{"id":6456,"date":"2017-07-19T16:37:33","date_gmt":"2017-07-19T16:37:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/07\/19\/imiti-igabanya-ubukana-hari-abayiha-amatungo-abayishyira-ku-bisebe-n-039\/"},"modified":"2025-02-12T15:58:40","modified_gmt":"2025-02-12T13:58:40","slug":"imiti-igabanya-ubukana-hari-abayiha-amatungo-abayishyira-ku-bisebe-n-039","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456","title":{"rendered":"Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n&#039;abakayigurisha abandi !!"},"content":{"rendered":"<p>Bamwe mu baturage baravuga ko hari abafata imiti igenewe abanduye virusi itera Sida bakayiha amatungo yarwaye, mu gihe abandi bayishyira ku bisebe hakaba hari n\u2019abayigurisha abandi, ibi bikorwa byose ngo ntibikwiye kuko byagira ingaruka kandi iba yatwaye akayabo.<\/p>\n<p>Imiti igabanya ubukana bwa virusi itera Sida ngo igura miliyoni eshanu z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ku ihabwa umuntu umwe ku mwaka, mu Rwanda hari abasaga ibihumbi 180 bahabwa iyo miti, dore ko kuri miliyoni zigera kuri 12 z\u2019Abanyarwanda, abagera kuri 3% banduye iyo virusi,kandi amabwiriza mashya y\u2019ishami rya Loni rishinzwe ubuzima(OMS) agenderwaho kuri ubu mu Rwanda n\u2019uko buri umwe wese ufite ubu bwandu yahita atangizwa iyo miti.<\/p>\n<p>Nubwo bimeze gutyo ariko ngo hari bamwe bafata iyo miti bakayigurisha ku bandi batahawe inama na muganga ndetse ngo banasuzumwe niba itabagiraho ingaruka.<\/p>\n<p>Mu kiganiro cyatambutse kuri RBA, ku wa Gatatu tariki ya 19 Nyakanga 2017, abaturage batandukanye batanze ibitekerezo babajije ibi bibazo nuko Minisiteri y\u2019Ubuzima yahangana nabyo.<\/p>\n<p>Uwitwa Damien wo ku Kicukiro yavuze ko azi neza ko hari abafata iyi miti kwa muganga bakajya kuyigurisha abandi .<\/p>\n<p>Ati\u00ab Hari abandi bantu bafata iyo miti ntibayikoreshe nkuko bikwiriye ahubwo bakayigurisha na bandi banze kujya kwa muganga kwipimisha ngo barebe uko bahagaze, baba baragiyeyo bakabwira uko bahagaze ntibasubireyo ngo bakurikize gahunda za muganga, ahubwo bakaza kuyigura mu baturage ahongaho. \u00bb<\/p>\n<p> Akomeza avuga ko  ari imbogamizi ku buryo uwashobora kubikurikirana yabirwanya, ufashe umuti akamenya ko ari uwe atagomba kuwugurisha undi.<\/p>\n<p>Iyo uyu muturage avuga kandi ngo si ikinyoma, ati \u00ab Ayo makuru nayo narayakurikiranye cyane nyahagazeho. \u00bb<\/p>\n<p>Undi watelefonnye muri iki kiganiro yavuze ko amakuru azi neza, mu Murenge wa Kansi mu karere ka Gisagara hari abafata iyi miti bakayiha amatungo arwaye ; ayo ni ihene, inka n\u2019ingurube yarwaye muryango na rushe.<\/p>\n<p>Umuyobozi ushinzwe ubukangurambanga mu myifatire n\u2019imyitwarire mu ishami ryo kurwanya Sida muri Minisiteri y\u2019Ubuzima,Dr  Nyirinkindi  Aime Ernest ,  yavuze ko bimwe muri ibyo bibazo atari abizi  bibaye hari aho bikorwa bidakwiye kuko imiti igenewe abantu atari amatungo, abayihabwa  kandi ngo babanza gusuzumwa ngo bahabwe ijyanye n\u2019ubuzima bwabo.<\/p>\n<p>Avuga ko batari babizi ko ibyo bikorwa  gusa ngo hari isesengura bigeze gukora  mu mavuriro baganira n\u2019abaturage n\u2019abaganga, bashaka  kumenya impamvu hari abahabwa iyo miti batayinywa neza.  Icyo gihe ngo basanze  hari abafata imiti ntibayinywe bakayigurisha kuko bashaka kubonamo amafaranga y\u2019indoke.<\/p>\n<p>Ati \u00ab  Umurwayi uri muri gahunda y\u2019abahabwa imiti igabanya ubukana bwa virusi itera sida, mbere yo kuyihabwa akorerwa ibizamini hakarebwa imikorere y\u2019impyiko n\u2019umwijima we niba iyo miti itazagira ibibazo ku mubiri w\u2019uyinywa. \u00bb<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko abayihabwa baba basuzumwe urwego runaka rw\u2019imiti bahabwa, kuko ngo ishobora kubagiraho ingaruka mu gihe batakorewe ibizamini.