{"id":65056,"date":"2024-02-05T09:12:18","date_gmt":"2024-02-05T07:12:18","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=65056"},"modified":"2024-02-05T09:12:18","modified_gmt":"2024-02-05T07:12:18","slug":"nyabihu-umwarimu-yatangiye-kujya-mu-mazi-abira-nyuma-yo-gutangaza-ko","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056","title":{"rendered":"Nyabihu: Umwarimu &#8216;yatangiye kujya mu mazi abira&#8217; nyuma yo gutangaza ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Hakizimana Innocent wigisha mu karere ka Nyabihu, aravuga ko yatangiye gushinjwa n&#8217;abayobozi b&#8217;ishuri yigishaho kubiba amacakubiri muri bagenzi be bamuhora kuba aheruka gutangaza ko ateganya kwiyamamaza mu matora y&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu yo muri Nyakanga.<\/strong><\/p>\n<p>Mu ibaruwa ubuyobozi bw&#8217;Urwunge rw&#8217;Amashuri rwa REGA ADEPR Hakizimana yigishaho ruheruka kumwandikira, bwamusabye ibisobanuro nyuma yo kumushinja gutuka mugenzi witwa Ukwisanga Jean de Dieu ko &#8220;ubwenge bwawe bureshya nk\u2019uko ureshya&#8221;.<\/p>\n<p>Muri iyo baruwa Musabimana Odette uyobora ririya shuri ashinja Hakizimana &#8220;gusuzugurira bagenzi be mu ruhame&#8221; no &#8220;kuzana amacakubiri mu bandi ku bwo kuvuga ko umuyobozi yubatse akazu mu kigo cy\u2019ishuri&#8221;.<\/p>\n<p>Uyu mwarimu mu kiganiro na UMUSEKE, yavuze ko ibyo ashinjwa ari ibinyoma; akavuga ko ahubwo ari we uri gushyirwaho ibyaha by\u2019amacakubiri nyuma yo gutangaza ko aziyamamaza.<\/p>\n<p>Yavuze ko ibyo ashinjwa bitatangiriye aho yigisha ubu, ko ahubwo byatangiriye ku Ishuri rya GS Murambi yigishagaho mbere.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ibibazo byatangiye mu kwa karindwi 2023 mvuga ko nzatanga kandidatire yo kuyobora igihugu, nk\u2019umunyarwanda wigirira icyizere. Kubera ko hariya abayobozi bashyirwaho bavuye mu muryango wa FPR nanjye nabagamo, nahise nibasirwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019ikigo&#8221;.<\/p>\n<p>Hakizimana avuga ko bikimara kumenyekana ko aziyamamaza umuyobozi we yamubajije ati: &#8220;Ese ibintu biri kuvugwa  ko uzatanga kandidatire kandi dufite umukandida umwe, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ni gute wavuze ko nawe uziyamamaza?&#8221;<\/p>\n<p>Undi ngo yamusubije ko &#8220;kwiyamamaza ni uburenganzira bw\u2019umunyarwanda udafite umuziro&#8221;.<\/p>\n<p>Uyu mwarimu akomeza avuga ko yahise abwirwa n\u2019umuyobozi w\u2019ikigo ko ingaruza aza kuzibona.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Umuyobozi w\u2019ikigo cya GS Murambi nigishagaho, yahise ambwira ngo &#8216;ingaruka urazibona mu kanya, bitarenze n\u2019icyumweru'&#8221;.<\/p>\n<p>Uyu murezi avuga ko umuyobozi w\u2019ikigo yahise amurega ku muyobozi w\u2019Akarere, batangira kumuhimbira ibyaha.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Icyo gihe twari turi gusoza umwaka wa 2023, noneho bahita bategura ngo hari abarimu bakoze amakosa, bari gushaka kubahimbira ibyaha; ariko ni jye bari bagamije&#8221;.<\/p>\n<p>Hakizimana avuga ko  ubuyobozi bw\u2019Akarere bwamushinje gusuzugura ubuyobozi bw\u2019ikigo no gukererwa ku kazi, gusa akavuga ko ibyo byaje ari uko amaze gutangaza ko aziyamamaza kuba Perezida wa Repubulika.<\/p>\n<p>Avuga kandi ko mu kwisobanura, yavuze ko ibyo aregwa ari ibinyoma cyane ko nta baruwa n\u2019imwe yigeze yandikirwa yihanangirizwa.<\/p>\n<p>Uyu mwarimu avuga ko umuyobozi w\u2019Akarere ka Nyabihu ubwe yasabye imbabazi, agaragaza ko \u201cbibabaje kuba umwarimu mugenzi we amushinja ibinyoma.&#8221;<\/p>\n<p>Avuga kandi ko ibintu byarushijeho kuba bibi ubwo yashyiraga ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter amashusho agaragaza ko Meya w&#8217;akarere ka Nyabihu yahaye umurongo ikibazo cye, kuko yatumye uyu muyobozi ategekwa kwitaba inzego zo hejuru.<\/p>\n<p>Icyo gihe ngo byarangiye hacuzwe umugambi wo kumwirukana nk&#8217;uko akomeza abivuga.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nashyize akavidewo kuri X, mu nzego zo hejuru biba ngombwa ko [Meya] ajya kwisobanura. Kugira ngo yikure mu kimwaro yahise atumaho dosiye, bahita bansuzuma. Bari barampaye 86% mu manota y\u2019imihigo, twese nta mwarimu wari ufite amanota 80% ku kigo. Yahise ategeka ngo &#8216;Hakiza mumuhe 69% kugira ngo n\u2019atabijuririra tumwirukane mu bakozi ba Leta'&#8221;.<\/p>\n<p>Uyu murezi avuga ko yagiye kujurira muri komisiyo y\u2019abakozi ba leta, komisiyo ije gusuzuma ikibazo cye aho yihishaga bimana ibimenyetso by\u2019amafishi.<\/p>\n<p>Avuga kandi ko bahise bamwambura kwigisha amasomo asanzwe akorwa mu kizami cya leta (yari asanzwe yigisha icyongereza) bamuha igifaransa, Iyobokamana n\u2019Ikoranabuhanga &#8220;bagamije gukomeza kushakira impamvu zo kumwirukana&#8221;.<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Ayo masomo rero umusaruro waho upimwa ku mafishi, uko abana bagiye batsinda amasomo, bakaguha amanota y\u2019imihigo, abandi bo bagapimirwa mu kizami cya leta. Icyambabaje, n\u2019uwigishije Physique abana bakagira 0, yahawe 88% abona amafaranga y\u2019imihigo nk&#8217;ishimwe&#8221;.<\/p>\n<p>Uyu mwarimu avuga ko byarangiye yimuriwe gukorera kuri GS REGA ADEPR TTS ndetse ahabwa n\u2019amanota 90% y\u2019imihigo, ariko atungurwa no kudahabwa amafaranga angana 120,000frw y\u2019inyongera kimwe n\u2019abandi.