{"id":64535,"date":"2024-01-14T07:47:44","date_gmt":"2024-01-14T05:47:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=64535"},"modified":"2024-01-14T07:47:44","modified_gmt":"2024-01-14T05:47:44","slug":"abapolisi-33-basoje-amahugurwa-abaha-ubumenyi-bwo-kuzigisha-abandi-2","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535","title":{"rendered":"Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Mu Ishuri ry\u2019amahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Mutarama, abapolisi 33 basoje amahugurwa abagira abarimu bazifashishwa mu guhugura abandi.<\/em> <\/strong><\/p>\n<p>Abitabiriye aya mahugurwa y\u2019icyiciro cya 9 ahabwa abapolisi bo ku rwego rwa ba ofisiye bato, mu gihe kingana n\u2019ibyumweru 12, bahawe amasomo atandukanye ajyanye n\u2019imyigishirize y\u2019ikoranabuhanga (ITC).<\/p>\n<p>Ubwo yasozaga ku mugaragaro aya mahugurwa, Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y\u2019u Rwanda ushinzwe ibikorwa (DIGP) Vincent Sano, yavuze ko kubaka ubushobozi biri mu by\u2019ibanze Polisi y\u2019u Rwanda ishyiramo imbaraga mu rwego rwo kurushaho kunoza imikorere.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cPolisi y\u2019u Rwanda ishyira imbere kubaka ubushobozi kandi tuzi neza ko hatabayeho gutegura neza amahugurwa, kuyatanga neza no gusuzuma neza ko yageze ku ntego zayo, ntacyo yafasha abapolisi mu kuzuza inshingano zabo nk\u2019uko biba byitezwe bitewe n\u2019uko akazi gakorwa bijyanye n\u2019amahugurwa ugakora aba yarahawe.<\/p>\n<p>Amahugurwa ni igikoresho ntagereranywa cyifashishwa mu kubaka imyifatire n\u2019imyitwarire mbonezamurimo, bityo kugira ngo urwego rukore neza bituruka ku buryo abahugura abakozi barwo baba baratojwe.\u201d<\/p>\n<p>DIGP Sano yasabye abasoje amahugurwa kuzifashisha ubumenyi bayungukiyemo mu gufasha bagenzi babo gukora neza no kuzana impinduka zifuzwa.<\/p>\n<p>Ati: \u201cMuri Polisi n\u2019izindi nzego z\u2019umutekano, amahugurwa ni gahunda ikomeza kugira ngo guhangana n\u2019amayeri y\u2019abanyabyaha no kubasha gucunga umutekano bijyanye n\u2019uko ikoranabuhanga ryiyongera uko isi irushaho gutera imbere bishoboke. Polisi ibashimira ubushake n\u2019ubwitange byabaranze muri aya mahugurwa, twizera ko ubumenyi muyungukiyemo buzaba umusemburo w\u2019impinduka zikenewe muri Polisi y\u2019u Rwanda.\u201d<\/p>\n<p>Yashimiye abarimu ku kazi k\u2019indashyikirwa bakoze kinyamwuga ko gutanga ubumenyi n\u2019ubushobozi ku bitabiriye amahugurwa, ashimira n\u2019ishuri ryakiriye aya mahugurwa kandi aryizeza ko ubuyobozi bwa Polisi y\u2019u Rwanda buzakomeza gutanga ibikenerwa mu rwego rwo kunoza amahugurwa mu bigo byose bya Polisi.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Ishuri rya Polisi, Commissioner of Police (CP) Robert Niyonshuti mu ijambo rye ry\u2019ikaze, yavuze ko intego nyamukuru y\u2019ishuri ari ugutanga ubumenyi, ubushobozi n\u2019imyitwarire iboneye bifasha abapolisi kuzuza neza inshingano zabo za buri munsi aho ziba zikenewe hose.<\/p>\n<p>Yavuze ko abapolisi basoje ibyiciro byabanjirije aya mahugurwa yasojwe kuri uyu munsi, batanga umusaruro aho boherejwe mu kazi mu bigo n\u2019amashami ya Polisi atandukanye, ashimira ubuyobozi bwa Polisi y\u2019u Rwanda ku nama bubagira n\u2019uburyo budahwema kubashyigikira ngo amahugurwa atangirwa muri iri shuri agende neza.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Ishuri ry\u2019amahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Mutarama, abapolisi 33 basoje amahugurwa abagira abarimu bazifashishwa mu guhugura abandi. Abitabiriye aya mahugurwa y\u2019icyiciro cya 9 ahabwa abapolisi bo ku rwego rwa ba ofisiye bato, mu gihe kingana n\u2019ibyumweru 12, bahawe amasomo atandukanye ajyanye n\u2019imyigishirize y\u2019ikoranabuhanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-64535","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Ishuri ry\u2019amahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Mutarama, abapolisi 33 basoje amahugurwa abagira abarimu bazifashishwa mu guhugura abandi. Abitabiriye aya mahugurwa y\u2019icyiciro cya 9 ahabwa abapolisi bo ku rwego rwa ba ofisiye bato, mu gihe kingana n\u2019ibyumweru 12, bahawe amasomo atandukanye ajyanye n\u2019imyigishirize y\u2019ikoranabuhanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-01-14T05:47:44+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64535#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64535\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi\",\"datePublished\":\"2024-01-14T05:47:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64535\"},\"wordCount\":387,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64535#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64535\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64535\",\"name\":\"Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-01-14T05:47:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64535#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64535\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64535#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi - BWIZA","og_description":"Mu Ishuri ry\u2019amahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Mutarama, abapolisi 33 basoje amahugurwa abagira abarimu bazifashishwa mu guhugura abandi. Abitabiriye aya mahugurwa y\u2019icyiciro cya 9 ahabwa abapolisi bo ku rwego rwa ba ofisiye bato, mu gihe kingana n\u2019ibyumweru 12, bahawe amasomo atandukanye ajyanye n\u2019imyigishirize y\u2019ikoranabuhanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-01-14T05:47:44+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi","datePublished":"2024-01-14T05:47:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535"},"wordCount":387,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64535#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535","name":"Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-01-14T05:47:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64535"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64535#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abapolisi 33 basoje amahugurwa abaha ubumenyi bwo kuzigisha abandi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64535","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=64535"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64535\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=64535"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=64535"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=64535"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}