<\/p>\n<p>Urugero atanga ni uko ngo hari abo igiraho ingaruka ikabatwika, ku buryo bamera nk\u2019umuntu washyizwe mu ngunguru y\u2019amavuta.<\/p>\n<p>Abantu kandi ngo ntibari bakwiye gutinya kwipimisha  kuko mu gihugu muri murenge harimo ikigo nderabuzima bakwipimishaho bagakurikiranwa, imiti akayihabwa ku buntu batayiguze.<\/p>\n<p>Ati \u201c Urayigura utazi  imikorere y\u2019igipimo cy\u2019ubuzima bwawe,  ntuzi  uko impyiko zawe zihagaze, ntuzi uko umwijima wawe uhagaze, ishobora kukwangiriza kurushaho, ahubwo icyiza nuko wipimisha basanga waranduye ugahabwa;  ubujyanama, serivisi nawe zikugenewe n\u2019imiti  ijyanye nuko umubiri wawe ukora.\u201d<\/p>\n<p> Iyo miti kandi ngo ntawemerewe kuyandikirwa na farumasi kuko bitari mu nshingano zazo.<\/p>\n<p>Ati \u00ab  Hari ibizamini dukora mbere yo guha umuntu iyi miti kuko hari iyo bashobora kumuha batabimukoreye  ugasanga imwangije zimwe mu ngingo nk\u2019impyiko, umwijima. Ibyo bizamini muri farumasi ntabwo babikora.\u201d<\/p>\n<p>Abafata iyo miti bakayiha amatungo, nabyo ngo ntabwo byemewe nubwo ngo icyo kibazo atari akizi.<\/p>\n<p> Ati \u201c Abagurisha imiti ngo ijye kuvura amatungo ni ikibazo kijyanye n\u2019imyumvire, no kudaha agaciro iyo miti.\u201d<\/p>\n<p> Akomeza avuga ko iyo miti igamije gufasha abantu itagenewe amatungo, kuko ngo hari ubushakashatsi bukorwa mu rwego rwo kuvura abantu n\u2019urwo kuvura amatungo, kandi ko iyo miti yakoreshejwe bitewe n\u2019ubwakozwe ku bijyanye no kuvura abantu.<\/p>\n<p>Akomeza agira ati \u00ab Nabwira ababikora ,  abayigura ngo bayivurishe amatungo barimo barahemuka, barahemukira  Abanyarwanda, barimo barahemukira igihugu, kuko sinizeye ko iyo miti koko ivura ayo matungo kandi ni imiti iba yatanzweho amafaranga menshi cyane pe, ku buryo umuntu umwe, kugira ngo abone imiti ku mwaka Minisiteri y\u2019Ubuzima imutangaho amafaranga hafi miliyoni 5. Amafaranga nk\u2019ayongayo usanga n\u2019uyigurisha bamuha n\u2019ubusa amafaranga adafatika. \u00bb<\/p>\n<p>Abafata  imiti bakajya kuyigurisha \u201c ndabinginze ubuzima bwabo barimo bashyira mu kaga. Abantu tugira bicwa n\u2019icyorezo cya Sida, ni ba bantu  nk\u2019abongabo bafata imiti bakajya kuyigurisha  cyangwa se ntibayinywe neza, nibo bajya mu bitaro baramaze kurwara igituntu, hari n\u2019izindi ndwara zikomeye cyane bandura.\u201d<\/p>\n<p>Abo kandi ngo bafatwa n\u2019izo ndwara zerekana ko ubwirinzi kamere bwacitse intege cyane ku buryo ajya mu bitaro arembye kuko atanyweye imiti.<\/p>\n<p>Uku kibazo cy\u2019uwitwa Niringiyimana Emmanuel wavuze ko babihonda bakabishyira ku gisebe. Ibyo nabyo ngo sibwo kuko uburyo bwo kuvura  igisebe ngo si ugushyiraho ibinini, ikindi nuko gushyiraho imiti itabigenewe ari amakosa, kuko ngo gikizwa n\u2019ubwirinzi kamere.<\/p>\n<p>Dr Nyirinkindi akomeza avuga ko iyo miti idapfa gutangwa , kuko ngo itangwa n\u2019abaganga babihuguriwe, ku buryo n\u2019ibigo nderabuzima bya leta babanza kubiha uburenganzira bwanditse  bwo gukora iyo gahunda.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Ntakirutimana Deus<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu baturage baravuga ko hari abafata imiti igenewe abanduye virusi itera Sida bakayiha amatungo yarwaye, mu gihe abandi bayishyira ku bisebe hakaba hari n\u2019abayigurisha abandi, ibi bikorwa byose ngo ntibikwiye kuko byagira ingaruka kandi iba yatwaye akayabo. Imiti igabanya ubukana bwa virusi itera Sida ngo igura miliyoni eshanu z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ku ihabwa umuntu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6456","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n&#039;abakayigurisha