{"id":64901,"date":"2024-01-29T06:55:17","date_gmt":"2024-01-29T04:55:17","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=64901"},"modified":"2024-01-29T06:55:17","modified_gmt":"2024-01-29T04:55:17","slug":"mali-burukinafaso-na-niger-byikuye-mu-muryango-wa-cedeao-ecowas","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901","title":{"rendered":"Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO\/ECOWAS"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y&#8217;impaka n&#8217;ibiganiro bitatanze umusaruro hagati y&#8217;abasirikari bahiritse ubutegetsi n&#8217;abayobozi b&#8217;umuryango w&#8217;ubukungu w&#8217;ibihugu byo muburengerazuba bwa Afurika (CEDEAO\/ECOWAS)  ku gihe inzibacyuho zizamara abasirikari bahiritse ubutegetsi bakabusubiza abaturage, abo basirikari bahiritse ubutegetsi bahisemo gukura ibihugu byabo muri uwo  muryango.  <\/p>\n<p>Mu itangazo rihuriweho ryasohowe kuri iki cyumweru taliki ya 28.01. 2024 n&#8217;abakuru b&#8217;ibyo bihugu, abo basirikari bavuze ko bafashe icyemezo cyo gukura ibihugu byabo muri uwo muryango, kandi ibyo bigahita bishyirwa mu bikorwa. Umuryango wa CEDEAO\/ECOWAS ubusanzwe ugizwe n&#8217;ibihugu binyamuryango 15. Iryo tangazo rigira riti,<em> &#8220;abayobozi b&#8217;ibi bihugu bafashe inshingano bashinzwe, kandi bashaka gusubiza ibyo rubanda rubategerejeho, ibyo rubifuzaho, bashingiye kandi ku bwigenge bw&#8217;ibihugu byabo bahisemo gukura ibihugu byabo muri uwo muryango&#8221;<\/em>, nk&#8217;uko itangazo ryasomwe ku bitangazamakuru bitandukanye muri ibyo bihugu ribivuga. <\/p>\n<p><strong>Ibibazo by&#8217;umutekano<\/strong><\/p>\n<p>Ibi bihugu bitatu bihuriye ku bibazo by&#8217;umutekano muke, intambara iterwa n&#8217;abajihadisite bishingikirije idini ya Isilamu ntibyakunze kuvuga rumwe n&#8217;umuryango w&#8217;ubukungu w&#8217;ibihugu byo muburengerazuba bwa Afurika kuva mu mwaka wa 2020 igihe abasirikari batangiraga guhirika ubutegetsi bwariho. <\/p>\n<p>CEDEAO yagaragaje gushaka ko abaturage bahita basubizwa ubutegetsi vuba na bwangu bukava mu maboko y&#8217;igisirikari. Uyu muryango wanafatiye ibihano bikarishye ibihugu bya Mali na Niger ndetse ugera n&#8217;aho wavugaga ko uri bukure abo basirikari ku butegetsi hitabajwe ingufu za gisirikari. Hejuru y&#8217;ibyo uyu muryango wari wanabaye uhagaritse ibyo bihugu uko ari bitatu(Mali, Niger na Burkinafaso) muri uwo muryango. <\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;iri tangazo ry&#8217;abasirikari bayobora ibi bihugu, abayobozi ba CEDEAO bavuze ko biteguye vuba gushaka igisubizo cyumvikanyweho n&#8217;impande zose zirebwa n&#8217;iki kibazo. Itangazo rya CEDEAO rigira riti &#8220;<em>ibi bihugu uko ari ibitatu ni ibihugu by&#8217;ingenzi kandi bifite ibisubizo byo kurangiza ikibazo cya politiki kibirimo.&#8221;<\/em>CEDEAO ivuga ko igitegereje kubona amakuru nyayo aciye mu nzira zemewe avuga iby&#8217;iva muri uyu muryango ry&#8217;ibyo bihugu. <\/p>\n<p><strong>Icyo Mali, Niger na Burkinafaso bishinja CEDEAO<\/strong><\/p>\n<p>Ibi bihugu uko ari bitatu bivuga ko abayobozi babyo ba mbere ari bo bsshinze uyu muryango. Ariko bikavuga ko uko wagiye ukura, abayobozi bawugize benshi bagiye batakaza amahame shingiro y&#8217;abawushinze. Hejuru y&#8217;ibyo ngo bamwe ni inzira y&#8217;ibitekerezo bya ba mpatsibihugu bashaka kuwusenya. Ikindi ngo nuko ibyo bihugu bidafatanyiriza hamwe mu guhangana n&#8217;ibibazo by&#8217;umutekano biyogoje ako karere cyane mu bihugu bya Mali, Niger na Burikinafaso. Cyane cyane ariko kuba uyu muryango warafatiye ibihano ibi bihugu, ibihano bifatwa nk&#8217;ibidakurikije amategeko kandi bihonyora uburenganzira bwa muntu, ngo bigaragara ubwabyo nko kwica nkana amategeko agenga uyu muryango. CEDEAO yo ibirega cyane kuba byarakuyeho ubutegetsi bwatowe n&#8217;abaturage bugafatwa n&#8217;igisirikari. Ibyi nibyo byatumye ibifatire ibihano. <\/p>\n<p>Hejuru y&#8217;ibibazo by&#8217;umutekano n&#8217;ubukene, ibi ihugu bifite ikindi bihuriyeho.Kuba byaracanye umubano n&#8217;igihugu cy&#8217;Ubufaransa aho byanirukanye abambasaderi babwo mu gihugu, kandi mu buryo bweruye bigatera umugongo abafaransa babukoronije bagahitamo gukorana n&#8217;igihugu cy&#8217;Uburusiya haba mu buryo bwa politiki ndetse n&#8217;ubw&#8217;igisirikari. <\/p>\n<p>Muri Nzeli ya 2023, ibi bihugu byari byatangiye kugaragaza ukwitandukanya na CEDEAO aho byari byatangaje ishyirwaho ry&#8217;umuryango w&#8217;ibihugu byo muri Sahel uhuriweho nabyo uko ari bitatu gusa. Igitekerezo cy&#8217;uwo muryango ni uguhuza imbaraga mu buryo ba politiki, ubukungu n&#8217;umutekano batagendeye kuri CEDEAO bishinja ubugambanyi.  <\/p>\n<p><strong>Bwiza.com <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y&#8217;impaka n&#8217;ibiganiro bitatanze umusaruro hagati y&#8217;abasirikari bahiritse ubutegetsi n&#8217;abayobozi b&#8217;umuryango w&#8217;ubukungu w&#8217;ibihugu byo muburengerazuba bwa Afurika (CEDEAO\/ECOWAS) ku gihe inzibacyuho zizamara abasirikari bahiritse ubutegetsi bakabusubiza abaturage, abo basirikari bahiritse ubutegetsi bahisemo gukura ibihugu byabo muri uwo muryango. Mu itangazo rihuriweho ryasohowe kuri iki cyumweru taliki ya 28.01. 