{"id":6509,"date":"2017-07-23T10:25:12","date_gmt":"2017-07-23T10:25:12","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/07\/23\/rubavu-abanyekongo-barifuza-umuyobozi-umeze-nka-paul-kagame\/"},"modified":"2025-02-12T15:57:51","modified_gmt":"2025-02-12T13:57:51","slug":"rubavu-abanyekongo-barifuza-umuyobozi-umeze-nka-paul-kagame","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509","title":{"rendered":"Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame"},"content":{"rendered":"<p>Abaturage bo muri Congo cyane cyane mu bice bituranye n\u2019u Rwanda, barifuza icyabaha umukuru w\u2019igihugu umeze nka perezida Paul Kagame kubera intambwe ikomeye amaze kugeza ku Banyarwanda.<\/p>\n<p>Hari mu kiganiro \u201cDialogue entre Congolais\u201d gihita kuri Radio Okapi cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: \u201cAmatora muri afurika,na Kongo by\u2019umwihariko\u201d<\/p>\n<p>Abaturage bahawe urubuga ku mirongo ya telephone muri iki kiganiro,bagarutse ku matora yo mu Rwanda n\u2019imyiteguro yayo, aho benshi basaba ko agomba kubera isi urugero, kuko atarangwamo imvururu, kandi byose bikaba byaragezweho kubera imiyoborere myiza bakesha umukuru w\u2019u Rwanda, Paul Kagame.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ibi babivuze mu gihe mu Rwanda abakandida bakomeje kwiyamamariza umwanya wo kuyobora igihugu,mu matora ateganyijwe tariki ya 04.08.2017.<\/p>\n<p>Bamwe mu baturage bo mu mujyi wa Goma mu gihugu cya Republika Iharanira Demokarasi ya Kongo baganiriye na Bwiza.com  baravuga ko bifuza  umuyobozi w\u2019igihugu cyabo ufite amatwara nk\u2019aya Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame,kubera intambwe ikomeye abanyarwanda bagezeho ari we ubarangaje imbere.<\/p>\n<p>Muhwekela Kalume Saidi,yagize ati: &#8221; <em>Iyo mbona uburyo Abanyarwanda bamamaza abakandida babo,bituma nifuza kuba umunyarwanda,ariko cyane iyo Abanyamuryango ba FPR bamamaza Paul Kagame nanjye nifuza ko twagira umuperezida nk\u2019uriya.Usibye no kumukunda nka Perezida w\u2019umunyafurika,ndanamukunda ku giti cye.Icyaduha umuyobozi w\u2019igihugu umeze nkawe twatera imbere<\/em> \u201d<\/p>\n<p>Mu gihe bamamaza umukandida wa FPR mu mu mirenge imwe yo mu Karere ka Rubavu ihana imbibi na Congo,usanga bamwe mu bakongomani baba baje mu Karere ka Rubavu ,bajyayo kugirango birebere uko bimeze aho batangazwa n\u2019uburyo abantu ibihumbi byinshi bamamaza ntihavuke imvururu.<\/p>\n<p>Kizenga Fabien umwe mu banyekongo twasanze mu mbagay\u2019Abanyarwanda ba FPR bamamaza umukandida Paul Kagame yagize ati\u201d <em>iwacu ntibishoboka,kuko imodoka,amazu amaduka biba byasahuwe ibindi bigatwikwa,abantu bari gupfa, amashuri tukayafunga ,kandi si iwacu gusa no mu bindi bihugu byinshi byo kw\u2019isi niko bigenda. Ariko mu Rwanda twasanze ari ibirori,kwambara neza,ibyishimo ..mu gihe ahandi bihitana ubuzima bw\u2019abantu abandi bagakomereka.Isi yakagombye kwigira ku miyoborere y\u2019u Rwanda ,kandi iyaba byashobokaga natwe twari gutora Kagam<\/em> e\u201d<\/p>\n<p>Mu nama abaturage bo mu gace ka Nyiragongo mu mujyi wa Goma bagiranye n\u2019abayobozi mu nzego z\u2019ibanze bakunze kwitwa Abami bafata ingamba ku cyorezo cy\u2019indwara ya Kolera ibugarije,bamwe muri abo bami ndetse n\u2019abayobozi b\u2019Intara ya Kivu y\u2019amajyaruguru,basabye abaturage kwigira byinshi ku Rwanda,birimo isuku,kwicungira umutekano,gukora umuganda\u2026Visi Guverineri wa Kivu y\u2019Amajyaruguru, Fellen Rutaichilwa yagize ati: &#8221; <em>Hari byinshi twakwigira ku gihugu cy\u2019abaturanyi,nko gukora isuku badategereje ko letan\u2019abaterankunga bayikora, kwicungira umutekano<\/em> ..\u201d<\/p>\n<p>Aba baturage ba Goma,bakomeje bishimira imibanire myiza iri hagati y\u2019ibihugu byombi,muri iyi myaka ibiri ishize kuko ngo imibanire yabyo mbere yarangwaga no kwishishanya,urwikekwe,byakunze kugaragara mu ntambara n\u2019imvururu z\u2019aberaga muri DRC,aho bemeza ko Perezida Kagame yabigizemo uruhare Ubwo yabonaniraga na mugenzi we, Joseph Kabila Kabange mu Karere ka Rubavu .<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Magarambe Theodore\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo muri Congo cyane cyane mu bice bituranye n\u2019u Rwanda, barifuza icyabaha umukuru w\u2019igihugu umeze nka perezida Paul Kagame kubera intambwe ikomeye amaze kugeza ku Banyarwanda. Hari mu kiganiro \u201cDialogue entre Congolais\u201d gihita kuri Radio Okapi cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: \u201cAmatora muri afurika,na Kongo by\u2019umwihariko\u201d Abaturage bahawe urubuga ku mirongo ya telephone muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6509","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo muri Congo cyane cyane mu bice bituranye n\u2019u Rwanda, barifuza icyabaha umukuru w\u2019igihugu umeze nka perezida Paul Kagame kubera intambwe ikomeye amaze kugeza ku Banyarwanda. Hari mu kiganiro \u201cDialogue entre Congolais\u201d gihita kuri Radio Okapi cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: \u201cAmatora muri afurika,na Kongo by\u2019umwihariko\u201d Abaturage bahawe urubuga ku mirongo ya telephone muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-23T10:25:12+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:57:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6509#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6509\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame\",\"datePublished\":\"2017-07-23T10:25:12+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:57:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6509\"},\"wordCount\":501,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6509#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6509\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6509\",\"name\":\"Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-07-23T10:25:12+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:57:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6509#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6509\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6509#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame - BWIZA","og_description":"Abaturage bo muri Congo cyane cyane mu bice bituranye n\u2019u Rwanda, barifuza icyabaha umukuru w\u2019igihugu umeze nka perezida Paul Kagame kubera intambwe ikomeye amaze kugeza ku Banyarwanda. Hari mu kiganiro \u201cDialogue entre Congolais\u201d gihita kuri Radio Okapi cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: \u201cAmatora muri afurika,na Kongo by\u2019umwihariko\u201d Abaturage bahawe urubuga ku mirongo ya telephone muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-07-23T10:25:12+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:57:51+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame","datePublished":"2017-07-23T10:25:12+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:57:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509"},"wordCount":501,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6509#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509","name":"Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-07-23T10:25:12+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:57:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6509"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6509#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Abanyekongo barifuza umuyobozi umeze nka Paul Kagame"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6509","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6509"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6509\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6509"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6509"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6509"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}