{"id":64610,"date":"2024-01-17T09:21:00","date_gmt":"2024-01-17T07:21:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=64610"},"modified":"2024-01-17T09:21:00","modified_gmt":"2024-01-17T07:21:00","slug":"guverinoma-igiye-gutangiza-uburyo-bushya-bwo-gufasha-abaturage-kwikura-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610","title":{"rendered":"Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Leta y\u2019u Rwanda yatangaje ko igiye gutangiza uburyo bw\u2019ikoranabuhanga bwo kubarura abaturage, habarurwa buri muntu ku giti cye harebwa  n\u2019ubufasha akeneye, bazafashwa kwikura mu bukene izatangira mu mpera za Mutarama 2024.<\/em> <\/strong><\/p>\n<p>Ubu buryo bushya buje gusimbura uburyo bwari busanzweho, aho abantu bafashwaga hashingiwe ku byiciro by\u2019Ubudehe baherereyemo.<\/p>\n<p>Ibyiciro by&#8217;ubudehe byari byaratangijwe na Guverinoma y\u2019u Rwanda mu mwaka wa 2000 nk\u2019imwe muri gahunda yo kurandura ubukene mu gihugu.<\/p>\n<p>Ni ibyiciro kandi byashingirwaho hatangwa ubufasha ku batishoboye, mu kurihira abanyeshuri amafaranga y\u2019ishuri muri kaminuza ndetse no gutangira abaturage ubwisungane mu kwivuza n\u2019ibindi nubwo hari abemeza ko ku rundi ruhande byatumaga hari serivisi zimwe abantu batabona kubera ibyo byiciro.<\/p>\n<p>Ministiri y\u2019Ubutegetsi bw\u2019Igihugu (MINALOC) yasabonuye ko ibyiciro by\u2019Ubudehe byakoreshejwe nabi muri Sosiyete Nyarwanda, aho abaturage bumvaga bakomeza  kwigumira mu cyiciro cy\u2019abatishoboye ngo bakomeze bagenerwe ubufasha na Leta  n\u2019abafatanyabikorwa bayo.<\/p>\n<p>Uko gukoresha nabi ibyiciro by\u2019Ubudehe ni ko kwatumye hashyirwaho gahunda nshya yo kubarura abaturage batishoboye kugira bahabwe ubufasha bazwi neza.<\/p>\n<p>Ubwo buryo bushya bushingiye ku kubarura imiryango ikeneye ubufasha hakamenyakana icyo bakeneye by&#8217;ukuri.<\/p>\n<p>Umuyobozi ushinzwe ikoranabuhanga muri MINALOC, Aline Mugisha, yatangaje ko sisitemu nshya yo kubarura abaturage batishoboye  ifite amakuru ajyanye n\u2019imiterere y\u2019ingo, aho ifasha kumenya abatishoboye mu nzego zitandukanye.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cNi sisitemu izakura ikimenyane mu gutoranya abagenerwa ubufasha muri iyi gahunda. Izafasha  abaturage kwikura mu bukene bakava mu kiciro kimwe bajya mu kindi.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: \u201cAbafatanyabikorwa bose, imiryango itari iya Leta ndetse n\u2019ishingiye ku myemerere barasabwa gukoresha iyi sisetumu nshya mu gutera inkunga abatishoboye. Ni ibarura rizagaragaza muri buri Karere ingo zose zikeneye ubufasha, ibi bikazafasha mu kumenya aho inkunga zoherezwa aho ari ho ndetse n\u2019ubwoko bw\u2019izikenewe.\u201d<\/p>\n<p>Uwo muyobozi kandi ashimangira ko izindi sisetemu nk\u2019izishingiye ku butaka, imisoro, abakozi ba Leta n\u2019izindi na zo zizakorerwa indi sisitemu y\u2019ibarura  mu rwego kugira amakuru ku mutungo n\u2019imibereho y\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Ati: \u201cTwarangije icyiro cya mbere cya sisitemu, ariko tuzakomeza, hashingiwe ku byifuzo bihari. Sisetemu yo kwandikisha umwana wavutse na yo izashyirwamo mu rwego rwo kumenya abagize imiryango. Ni sisitemu kandi izanaba ikubiyemo ibijyanye n\u2019ubwishingizi mu kwivuza aho izafasha mu gutanga ubwa Mituweli.\u201d<\/p>\n<p>Ibarura ry\u2019abaturage ni imwe mu nzira ifasha Leta kubona amakuru afasha mu igenamigambi no gufasha abaturage kwikura mu bukene.<\/p>\n<p>Politiki ivuguruye ya 2020 yerekana ko habaye impinduka mu mibereho  n\u2019ubukungu by\u2019abaturage, binyuze mu gufasha ab\u2019amikoro make, ikazakomeza gukoreshwa binyuze muri ubu buryo bushya bwatangijwe bwo kubarura abaturage bakeneye ubufasha, urugo ku rundi bwiswe \u201cDynamic Household Profiling and Social Registry\u201d.<\/p>\n<p>MINALOC ivuga ko ubwo buryo buzatangizwa ku mugaragaro  mu mpera za Mutarama 2024.<\/p>\n<p>Kwiburuza bizakorerwa kuri telefone ngendanwa, abaturage bazafashwa n\u2019abajyanama babegereye ndetse kubarura imibereho y\u2019ingo bizajya bikorwa buri mwaka nk&#8217;uko iyi nkuru dukesha Imvaho Nshya ikomeza ivuga.<\/p>\n<p>Guverinoma y\u2019u Rwanda yatangaje ko miliyari 900 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ari zo zari zikenewe kuva mu mwaka wa 2017 kugeza muri 2024, mu gufasha abaturage kwikura mu bukene.