abandi !! - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n&#039;abakayigurisha abandi !! - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu baturage baravuga ko hari abafata imiti igenewe abanduye virusi itera Sida bakayiha amatungo yarwaye, mu gihe abandi bayishyira ku bisebe hakaba hari n\u2019abayigurisha abandi, ibi bikorwa byose ngo ntibikwiye kuko byagira ingaruka kandi iba yatwaye akayabo. Imiti igabanya ubukana bwa virusi itera Sida ngo igura miliyoni eshanu z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ku ihabwa umuntu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-19T16:37:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:58:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6456#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6456\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n&#039;abakayigurisha abandi !!\",\"datePublished\":\"2017-07-19T16:37:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:58:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6456\"},\"wordCount\":852,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6456#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6456\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6456\",\"name\":\"Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n&#039;abakayigurisha abandi !! - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-07-19T16:37:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:58:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6456#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6456\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6456#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n&#039;abakayigurisha abandi !!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n&#039;abakayigurisha abandi !! - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n&#039;abakayigurisha abandi !! - BWIZA","og_description":"Bamwe mu baturage baravuga ko hari abafata imiti igenewe abanduye virusi itera Sida bakayiha amatungo yarwaye, mu gihe abandi bayishyira ku bisebe hakaba hari n\u2019abayigurisha abandi, ibi bikorwa byose ngo ntibikwiye kuko byagira ingaruka kandi iba yatwaye akayabo. Imiti igabanya ubukana bwa virusi itera Sida ngo igura miliyoni eshanu z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ku ihabwa umuntu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-07-19T16:37:33+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:58:40+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n&#039;abakayigurisha abandi !!","datePublished":"2017-07-19T16:37:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:58:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456"},"wordCount":852,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6456#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456","name":"Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n&#039;abakayigurisha abandi !! - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-07-19T16:37:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:58:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6456"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6456#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Imiti igabanya ubukana hari abayiha amatungo, abayishyira ku bisebe n&#039;abakayigurisha abandi !!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6456","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6456"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6456\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6456"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6456"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6456"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}