-nubwo-hari-abapfuye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313","title":{"rendered":"Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Polisi y\u2019u Rwanda yatangaje ko umutekano muri rusange wari umeze neza mu bihe by\u2019iminsi mikuru, ishimira abaturarwanda uko bitwaye muri ibyo bihe byo gusoza umwaka wa 2023 no gutangira umwaka mushya wa 2024.<\/em> <\/strong><\/p>\n<p>Byagarutsweho n\u2019Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda; Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Mutarama 2024, ari kumwe n\u2019Umuyobozi w\u2019Umujyi wa Kigali; Samuel Dusengiyumva.<\/p>\n<p>ACP Rutikanga, yavuze ko nta bibazo bikomeye byagaragaye mu gihe iminsi mikuru yizihizwaga, uhereye ku munsi ubanziriza Noheli n\u2019Ubunani ndetse no kuri iyo minsi ubwayo.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cUmutekano mu bihe by\u2019iminsi mikuru isoza umwaka wari umeze neza muri rusange, abantu barizihiwe mu gihugu hose n\u2019ahagiye haturikirizwa ibishashi byagenze neza mu mutekano usesuye.\u201d<\/p>\n<p>Ku mutekano wo mu muhanda, ACP Rutikanga yavuze ko muri rusange na wo wari wifashe neza uretse impanuka 2 zatwaye ubuzima bw\u2019abantu.<\/p>\n<p>Yagaragaje ko ibikorwa byo kwishima byagiye bihuza abantu benshi byagenze neza, uretse bimwe mu byaha by\u2019ubujura burimo ubwo gushikuza telefone bwagaragaye ndetse n\u2019urugomo, aho hari abantu babiri batakaje ubuzima biturutse ku rugomo yavuze ko intandaro yabyo ari ubusinzi.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel nawe yavuze ko  mu Mujyi wa Kigali, ubunani bwagenze neza, abantu bishimiye iminsi mukuru mu mutekano, ashimira uruhare rw\u2019inzego z\u2019umtekano.<\/p>\n<p> Yagize ati: \u201cMu Mujyi wa Kigali, ubunani bwagenze neza, abantu bishimiye iminsi mukuru mu mutekano, hashyizweho ingamba zo kuborohereza gutega imodoka kugira ngo tugabanye ubwinshi bw\u2019abategera muri gare ya Nyabugogo kandi byagenze neza, babasha kugerayo amahoro, binagabanya ikibazo cy\u2019abaturage bararaga muri gare byakunze kubaho mu myaka yatambutse. Inzego z\u2019umutekano zagiye zifasha mu gutambuka, hari hariho ibikorwa byinshi, abaturage bahaha, abandi bajya gusenga n\u2019ibindi, ubona akanyamuneza ari kose mu maso yabo.\u201d<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Umujyi wa Kigali yagarutse ku bukangurambaga bwa TunyweLess bugamije gushishikariza Abanyarwanda by\u2019umwihariko urubyiruko kunywa ibisindisha mu rugero, asobanura ko butagarukira ku kwirinda kunywa inzoga nyinshi gusa, ahubwo bujya no hirya yazo aho, abantu bagomba kurangwa n\u2019imyitwarire ituma bagira ubuzima bwiza kugira ngo batere imbere, ashimira abitabira siporo rusange, barimo n\u2019abantu bakuru.<\/p>\n<p>Yasabye abakora ibikorwa biteza urusaku kubikora mu buryo butabangamira abaturanyi, bakoresha ibikumira urusaku (Sound proof), avuga ko n\u2019ubwo urusaku rwagabanutse, icyifuzwa ari uko byagera kuri zero, abaturanyi bakeneye kuruhuka ntibabangamirwe cyangwa ngo biteze abana guhuzagurika.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda, yasabye buri wese kwirinda kwirara no kunywa cyane kuko byagaragaye ko kunywa bagasinda no kwirara kwa bamwe, hari aho bihurira n\u2019urugomo cyangwa impanuka zahitanye ubuzima mu bihe by\u2019iminsi mikuru, asaba buri wese kumva ko afite inshingano ku mutekano we n\u2019uw\u2019abandi.<\/p>\n<p>ACP Rutikanga yagarutse no kuri gahunda ya Gerayo amahoro, yibutsa abakoresha umuhanda kwirinda umuvuduko ukabije, kwirinda gutwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha no kugenzura ikinyabiziga bagiye gutwara buri gihe, baba batwaye abantu cyangwa umuzigo, ntibashingire gusa ku kuba imodoka ifite icyemezo cy\u2019ubuziranenge, kuko ishobora kugira ikibazo n\u2019uwo munsi, bakigenzura ubwabo bareba niba ikinyabiziga gihagaze neza.<\/p>\n<p>Yavuze ko aho Polisi itangiriye gukangurira abantu kwirinda gutwara banyoye ibisindisha, umubare w\u2019abafatwa batwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha wagabanutse cyane; aho wavuye ku bari hagati y\u2019abantu 100 na 150 bafatwaga ku munsi, ugera ku bari hagati ya 10-15 bafatwa kuri ubu, kandi ko hazakomeza gukazwa ingamba zirimo ubukangurambaga bwo kubibutsa no gukurikirana abateshuka.<\/p>\n<p>Yasoje yihanganisha ababuze ababo mu mpanuka n\u2019ibikorwa by\u2019urugomo byagaragaye mu bihe bisoza umwaka, ashishikariza buri wese gutangira umwaka mushya yumva ko umutekano w\u2019abandi utangirira ku we bwite, uw\u2019aho atuye, aho akorera n\u2019aho agenda hose, akabifata nk\u2019ikintu cy\u2019ibanze cyo kuzirikana.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda yatangaje ko umutekano muri rusange wari umeze neza mu bihe by\u2019iminsi mikuru, ishimira abaturarwanda uko bitwaye muri ibyo bihe byo gusoza umwaka wa 2023 no gutangira umwaka mushya wa 2024. Byagarutsweho n\u2019Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda; Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Mutarama 2024, ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-64313","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda yatangaje ko umutekano muri rusange wari umeze neza mu bihe by\u2019iminsi mikuru, ishimira abaturarwanda uko bitwaye muri ibyo bihe byo gusoza umwaka wa 2023 no gutangira umwaka mushya wa 2024. Byagarutsweho n\u2019Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda; Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Mutarama 2024, ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-01-03T05:30:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64313#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64313\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye\",\"datePublished\":\"2024-01-03T05:30:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64313\"},\"wordCount\":590,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64313#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64313\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64313\",\"name\":\"Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-01-03T05:30:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64313#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64313\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64313#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda yatangaje ko umutekano muri rusange wari umeze neza mu bihe by\u2019iminsi mikuru, ishimira abaturarwanda uko bitwaye muri ibyo bihe byo gusoza umwaka wa 2023 no gutangira umwaka mushya wa 2024. Byagarutsweho n\u2019Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda; Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Mutarama 2024, ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-01-03T05:30:00+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye","datePublished":"2024-01-03T05:30:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313"},"wordCount":590,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64313#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313","name":"Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-01-03T05:30:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64313"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64313#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Polisi yashimiye abaturage uko bitwaye mu minsi mikuru nubwo hari abapfuye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64313","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=64313"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64313\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=64313"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=64313"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=64313"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}