{"id":65203,"date":"2024-02-10T09:21:32","date_gmt":"2024-02-10T07:21:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=65203"},"modified":"2024-02-10T09:21:32","modified_gmt":"2024-02-10T07:21:32","slug":"ibice-5-abagabo-babujijwe-gukoraho-ku-bagore-mu-gihe-cy-imibonano-mpuzabitsina","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203","title":{"rendered":"Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina"},"content":{"rendered":"<p><strong>Inzobere mu byerekeye ubuzima bw\u2019imyororokere mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina hari ubwo abari muri icyo gikorwa bashobora gutwarwa, ku buryo bashobora no kwisanga barenze imbibi zijyana n&#8217;imigendekere myiza yacyo ku bwo gutwarwa.<\/strong><\/p>\n<p>Ni muri urwo rwego abakora imibonano bagirwa inama yo kwitonda, kuko hari aho umwe ashobora gukora undi bikarogoya ibyo byishimo.<\/p>\n<p>Hari ibice bitanu abagabo bagirwa inama yo kwirinda gukorakoraho mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, ari na byo BWIZA yifuje kubasangiza muri iyi nkuru.<\/p>\n<p><strong>Inkondo y\u2019umura<\/strong><\/p>\n<p>Inkuru dukesha urubuga Pulse.ng. ivuga ko mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, umugabo akwiye kuzirikana cyane ko ari bibi kuba igitsina cye cyagera ubwo gikora ku nkondo y\u2019umura y\u2019umugore, kuko haba ari ahantu hafunganye nk\u2019umuyoboro uhuza imyanya myibarukiro y\u2019umugore n\u2019inda ye.<\/p>\n<p>Abahanga bavuga ko nko ku bakiri mu bihe byabo bya mbere mu gikorwa cy\u2019imibonano mpuzabitsina bakwiye kwitwararika cyane, kuko biteza ububabare bukabije ku buryo bagirwa inama yo guhita bagerageza guhindura uburyo bari gukoramo icyo gikorwa.<\/p>\n<p><strong>Umutwe wa rugongo<\/strong><\/p>\n<p>Rugongo ni kimwe mu bice by\u2019umubiri bifatwa nk&#8217;ipfundo ry&#8217;uburyohe mu gihe cy&#8217;igikorwa cy&#8217;abakuze, gusa abahanga bavuga ko kuyikoraho by\u2019umwihariko mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, ari ibintu bitera ububabare bukabije ukozweho.<\/p>\n<p>Ni muri urwo rwego abagabo bagirwa inama yo kwirinda gukora ku mutwe w\u2019icyo gice, ahubwo bakagerageza mu mpande.<\/p>\n<p><strong>Ibirenge<\/strong><\/p>\n<p>Abagabo bagirwa inama yo kudakora ku birenge by\u2019abagore bari kumwe mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, cyane cyane mu gihe bambaye amasogisi.<\/p>\n<p>Impamvu ni uko ubushakashatsi bwakozwe n\u2019inzobere zo muri Kaminuza ya Johns Hopkins bwagaragaje ko ibi bishobora kuviramo umuntu gufatwa na \u2018orgasm\u2019 iterwa no kugira ibyishimo by\u2019ikirenga mu gihe cy&#8217;imibonano mpuzabitsina.<\/p>\n<p>Hakaba hagaragazwa ko ibi bishobora kuba ku mugore kimwe no ku mugabo.<\/p>\n<p><strong>Imisatsi ye<\/strong><\/p>\n<p>Hari benshi bashobora kwibwira ko ari ibintu bisanzwe gukora mu misatsi y\u2019umugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, gusa ariko ngo ni ngombwa kuzirikana ko biri muri kamere y\u2019abagore kutishimira umuntu wabakurura imisatsi cyangwa uwayizambaguza, kuko aba ashobora no gukubita agatima ku gihe n\u2019ikiguzi byamusabye kugira ngo abashe gutuma imisatsi ye igaragara neza.<\/p>\n<p><strong>Imoko<\/strong><\/p>\n<p>Abahanga bavuga ko umugore atanezezwa n\u2019umuntu umukorakora imoko, kuko bishobora gutera ubwonko bwe kwibwira ko agiye konsa, kwikinisha n\u2019ibindi ndetse banavuga ko bishobora kumutera uburibwe ku rugero umuntu bari kumwe mu gikorwa cy\u2019imibonano mpuzabitsina adashobora kwiyumvisha.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inzobere mu byerekeye ubuzima bw\u2019imyororokere mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina hari ubwo abari muri icyo gikorwa bashobora gutwarwa, ku buryo bashobora no kwisanga barenze imbibi zijyana n&#8217;imigendekere myiza yacyo ku bwo gutwarwa. Ni muri urwo rwego abakora imibonano bagirwa inama yo kwitonda, kuko hari aho umwe ashobora gukora undi bikarogoya ibyo byishimo. Hari ibice bitanu abagabo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-65203","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere-ryumuryango"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inzobere mu byerekeye ubuzima bw\u2019imyororokere mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina hari ubwo abari muri icyo gikorwa bashobora gutwarwa, ku buryo bashobora no kwisanga barenze imbibi zijyana n&#8217;imigendekere myiza yacyo ku bwo gutwarwa. Ni muri urwo rwego abakora imibonano bagirwa inama yo kwitonda, kuko hari aho umwe ashobora gukora undi bikarogoya ibyo byishimo. Hari ibice bitanu abagabo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-02-10T07:21:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65203#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65203\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina\",\"datePublished\":\"2024-02-10T07:21:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65203\"},\"wordCount\":398,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iterambere-ryumuryango\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65203#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65203\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65203\",\"name\":\"Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-02-10T07:21:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65203#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65203\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65203#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA","og_description":"Inzobere mu byerekeye ubuzima bw\u2019imyororokere mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina hari ubwo abari muri icyo gikorwa bashobora gutwarwa, ku buryo bashobora no kwisanga barenze imbibi zijyana n&#8217;imigendekere myiza yacyo ku bwo gutwarwa. Ni muri urwo rwego abakora imibonano bagirwa inama yo kwitonda, kuko hari aho umwe ashobora gukora undi bikarogoya ibyo byishimo. Hari ibice bitanu abagabo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-02-10T07:21:32+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina","datePublished":"2024-02-10T07:21:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203"},"wordCount":398,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iterambere-ryumuryango"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65203#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203","name":"Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-02-10T07:21:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65203"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65203#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65203","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=65203"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65203\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=65203"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=65203"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=65203"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}