{"id":6496,"date":"2017-07-22T11:47:29","date_gmt":"2017-07-22T11:47:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/07\/22\/rwamagana-kuba-muri-koperative-byamufashije-kudashorwa-mu-busambanyi\/"},"modified":"2025-02-12T15:58:03","modified_gmt":"2025-02-12T13:58:03","slug":"rwamagana-kuba-muri-koperative-byamufashije-kudashorwa-mu-busambanyi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496","title":{"rendered":"Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi"},"content":{"rendered":"<p>Umugore witwa Mukabutare vestine utuye mu mudugudu wa Kavura mu Kagari ka Nyagasenyi mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana avuga ko kujya muri koperative byamufashije nyuma y\u2019uko nyuma yo gusigirwa n\u2019umugabo we abana batatu b\u2019indahekana yumvaga ubuzima bugiye kuba bubi.<br \/>\nNyuma yo gutandukana n\u2019umugabo we, abagabo bashakaga kumushukisha ibiribwa ariko nyuma yo kujya muri koperative KOHUNYA (Koperative Humura Nyagasenyi)  yageze kuri byinshi bimurinda abashakaga kumushukisha amafaranga n\u2019ibiribwa.<br \/>\nAganira na <a href=\"https:\/\/bwiza.com\/\">Bwiza.com<\/a> uyu mugore w\u2019imyaka 40 avuga ko yageze kuri byinshi abigejejweho na koperative.<br \/>\nYagize ati:\u201dUmugabo yantanye n\u2019abana batatu umukuru yari afite imyaka 3 umuto afite amezi 6 numvaga ubuzima burangiye ariko kuva ngiye muri koperative natangiye guhinga ibigori ku buryo ubu nubatse inzu irimo n\u2019umuriro kandi ubu ntunze umuryango wanjye abana bariga neza ,ubwo umugabo yantaga hari abagabo benshi bashakaga kujyana mu ngeso z\u2019ubusambanyi bitewe n\u2019ubuzima babonaga ndimo niyo mpamvu nshimira Kagame waduhaye koperative akanadutoza kwishakira ibisubizo .\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nGukorera muri koperative byafashije  abatuye mu Kagari ka Nyagasenyi kwikemurira ibi bibazo birimo no kwiyubakira inzu yo kubamo  ni umwe mu baturage bari bacumbitse  batagira inzu yo kubamo avuga ko koperative yamufashije kurihirira abana be amashuri harimo n\u2019uwiga muri kaminuza.<br \/>\nYagize ati: \u201cNtabwo nari mfite inzu yo kubamo ariko ubu mfite inzu yanjye niyubakiye ndetse mfite n\u2019inka njye n\u2019umuryango wanjye tumeze neza turanywa amata nta kibazo cy\u2019imibereho dufite byose ntabwo nari kubigeraho iyo  ntajya muri koperative  kuko  koperative yadufashije guhinga bya kijyambere kuva dutangiye ubuhinzi bwcu twageze kuri byinshi biturutse ku miyoborere ya Kagame  niwe watumye tugera ku iterambere kandi natwe Kagame tuzamutora kugira dukomeze kwesa imihigo<br \/>\ntwatangiye .\u201d<br \/>\nIbikorwa byo kwamamaza umukandida w\u2019umuryango wa RPF byaranzwe no kumurika imihigo y\u2019intore zibumbiye mu masibo mu midugudu ndetse n\u2019amakoperative.<br \/>\nNyarwaya Evariste uyobora umuryango wa FPR inkotanyi mu Kagari ka Nyagasenyi avuga ko FPR Inkotanyi igira uruhare mu gufasha abaturage kugera ku iterambere.<br \/>\nYagize ati: \u201chari byinshi twagezeho byo kwishimira kandi dushishikariza abaturage gukorera hamwe mu makoperative ku buryo kubagira inama byorohe kandi bigatuma no kubona inkunga ku buryo byoroshye, mwabonye ko twishimiye ibyiza byinshi umukandida wacu yatugejejeho ku buryo hari n\u2019ibindi byinshi bifuza kugeraho bagaragaje ko biteguye kumutora.\u201d<br \/>\nKoperative KOHUNYA  ihinga ibigori na soya igizwe n\u2019abanyamuryango 60 bahawe ubutaka bwaguzwe na RSSB ikitwa CAISSE sociale du Rwanda.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Ngabonziza Justin<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugore witwa Mukabutare vestine utuye mu mudugudu wa Kavura mu Kagari ka Nyagasenyi mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana avuga ko kujya muri koperative byamufashije nyuma y\u2019uko nyuma yo gusigirwa n\u2019umugabo we abana batatu b\u2019indahekana yumvaga ubuzima bugiye kuba bubi. Nyuma yo gutandukana n\u2019umugabo we, abagabo bashakaga kumushukisha ibiribwa ariko nyuma yo kujya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6496","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umugore witwa Mukabutare vestine utuye mu mudugudu wa Kavura mu Kagari ka Nyagasenyi mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana avuga ko kujya muri koperative byamufashije nyuma y\u2019uko nyuma yo gusigirwa n\u2019umugabo we abana batatu b\u2019indahekana yumvaga ubuzima bugiye kuba bubi. Nyuma yo gutandukana n\u2019umugabo we, abagabo bashakaga kumushukisha ibiribwa ariko nyuma yo kujya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-22T11:47:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:58:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6496#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6496\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi\",\"datePublished\":\"2017-07-22T11:47:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:58:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6496\"},\"wordCount\":406,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6496#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6496\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6496\",\"name\":\"Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-07-22T11:47:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:58:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6496#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6496\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6496#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi - BWIZA","og_description":"Umugore witwa Mukabutare vestine utuye mu mudugudu wa Kavura mu Kagari ka Nyagasenyi mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana avuga ko kujya muri koperative byamufashije nyuma y\u2019uko nyuma yo gusigirwa n\u2019umugabo we abana batatu b\u2019indahekana yumvaga ubuzima bugiye kuba bubi. Nyuma yo gutandukana n\u2019umugabo we, abagabo bashakaga kumushukisha ibiribwa ariko nyuma yo kujya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-07-22T11:47:29+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:58:03+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi","datePublished":"2017-07-22T11:47:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:58:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496"},"wordCount":406,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6496#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496","name":"Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-07-22T11:47:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:58:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6496"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6496#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Kuba muri koperative byamufashije kudashorwa mu busambanyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6496","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6496"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6496\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6496"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6496"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6496"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}