{"id":6523,"date":"2017-07-24T14:15:22","date_gmt":"2017-07-24T14:15:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/07\/24\/gatsibo-barinubira-kubyuka-iya-rubika-kubera-amashuri-ari-iyo-bigwa\/"},"modified":"2025-02-12T15:57:44","modified_gmt":"2025-02-12T13:57:44","slug":"gatsibo-barinubira-kubyuka-iya-rubika-kubera-amashuri-ari-iyo-bigwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523","title":{"rendered":"Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa"},"content":{"rendered":"<p>Abaturage batuye mu Karere ka Gatsibo barasaba ubuyobozi kubatabara kubera amashuri ari kure bigatuma abanyeshuri biga mu mashuri abanza n\u2019ayisumbuye biga kure yabo.<\/p>\n<p>Ababyeyi bavuga ko abana babo bakora urugendo rurerure cyane bajya kwiga bitewe n\u2019uko aho batuye ari kure y\u2019ahari amashuri.<\/p>\n<p>Umwe mu babyeyi avuga ko abana babo biga kure y\u2019aho batuye ku buryo hari n\u2019abacika intege bakareka kwiga.<\/p>\n<p>Gakumba Augustin asanga bakwiye gufashwa kubona ishuri hafi kuko bibangamiye uburezi mu Murenge wa Muhura.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cHano nta shuri dufite abana bacu biga kure ku buryo babyuka butaracya bagatema ijoro kuko saa kumi baba batangiye  kujya kwiga ku buryo badasinzira neza ndetse bagera ku ishuri bananiwe  kuko igihe gito bakoresha n\u2019amasaha  atatu bihuse ku buryo batiga neza ndetse harimo n\u2019abarambirwa bakareka ishuri bakajya gukorera amafaranga.\u201d<\/p>\n<p>Umubyeyi utuye mu Murenge wa Rugarama nawe asanga babangamiwe n\u2019uko hari abana biga kure ku buryo bituma batiga neza kuko bakora urugendo rurererure.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Bugingo Jean Pierre agira ati: \u201cAbana biga kure ku buryo usanga dukeneye amashuri kuko abana bakora urugendo rurerure bajya kwiga ugasanga batabona umwanya wo gusubira mu masomo mu karere kacu dukeneye kwegerezwa amashuri kuko turabangamiwe kandi twifuza ko abana bacu biga bagatera imbere nk\u2019abandi.\u201d<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019Akarere ka Gatsibo bwemeza ko bwatangiye gukemura ikibazo cy\u2019abanyeshuri bakora urugendo  rurerure bajya ku ishuri.<\/p>\n<p>Richard Gasana, umuyobozi w\u2019Akarere ka Gatsibo, aragira ati: \u201cKoko hari aho usanga abana bakora urugendo rurerure bajya ku ishuri ariko twatangiye gukemura icyo kibazo kuko hari ishuri perezida wa Repuburika yaduhaye Simbwa ryuzuye ndetse ahitwa Gikobwa muri Rwimbogo twabahaye primaire nshya mu gihe abana bakoraga ibirometero 16, ahitwa Nyagakorokombe muri Muhura, muri Kageyo, muri Rugarama, na Rwimbogo, hari aho abana bakora ibirometero 14 na 12 muri uyu mwaka hari amashuri tuzubaka ariko tuzagenda duhera ku bababaye kurusha abandi bakora urugendo rurerure.\u201d<\/p>\n<p>Uretse amashuri abanza n\u2019ayimbuye mu Karere ka Gatsibo, hari n\u2019ikibazo cy\u2019abana b\u2019incuke badafite aho kwigira abenshi bigira mu nsengero ndetse kubera ubucye bw\u2019amashuri usanga abarimu babangamirwa no kutabona agahimbazamusyi nk\u2019aho mu Murenge wa Gasenge ababyeyi bemereye umukorerabushake agahimbazamusyi ariko ntigatangwa.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Ngabonziza Justin<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage batuye mu Karere ka Gatsibo barasaba ubuyobozi kubatabara kubera amashuri ari kure bigatuma abanyeshuri biga mu mashuri abanza n\u2019ayisumbuye biga kure yabo. Ababyeyi bavuga ko abana babo bakora urugendo rurerure cyane bajya kwiga bitewe n\u2019uko aho batuye ari kure y\u2019ahari amashuri. Umwe mu babyeyi avuga ko abana babo biga kure y\u2019aho batuye ku buryo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6523","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage batuye mu Karere ka Gatsibo barasaba ubuyobozi kubatabara kubera amashuri ari kure bigatuma abanyeshuri biga mu mashuri abanza n\u2019ayisumbuye biga kure yabo. Ababyeyi bavuga ko abana babo bakora urugendo rurerure cyane bajya kwiga bitewe n\u2019uko aho batuye ari kure y\u2019ahari amashuri. Umwe mu babyeyi avuga ko abana babo biga kure y\u2019aho batuye ku buryo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-24T14:15:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:57:44+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6523#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6523\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa\",\"datePublished\":\"2017-07-24T14:15:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:57:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6523\"},\"wordCount\":373,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6523#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6523\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6523\",\"name\":\"Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-07-24T14:15:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:57:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6523#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6523\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6523#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa - BWIZA","og_description":"Abaturage batuye mu Karere ka Gatsibo barasaba ubuyobozi kubatabara kubera amashuri ari kure bigatuma abanyeshuri biga mu mashuri abanza n\u2019ayisumbuye biga kure yabo. Ababyeyi bavuga ko abana babo bakora urugendo rurerure cyane bajya kwiga bitewe n\u2019uko aho batuye ari kure y\u2019ahari amashuri. Umwe mu babyeyi avuga ko abana babo biga kure y\u2019aho batuye ku buryo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-07-24T14:15:22+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:57:44+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa","datePublished":"2017-07-24T14:15:22+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:57:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523"},"wordCount":373,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6523#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523","name":"Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-07-24T14:15:22+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:57:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6523"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6523#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gatsibo: Barinubira kubyuka iya rubika kubera amashuri ari iyo bigwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6523","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6523"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6523\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6523"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6523"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6523"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}