{"id":64463,"date":"2024-01-10T13:01:22","date_gmt":"2024-01-10T11:01:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=64463"},"modified":"2024-01-10T13:01:22","modified_gmt":"2024-01-10T11:01:22","slug":"kinigi-babura-aho-biherera-bakituma-mu-mashyamba-bahurirayo-na-ba-nyirayo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463","title":{"rendered":"Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana"},"content":{"rendered":"<p>Bamwe mu barema isoko rya Kinigi riherereye mu Karere ka Musanze, baratabaza abo bireba kubarenganura nyuma y&#8217;uko babura ubwiherero muri iri soko bakajya kwituma mu mashyamba rimwe na rimwe bigateza intambara hagati yabo na banyiri ubutaka.<\/p>\n<p>Aba baturage  bavuga ko babangamiwe n\u2019umwanda kubera kutagira ubwiherero rusange, aho bamwe babura uko babigenza bakajya kwiherera mu mugezi wa Rwebeya no mu myaka yegereye iri soko.<\/p>\n<p>Abenshi mu barema iri soko , ni ababa baturutse mu mirenge igera kuri itatu , ariko bose bagahuriza ku kuba bakomeje kubangamirwa n&#8217;uko iri soko ritagira ubwiherere bityo bakaba babunda mu bishaka bashaka aho bikinga mu gihe baba bakubwe.<\/p>\n<p>Abafite amazu hafi n&#8217;irisoko bakoreramo ubucuruzi , abenshi nabo ngo nta bwiherero bagira kuko usanga bajya mu wundi murenge uhana imbibi n&#8217;uwa |Kinigi ugasanga birabasaba gukora urugendo rurerure.Bavuga ibi mu gihe ngo ubwo bari basanzwe bafite bwafunzwe.<\/p>\n<p>Umwe mu baganiriye n&#8217;umunyamakuru Yagize ati: \u201cIri soko rya Kinigi kuva ryabaho rimaze imyaka itari munsi ya 25, nta bwiherero rusange buhari, yemwe n\u2019abanyiri utubari, amaduka na za resitora usanga na bo nta bwiherero bubaka, ku buryo iyo dushatse kwituma tujya mu bihuru byo hafi hano, ugasanga hano hari intambara na banyiri amashyamba, abafite ubwiherero hano n\u2019abashaka kwituma, ibi kandi ubuyobozi burabizi ariko nta gikorwa, turifuza isoko rifite ubwiherero\u201d.<\/p>\n<p>Hari uwagize ati: \u201cUbungubu iyo isoko ryaremye ngomba kwirirwa mu rugo ntegereje ko abarema isoko baza kwituma mu ndabyo zanjye, no mu bwiherero niyubakiye, iri soko rero rihuriyeho Imirenge itatu Musanze, Kinigi na Nyange, ariko muri yose ubwiherero kugira ngo ubugereho  na bwo  ni uko bwafunzwe twajyaga  mu Murenge wa Nyange, na bwo wakoraga  urugendo rw\u2019iminota  6, urumva rero umuntu urwaye nko mu nda ashobora kugera aho byamukomeranye\u201d.<\/p>\n<p>Ku ruhande rw&#8217;Ubuyobozi bw&#8217;Akarere ka Musanze, butangaza ko iki kibazo bukizi kandi buri kugikurikirana, gusa ngo ahanini cyatewe n&#8217;uko hari imishinga yo kwagura iri soko.Byagarutsweho n&#8217;umuyobozi w&#8217;aka Karere Claudien Nsengimana aho  yanasabye abaturage kwirinda gukwirakwiza umwanda.<\/p>\n<p>Yagize  ati: \u201cKuba nta bwiherero buri mu isoko rya Kinigi buhari ni ibintu ubu tugiye guhagurukira ku buryo haboneka ubwiherero, ibi dushobora kubikoraho dufatanyije n\u2019izindi nzego harimo abikorera ku giti cyabo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu barema isoko rya Kinigi riherereye mu Karere ka Musanze, baratabaza abo bireba kubarenganura nyuma y&#8217;uko babura ubwiherero muri iri soko bakajya kwituma mu mashyamba rimwe na rimwe bigateza intambara hagati yabo na banyiri ubutaka. Aba baturage bavuga ko babangamiwe n\u2019umwanda kubera kutagira ubwiherero rusange, aho bamwe babura uko babigenza bakajya kwiherera mu mugezi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-64463","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu barema isoko rya Kinigi riherereye mu Karere ka Musanze, baratabaza abo bireba kubarenganura nyuma y&#8217;uko babura ubwiherero muri iri soko bakajya kwituma mu mashyamba rimwe na rimwe bigateza intambara hagati yabo na banyiri ubutaka. Aba baturage bavuga ko babangamiwe n\u2019umwanda kubera kutagira ubwiherero rusange, aho bamwe babura uko babigenza bakajya kwiherera mu mugezi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-01-10T11:01:22+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64463#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64463\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana\",\"datePublished\":\"2024-01-10T11:01:22+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64463\"},\"wordCount\":367,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64463#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64463\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64463\",\"name\":\"Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-01-10T11:01:22+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64463#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64463\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64463#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana - BWIZA","og_description":"Bamwe mu barema isoko rya Kinigi riherereye mu Karere ka Musanze, baratabaza abo bireba kubarenganura nyuma y&#8217;uko babura ubwiherero muri iri soko bakajya kwituma mu mashyamba rimwe na rimwe bigateza intambara hagati yabo na banyiri ubutaka. Aba baturage bavuga ko babangamiwe n\u2019umwanda kubera kutagira ubwiherero rusange, aho bamwe babura uko babigenza bakajya kwiherera mu mugezi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-01-10T11:01:22+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana","datePublished":"2024-01-10T11:01:22+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463"},"wordCount":367,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64463#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463","name":"Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-01-10T11:01:22+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64463"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64463#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64463","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=64463"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64463\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=64463"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=64463"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=64463"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}