<\/p>\n<p>Ubushakashatsi bwa gatanu bwakoze mu bireho y\u2019ingo (EICV5) bwagaragaje ko ubukene bwagabanyutse mu Rwanda ku gipimo cya 39.1% mu mwa wa 2013\/14, na 38.2% muri 2016\/17.<\/p>\n<p>Gahunda ya Guverinoma y\u2019imyaka irindwi yo kwihutita iterambere (NST1) yatangijwe muri 2017\/18 kugeza muri 2024, yateganyaga kugabanya ubukene bukabije bukagera mu munsi  ya 1%.<\/p>\n<p>MINALOC itangaza ko muri iyi gahunda nshya yo gufasha imiryango kwikura mu bukene, buri rugo mu ziri mu bukene n\u2019iziri mu bukene bukabije ruzajya rusinya amasezerano yo kwemera guherekezwa mu rugendo rwo kwikura mu bukene mu gihe cy\u2019imyaka ibiri.<\/p>\n<p>MINALOC kandi irahamagarira imirwango y\u2019abaterankunga gufasha uturere gushyira mu bikorwa, iyi gahunda yo gufasha yo kuranda ubukene ndetse gufasha imiryango y\u2019amikoro make kwiteza imbere.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Leta y\u2019u Rwanda yatangaje ko igiye gutangiza uburyo bw\u2019ikoranabuhanga bwo kubarura abaturage, habarurwa buri muntu ku giti cye harebwa n\u2019ubufasha akeneye, bazafashwa kwikura mu bukene izatangira mu mpera za Mutarama 2024. Ubu buryo bushya buje gusimbura uburyo bwari busanzweho, aho abantu bafashwaga hashingiwe ku byiciro by\u2019Ubudehe baherereyemo. Ibyiciro by&#8217;ubudehe byari byaratangijwe na Guverinoma y\u2019u Rwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-64610","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Leta y\u2019u Rwanda yatangaje ko igiye gutangiza uburyo bw\u2019ikoranabuhanga bwo kubarura abaturage, habarurwa buri muntu ku giti cye harebwa n\u2019ubufasha akeneye, bazafashwa kwikura mu bukene izatangira mu mpera za Mutarama 2024. Ubu buryo bushya buje gusimbura uburyo bwari busanzweho, aho abantu bafashwaga hashingiwe ku byiciro by\u2019Ubudehe baherereyemo. Ibyiciro by&#8217;ubudehe byari byaratangijwe na Guverinoma y\u2019u Rwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-01-17T07:21:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64610#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64610\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene\",\"datePublished\":\"2024-01-17T07:21:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64610\"},\"wordCount\":614,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64610#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64610\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64610\",\"name\":\"Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-01-17T07:21:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64610#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64610\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64610#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene - BWIZA","og_description":"Leta y\u2019u Rwanda yatangaje ko igiye gutangiza uburyo bw\u2019ikoranabuhanga bwo kubarura abaturage, habarurwa buri muntu ku giti cye harebwa n\u2019ubufasha akeneye, bazafashwa kwikura mu bukene izatangira mu mpera za Mutarama 2024. Ubu buryo bushya buje gusimbura uburyo bwari busanzweho, aho abantu bafashwaga hashingiwe ku byiciro by\u2019Ubudehe baherereyemo. Ibyiciro by&#8217;ubudehe byari byaratangijwe na Guverinoma y\u2019u Rwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-01-17T07:21:00+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene","datePublished":"2024-01-17T07:21:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610"},"wordCount":614,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64610#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610","name":"Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-01-17T07:21:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64610"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64610#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64610","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=64610"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64610\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=64610"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=64610"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=64610"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}