{"id":65024,"date":"2024-02-02T15:03:01","date_gmt":"2024-02-02T13:03:01","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=65024"},"modified":"2024-02-02T15:03:01","modified_gmt":"2024-02-02T13:03:01","slug":"pasiteri-mpyisi-yasabiwe-gushyirwa-ku-rutonde-rw-intwali-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024","title":{"rendered":"Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw&#8217;intwali mu Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Muganga Rutangwarwamaboko yasabiye Nyakwigendera pasiteri Ezira Mpyinsi gushyirwa ku rutonde rw&#8217;Intwali u Rwanda rufite nyuma y&#8217;ibikorwa by&#8217;indashyikirwa yakoze ataratabaruka.<\/strong><\/p>\n<p>Ibi Rutangwarwamaboko yabigarutseho kuri uyu wa Kane taliki 01 Gashyantare 2024, mu mugoroba wo kwizihiza ubuzima bwa Muzehe Mpyisi, aho yavuze ko bijyanye n&#8217;ibikorwa uyu mubyeyi yakoze bifitiye igihugu akamaro bityo ko asanga u Rwanda rumushyize ku rutonde rw&#8217;intwali z&#8217;igihugu byaba ari byiza.<\/p>\n<p>Mu bikorwa by&#8217;ubutwali Rutangwarwamaboko avuga ko muzehe Mpyisi yagaragaje, harimo ko yagize uruhare mu kuzana umugogo w&#8217;Umwami Kigeli VI Ndahindurwa ntatabarizwe ishyanga kuko iyo biza kugenda uko ngo byari kuba ishyano.<\/p>\n<p>Yagize ati&#8221; Igihe umwami yatangaga, Mpyisi muziko yagiye mu ruharo,Siwe ariko ni u Rwanda.Uyu munsi turizihiza umunsi w&#8217;Intwari, Ntabwo ari twe tumushyira mu Ntwali,ariko nta n&#8217;ikitubuza kuvuga ubutwari bwe mu muryango wo kwa Mpyisi.Si navunga ngo niba u Rwanda rwumva kuko rurumva ,Imana irumva kandi tugira Imana y&#8217;i Rwanda none u Rwanda nirwo rutumva! Rwose Mpyisi ashyizwe ku rutonde rw&#8217;Intwali z&#8217;u Rwanda,,,<\/p>\n<p>Abantu b&#8217;imfura ,abantu b&#8217;umutima, abantu bahesheje agaciro igihugu no mu bihe by&#8217;amajye , ntibagitatire, impundu zavuga urwanaga rero.&#8221;Mu bindi byavuzwe kuri nyakwigendera Mpyisi , ni uko yari umunyakuri kandi agaharanira umuco ko uganza no kwandika amateka y&#8217;u Rwanda atazasibangana.&#8221;<\/p>\n<p>Mpyisi yari azwi cyane nk&#8217;umupasitori wo mu itorero ry&#8217;abadivantisite b&#8217;umunsi wa karindwi.Urupfu rwe rwmenyekanye  taliki ya 27 Mutarama 2024  afite imyaka 102. Yari umwe mu Banyarwanda babitse amateka ahambaye yo hambere ku Ngoma z\u2019Abami cyane ko yabanye cyane n\u2019umuryango w\u2019Umwami Rudahigwa ndetse akaba yaranabaye n\u2019Umujyanama wa Kigeli V Ndahindurwa watanze mu mpera za 2016.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Muganga Rutangwarwamaboko yasabiye Nyakwigendera pasiteri Ezira Mpyinsi gushyirwa ku rutonde rw&#8217;Intwali u Rwanda rufite nyuma y&#8217;ibikorwa by&#8217;indashyikirwa yakoze ataratabaruka. Ibi Rutangwarwamaboko yabigarutseho kuri uyu wa Kane taliki 01 Gashyantare 2024, mu mugoroba wo kwizihiza ubuzima bwa Muzehe Mpyisi, aho yavuze ko bijyanye n&#8217;ibikorwa uyu mubyeyi yakoze bifitiye igihugu akamaro bityo ko asanga u Rwanda rumushyize [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-65024","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw&#039;intwali mu Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw&#039;intwali mu Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Muganga Rutangwarwamaboko yasabiye Nyakwigendera pasiteri Ezira Mpyinsi gushyirwa ku rutonde rw&#8217;Intwali u Rwanda rufite nyuma y&#8217;ibikorwa by&#8217;indashyikirwa yakoze ataratabaruka. Ibi Rutangwarwamaboko yabigarutseho kuri uyu wa Kane taliki 01 Gashyantare 2024, mu mugoroba wo kwizihiza ubuzima bwa Muzehe Mpyisi, aho yavuze ko bijyanye n&#8217;ibikorwa uyu mubyeyi yakoze bifitiye igihugu akamaro bityo ko asanga u Rwanda rumushyize [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-02-02T13:03:01+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65024#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65024\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw&#8217;intwali mu Rwanda\",\"datePublished\":\"2024-02-02T13:03:01+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65024\"},\"wordCount\":280,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65024#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65024\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65024\",\"name\":\"Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw'intwali mu Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-02-02T13:03:01+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65024#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65024\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65024#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw&#8217;intwali mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw'intwali mu Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw'intwali mu Rwanda - BWIZA","og_description":"Muganga Rutangwarwamaboko yasabiye Nyakwigendera pasiteri Ezira Mpyinsi gushyirwa ku rutonde rw&#8217;Intwali u Rwanda rufite nyuma y&#8217;ibikorwa by&#8217;indashyikirwa yakoze ataratabaruka. Ibi Rutangwarwamaboko yabigarutseho kuri uyu wa Kane taliki 01 Gashyantare 2024, mu mugoroba wo kwizihiza ubuzima bwa Muzehe Mpyisi, aho yavuze ko bijyanye n&#8217;ibikorwa uyu mubyeyi yakoze bifitiye igihugu akamaro bityo ko asanga u Rwanda rumushyize [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-02-02T13:03:01+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw&#8217;intwali mu Rwanda","datePublished":"2024-02-02T13:03:01+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024"},"wordCount":280,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65024#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024","name":"Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw'intwali mu Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-02-02T13:03:01+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65024"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65024#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Pasiteri Mpyisi yasabiwe gushyirwa ku rutonde rw&#8217;intwali mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65024","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=65024"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65024\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=65024"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=65024"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=65024"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}