<\/p>\n<p>Hakizimana avuga ko ibyaha byose ari kugerekwaho ari ibinyoma ibigamije kwangiza isura ye, nyuma yo gutangaza ko aziyamamaza kuba Perezida w\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Ntacyo ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Nyabihu buratangaza ku byo uyu mwarimu avuga.<\/p>\n<p>Nyirubwite cyakora avuga ko agifite umugambi wo kwiyamamaza kuyobora igihugu, ndetse ko kandi nta gishobora kumukoma mu nkokora.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hakizimana Innocent wigisha mu karere ka Nyabihu, aravuga ko yatangiye gushinjwa n&#8217;abayobozi b&#8217;ishuri yigishaho kubiba amacakubiri muri bagenzi be bamuhora kuba aheruka gutangaza ko ateganya kwiyamamaza mu matora y&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu yo muri Nyakanga. Mu ibaruwa ubuyobozi bw&#8217;Urwunge rw&#8217;Amashuri rwa REGA ADEPR Hakizimana yigishaho ruheruka kumwandikira, bwamusabye ibisobanuro nyuma yo kumushinja gutuka mugenzi witwa Ukwisanga Jean [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-65056","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyabihu: Umwarimu &#039;yatangiye kujya mu mazi abira&#039; nyuma yo gutangaza ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyabihu: Umwarimu &#039;yatangiye kujya mu mazi abira&#039; nyuma yo gutangaza ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hakizimana Innocent wigisha mu karere ka Nyabihu, aravuga ko yatangiye gushinjwa n&#8217;abayobozi b&#8217;ishuri yigishaho kubiba amacakubiri muri bagenzi be bamuhora kuba aheruka gutangaza ko ateganya kwiyamamaza mu matora y&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu yo muri Nyakanga. Mu ibaruwa ubuyobozi bw&#8217;Urwunge rw&#8217;Amashuri rwa REGA ADEPR Hakizimana yigishaho ruheruka kumwandikira, bwamusabye ibisobanuro nyuma yo kumushinja gutuka mugenzi witwa Ukwisanga Jean [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-02-05T07:12:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65056#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65056\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Nyabihu: Umwarimu &#8216;yatangiye kujya mu mazi abira&#8217; nyuma yo gutangaza ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda\",\"datePublished\":\"2024-02-05T07:12:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65056\"},\"wordCount\":660,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65056#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65056\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65056\",\"name\":\"Nyabihu: Umwarimu 'yatangiye kujya mu mazi abira' nyuma yo gutangaza ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-02-05T07:12:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65056#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65056\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65056#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyabihu: Umwarimu &#8216;yatangiye kujya mu mazi abira&#8217; nyuma yo gutangaza ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyabihu: Umwarimu 'yatangiye kujya mu mazi abira' nyuma yo gutangaza ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyabihu: Umwarimu 'yatangiye kujya mu mazi abira' nyuma yo gutangaza ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda - BWIZA","og_description":"Hakizimana Innocent wigisha mu karere ka Nyabihu, aravuga ko yatangiye gushinjwa n&#8217;abayobozi b&#8217;ishuri yigishaho kubiba amacakubiri muri bagenzi be bamuhora kuba aheruka gutangaza ko ateganya kwiyamamaza mu matora y&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu yo muri Nyakanga. Mu ibaruwa ubuyobozi bw&#8217;Urwunge rw&#8217;Amashuri rwa REGA ADEPR Hakizimana yigishaho ruheruka kumwandikira, bwamusabye ibisobanuro nyuma yo kumushinja gutuka mugenzi witwa Ukwisanga Jean [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-02-05T07:12:18+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Nyabihu: Umwarimu &#8216;yatangiye kujya mu mazi abira&#8217; nyuma yo gutangaza ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda","datePublished":"2024-02-05T07:12:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056"},"wordCount":660,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65056#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056","name":"Nyabihu: Umwarimu 'yatangiye kujya mu mazi abira' nyuma yo gutangaza ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-02-05T07:12:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65056"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65056#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyabihu: Umwarimu &#8216;yatangiye kujya mu mazi abira&#8217; nyuma yo gutangaza ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65056","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=65056"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65056\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=65056"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=65056"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=65056"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}