{"id":64346,"date":"2024-01-04T12:02:45","date_gmt":"2024-01-04T10:02:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=64346"},"modified":"2024-01-04T12:02:45","modified_gmt":"2024-01-04T10:02:45","slug":"muri-uku-kwezi-hitezwe-imvura-itari-izanzwe-imenyerewe-meteo-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346","title":{"rendered":"Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe &#8211; Meteo Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Ukwezi kwa Mutarama 2024, guteganyijwemo imvura itari isanzwe imenyerewe, aho byabaye ngombwa ko Ubuyobozi bw\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw\u2019Ikirere (Meteo Rwanda) bwasabye inzego zitandukanye kwitwararika.<\/em> <\/strong><\/p>\n<p>Gahigi Aimable, Umuyobozi Mukuru wa Meteo Rwanda avuga ko hari ibice by\u2019igihugu bizagira imvura yo ku rwego rwo hejuru nubwo hari ibindi bice bizavamo izuba.<\/p>\n<p>Mu bipimo bya Meteo Rwanda bigaragaza ko ibice bizagira imvura nyinshi ari ibyo mu Ntara y\u2019Iburengerazuba n\u2019igice cy\u2019iy\u2019Amajyepfo nk&#8217;uko iyi nkuru dukesha Imvaho Nshya ikomeza ivuga.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cHari ibice by\u2019Igihugu bikomeza kugaragamo imvura nyinshi cyane cyane nko mu majyepfo y\u2019Iburengerazuba, ni ho muri uku kwezi kwa Mutarama, hakomeza kugaragaramo imvura nyinshi nko mu Turere twa Rusizi, Nyamasheke (Iburengerazuba), Nyamagabe, Nyaruguru na Huye (Amajyepfo).\u201d<\/p>\n<p>Uwo muyobozi kandi asobanura ko muri utwo turere hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero (mm) 200 na 250.<\/p>\n<p>Mu Ntara y\u2019Iburengerazuba muri rusange, hateganijwe imvura iri hagati ya milimetero (mm) 150 kugeza kuri mm 200.<\/p>\n<p>Hagati aho ariko, Meteo Rwanda ivuga ko hari aho muri uku kwezi kwa Mutarama 2024, imvura itangira kugabanyuka nko mu Turere tw\u2019Intara y\u2019Iburasirazuba, ari two Nyagatare, Gatsibo na Kayonza.<\/p>\n<p>Gusa ubuyobozi bw\u2019icyo kigo buvuga ko uko bigaragara mu bipimo ahantu henshi mu gihugu imvura igihari.<\/p>\n<p>Gahigi yagize ati: \u201cAbantu benshi muri iki gihe baba bategereje bibaza bati \u2018ko twinjiye mu Rugaryi imvura iracyahari? Icyo twababwira ni uko bakomeza gukurikira, amakuru dutanga yaba ay\u2019ukwezi n\u2019andi ya buri minsi 10\u2026 Tumaze igihe mu bihe by\u2019imvura  mu mezi akurikiranye ni yo mpamvu abantu bakomeza kwitegura.\u201d<\/p>\n<p>Gahigi yavuze ko abantu bakwiye kwitegura bisuzuma bareba ibikorwa bakoze byo guhangana n\u2019ingaruka zaterwa n\u2019imvura nyinshi nko kurwanya isuri, bareba niba ibisenge by\u2019inzu zabo bikimeze neza ku buryo imvura ikomeje itabangiriza.<\/p>\n<p>Uwo Muyobozi wa Meteo Rwanda kandi asaba inzego zitandukanye kwita kuri ibi bihe by\u2019imvura bidasanzwe.<\/p>\n<p>Ati: \u201cNk\u2019urwego rushinzwe ibikorwa remezo hari ibikorwa biba biteganyijwe, icyo bakora basanisha ibikorwa biteganyijwe n\u2019igenamigambi ryabo. Mu buhinzi amakuru babonye, bakajyanisha n\u2019ibikorwa biteganyijwe, niba tugiye gusarura tukaba tugiye gusarura mu mvura turitwara dute?<\/p>\n<p>Yongeyeho ati: \u201c Amakuru aba yabonekeye igihe kugira ngo buri wese amenye uko ategura gahunda y\u2019ibikorwa afite muri uku kwezi kwa Mbere bijyanye n\u2019uko ikirere kizaba cyitwaye\u201d.<\/p>\n<p>Meteo yaburiye abafite ibikorwa ku nkombe z\u2019imigezi kutirara ko imvura igihe kugabanyuka bakaba bakoroshya ingamba zo guhangana n\u2019ingaruka z\u2019imvura nyinshi iteganyijwe.<\/p>\n<p>Inzego zitandukanye zasabwe kwita ku makuru iki kigo gitanga kuko ari ingirakamaro ku bikorwa byabo bya buri munsi ndetse akabafasha mu gukora ibikorwa by\u2019igenamigambi rishingiye ku makuru y\u2019iteganyagihe kandi yizewe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ukwezi kwa Mutarama 2024, guteganyijwemo imvura itari isanzwe imenyerewe, aho byabaye ngombwa ko Ubuyobozi bw\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw\u2019Ikirere (Meteo Rwanda) bwasabye inzego zitandukanye kwitwararika. Gahigi Aimable, Umuyobozi Mukuru wa Meteo Rwanda avuga ko hari ibice by\u2019igihugu bizagira imvura yo ku rwego rwo hejuru nubwo hari ibindi bice bizavamo izuba. Mu bipimo bya Meteo Rwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-64346","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe - Meteo Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe - Meteo Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ukwezi kwa Mutarama 2024, guteganyijwemo imvura itari isanzwe imenyerewe, aho byabaye ngombwa ko Ubuyobozi bw\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw\u2019Ikirere (Meteo Rwanda) bwasabye inzego zitandukanye kwitwararika. Gahigi Aimable, Umuyobozi Mukuru wa Meteo Rwanda avuga ko hari ibice by\u2019igihugu bizagira imvura yo ku rwego rwo hejuru nubwo hari ibindi bice bizavamo izuba. Mu bipimo bya Meteo Rwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-01-04T10:02:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64346#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64346\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe &#8211; Meteo Rwanda\",\"datePublished\":\"2024-01-04T10:02:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64346\"},\"wordCount\":433,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64346#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64346\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64346\",\"name\":\"Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe - Meteo Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-01-04T10:02:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64346#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64346\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64346#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe &#8211; Meteo Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe - Meteo Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe - Meteo Rwanda - BWIZA","og_description":"Ukwezi kwa Mutarama 2024, guteganyijwemo imvura itari isanzwe imenyerewe, aho byabaye ngombwa ko Ubuyobozi bw\u2019Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw\u2019Ikirere (Meteo Rwanda) bwasabye inzego zitandukanye kwitwararika. Gahigi Aimable, Umuyobozi Mukuru wa Meteo Rwanda avuga ko hari ibice by\u2019igihugu bizagira imvura yo ku rwego rwo hejuru nubwo hari ibindi bice bizavamo izuba. Mu bipimo bya Meteo Rwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-01-04T10:02:45+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe &#8211; Meteo Rwanda","datePublished":"2024-01-04T10:02:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346"},"wordCount":433,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64346#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346","name":"Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe - Meteo Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-01-04T10:02:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64346"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64346#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muri uku kwezi hitezwe imvura itari izanzwe imenyerewe &#8211; Meteo Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64346","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=64346"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64346\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=64346"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=64346"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=64346"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}