2024 n&#8217;abakuru b&#8217;ibyo bihugu, abo basirikari bavuze [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":3,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[31],"tags":[],"class_list":["post-64901","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mahanga"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO\/ECOWAS - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO\/ECOWAS - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y&#8217;impaka n&#8217;ibiganiro bitatanze umusaruro hagati y&#8217;abasirikari bahiritse ubutegetsi n&#8217;abayobozi b&#8217;umuryango w&#8217;ubukungu w&#8217;ibihugu byo muburengerazuba bwa Afurika (CEDEAO\/ECOWAS) ku gihe inzibacyuho zizamara abasirikari bahiritse ubutegetsi bakabusubiza abaturage, abo basirikari bahiritse ubutegetsi bahisemo gukura ibihugu byabo muri uwo muryango. Mu itangazo rihuriweho ryasohowe kuri iki cyumweru taliki ya 28.01. 2024 n&#8217;abakuru b&#8217;ibyo bihugu, abo basirikari bavuze [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-01-29T04:55:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"BWIZA\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64901#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64901\"},\"author\":{\"name\":\"BWIZA\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f6bac101d28fc295759d9005ee45fbe2\"},\"headline\":\"Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO\\\/ECOWAS\",\"datePublished\":\"2024-01-29T04:55:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64901\"},\"wordCount\":537,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mahanga\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64901#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64901\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64901\",\"name\":\"Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO\\\/ECOWAS - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-01-29T04:55:17+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64901#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64901\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=64901#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO\\\/ECOWAS\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f6bac101d28fc295759d9005ee45fbe2\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=3\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO\/ECOWAS - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO\/ECOWAS - BWIZA","og_description":"Nyuma y&#8217;impaka n&#8217;ibiganiro bitatanze umusaruro hagati y&#8217;abasirikari bahiritse ubutegetsi n&#8217;abayobozi b&#8217;umuryango w&#8217;ubukungu w&#8217;ibihugu byo muburengerazuba bwa Afurika (CEDEAO\/ECOWAS) ku gihe inzibacyuho zizamara abasirikari bahiritse ubutegetsi bakabusubiza abaturage, abo basirikari bahiritse ubutegetsi bahisemo gukura ibihugu byabo muri uwo muryango. Mu itangazo rihuriweho ryasohowe kuri iki cyumweru taliki ya 28.01. 2024 n&#8217;abakuru b&#8217;ibyo bihugu, abo basirikari bavuze [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-01-29T04:55:17+00:00","author":"BWIZA","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"BWIZA","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901"},"author":{"name":"BWIZA","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f6bac101d28fc295759d9005ee45fbe2"},"headline":"Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO\/ECOWAS","datePublished":"2024-01-29T04:55:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901"},"wordCount":537,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mahanga"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64901#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901","name":"Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO\/ECOWAS - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-01-29T04:55:17+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=64901"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=64901#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mali, Burukinafaso na Niger byikuye mu muryango wa CEDEAO\/ECOWAS"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f6bac101d28fc295759d9005ee45fbe2","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=3"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64901","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/3"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=64901"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/64901\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=64901"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=64901"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=64901"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}