{"id":6466,"date":"2017-07-20T11:45:45","date_gmt":"2017-07-20T11:45:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/07\/20\/polisi-mu-mujyi-wa-kigali-ntibona-urusaku-nk-ikibazo-cyananiranye-gukemuka\/"},"modified":"2025-02-12T15:58:31","modified_gmt":"2025-02-12T13:58:31","slug":"polisi-mu-mujyi-wa-kigali-ntibona-urusaku-nk-ikibazo-cyananiranye-gukemuka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466","title":{"rendered":"Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nk\u2019ikibazo cyananiranye gukemuka"},"content":{"rendered":"<p>Mu Mujyi wa Kigali hamwe na hamwe haracyumvikana urusaku rukabije kuba rwinshi mu duce abaturage batuyemo, akenshi ruturuka mu tubari, amahoteli ndetse n\u2019insengero. Ibi rero bikaba bibangamira abaturage bahatuye, kuko akenshi usanga urwo rusaku rugeza mu masaha akuze y\u2019ijoro.<\/p>\n<p>Nyiramana Betty ni umubyeyi umaze igihe gito yibarutse, atuye mu gace ka Remera hafi ya stade, inyuma gato y\u2019aho bakunze kwita mu migina, yagize ati: \u201cumwana wanjye ashobora kuzarwara umutima kubera kudasinzira, n\u2019iyo agatotsi kamutwaye ashigukira hejuru kubera ingoma ziba zisakuza hafi aho.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Mbarushimana Sadi nawe atuye mu Gatenga, ni umugabo wubatse, akorera mu ntara y\u2019Amajyepfo agataha muri weekend. Yatangaje ko urusaku rubangamira abaturage mu gihe baba bakeneye kuruhuka ngo batangire akazi k\u2019icyumweru batuje mu ntekerezo, yagize ati \u201cbiba bigoye kumara iminsi itanu utagera mu rugo, wataha ugirango uruhuke ugasanga hari urusaku rudatuma unasinzira\u201d.<\/p>\n<p>Kurwanya urusaku rukabije ni amabwiriza yashyizweho n\u2019Umujyi wa Kigali mu 2014, agashyirwa mu bikorwa ku bufatanye n\u2019inzego z\u2019umutekano. Ikibazo cy\u2019urusaku na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y\u2019U Rwanda yakigarutseho ubwo yasozaga inama ya bureau politiki y\u2019umuryango RPF-INKOTANYI kuwa 21\/12\/2014, aho yagize ati \u201cNi kuki gusenga cyangwa kwidagadura kwawe kwabuza amahoro undi utari kumwe na we utifuza kujya mu byo urimo cyangwa se ushaka kuruhuka?<\/p>\n<p>Ubuyobozi bwa polisi mu Mujyi wa Kigali butangaza ko iki kibazo bakizi. Umuvugizi wa polisi mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of  <em>Police<\/em>  (SP) Emmanuel Hitayezu avuga ko iki kibazo bakizi. Yagize ati \u201cdukunze kwakira ibibazo by\u2019abaturage baduhamagara batugezaho ibibazo by\u2019urusaku rukabije, ruturuka mu bubari cyangwa mu nsengero\u201d.<\/p>\n<p>Gusa Umuvugizi wa Police yemeza ko ikibazo cy\u2019urusaku atari ikibazo cyananiranye gukemuka, ngo gusa baracyagerageza kuganira n\u2019abafite ibikorwa biteza urwo rusaku ngo barebe uburyo bagenda babigabanya bikareka kubangamira abandi baturage batuye aho. Ngo iyo umuturage abahamagaye akabamenyesha ikibazo cy\u2019aho urusaku rugaragara, barahagera, bakavugana na ba nyir\u2019akabari cyangwa urusengero uburyo bagabanya urusaku.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa police mu Mujyi wa Kigali kandi akomeza atangaza ko bazakomeza ibiganiro n\u2019abafite ibyo bikorwa, ndetse bakanakorana n\u2019izindi nzego bireba kugirango iki kibazo kigende gikemuka. Akomeza akangurira abaturage gukomeza gutungira police y\u2019u Rwanda agatoki aho urusaku rukabije rugaragara, bakareka kwiyumvisha ko ari ikibazo cyananiranye, ahubwo inzego bireba zigakomeza gufatanya gushaka umuti.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Nsengiyumva Philippe<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Mujyi wa Kigali hamwe na hamwe haracyumvikana urusaku rukabije kuba rwinshi mu duce abaturage batuyemo, akenshi ruturuka mu tubari, amahoteli ndetse n\u2019insengero. Ibi rero bikaba bibangamira abaturage bahatuye, kuko akenshi usanga urwo rusaku rugeza mu masaha akuze y\u2019ijoro. Nyiramana Betty ni umubyeyi umaze igihe gito yibarutse, atuye mu gace ka Remera hafi ya stade, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6466","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nk\u2019ikibazo cyananiranye gukemuka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nk\u2019ikibazo cyananiranye gukemuka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Mujyi wa Kigali hamwe na hamwe haracyumvikana urusaku rukabije kuba rwinshi mu duce abaturage batuyemo, akenshi ruturuka mu tubari, amahoteli ndetse n\u2019insengero. Ibi rero bikaba bibangamira abaturage bahatuye, kuko akenshi usanga urwo rusaku rugeza mu masaha akuze y\u2019ijoro. Nyiramana Betty ni umubyeyi umaze igihe gito yibarutse, atuye mu gace ka Remera hafi ya stade, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-20T11:45:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:58:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6466#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6466\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nk\u2019ikibazo cyananiranye gukemuka\",\"datePublished\":\"2017-07-20T11:45:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:58:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6466\"},\"wordCount\":394,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6466#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6466\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6466\",\"name\":\"Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nk\u2019ikibazo cyananiranye gukemuka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-07-20T11:45:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:58:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6466#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6466\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6466#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nk\u2019ikibazo cyananiranye gukemuka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nk\u2019ikibazo cyananiranye gukemuka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nk\u2019ikibazo cyananiranye gukemuka - BWIZA","og_description":"Mu Mujyi wa Kigali hamwe na hamwe haracyumvikana urusaku rukabije kuba rwinshi mu duce abaturage batuyemo, akenshi ruturuka mu tubari, amahoteli ndetse n\u2019insengero. Ibi rero bikaba bibangamira abaturage bahatuye, kuko akenshi usanga urwo rusaku rugeza mu masaha akuze y\u2019ijoro. Nyiramana Betty ni umubyeyi umaze igihe gito yibarutse, atuye mu gace ka Remera hafi ya stade, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-07-20T11:45:45+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:58:31+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nk\u2019ikibazo cyananiranye gukemuka","datePublished":"2017-07-20T11:45:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:58:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466"},"wordCount":394,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6466#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466","name":"Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nk\u2019ikibazo cyananiranye gukemuka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-07-20T11:45:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:58:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6466"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6466#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Polisi mu Mujyi wa Kigali ntibona urusaku nk\u2019ikibazo cyananiranye gukemuka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6466","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6466"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6466\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6466"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6466"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6466"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}