{"id":65462,"date":"2024-02-21T14:16:45","date_gmt":"2024-02-21T12:16:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=65462"},"modified":"2024-02-21T14:16:45","modified_gmt":"2024-02-21T12:16:45","slug":"frw-miliyoni-795-yatikiriye-mu-kubaka-icyanya-cy-inganda-cya-nyabihu-cyadindiye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462","title":{"rendered":"Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy&#8217;inganda cya Nyabihu cyadindiye"},"content":{"rendered":"<p><strong>Minisitiri w&#8217;Ubucuruzi n&#8217;Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, yasobanuye ko hari abayobozi bafatiwe ibihano abandi bakurikiranwa n&#8217;inzego zirimo iz&#8217;ubutabera bazira Frw miliyoni 795 yapfushijwe ubusa hubakwa icyanya cy&#8217;inganda cya Nyabihu.<\/strong><\/p>\n<p>Minisitiri Ngabitsinze yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 20 Mutarama, ubwo yitabaga abadepite ngo asobanure aho gahunda ya Leta y&#8217;u Rwanda yo kubaka ibyanya by&#8217;inganda hirya no hino igeze.<\/p>\n<p>Ibyanya by&#8217;inganda birindwi ni byo u Rwanda rwari rwiyemeje kubaka, mu rwego rwo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda ndetse no guhanga imirimo.<\/p>\n<p>Kimwe mu byari byatangiye kubakwa harimo icyo mu murenge wa Mukamira ho mu karere ka Nyabihu cyari cyamaze kubakwamo inganda zirimo urutunganya amata, urukora ifiriti mu birayi ndetse n&#8217;urwa kawunga.<\/p>\n<p>Minisitiri Ngabitsinze yasobanuriye abadepite ko imirimo yo kubaka iki cyanya yahagaritswe nyuma yo gusanga ibyagombaga kujya bigikorerwamo bizajya binakorerwa mu cyanya cya Musanze byegeranye.<\/p>\n<p>Depite Ndangiza Madina yamenyesheje Minisitiri w&#8217;Ubucuruzi n&#8217;Inganda ko n&#8217;ubwo imirimo yo kubaka kiriya cyanya yahagaze hari Frw miliyoni 795 yari yaramaze kugishorwamo, amubaza uko aya mafaranga yatikiye azagaruzwa.<\/p>\n<p>Minisitiri Ngabitsinze yemeye ko mbere yo gutangira kubaka kiriya cyanya habayeho &#8220;igenamigambi ripfuye&#8221;, gusa avuga ko abagize uruhare mu gupfusha ubusa amafaranga yagitakarijweho bakurikiranwe n&#8217;inzego z&#8217;ubutabera.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nzi ko hari ababibajijwe n\u2019inzego zibishinzwe, hari abaguze imashini, hari abari bayoboye icyo gihe buri wese mu rwego rwe n\u2019icyo ubushinjacyaha n\u2019ubugenzacyaha bugena n\u2019ubucamanza hari icyo bakoze. Abakoze amakosa ajyanye n\u2019imiyoborere barahanwe, ibyaha byagiye bikurikiranwa, ku buryo icyo twe dusabwa nk\u2019abari mu mirimo ni ukugira ngo ziriya nganda zikore&#8221;.<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: &#8220;Kuba amafaranga batayagarura cyangwa ataragarutse cyaba ari ikindi ariko abari barimo muri icyo gihe barayabajijwe\u2026na ho ubundi byo turemera ko amakosa yabaye nk\u2019uko twese tubizi.&#8221;<\/p>\n<p>Minisitiri Ngabitsinze yavuze ko icyanya cy&#8217;inganda cya Nyabihu cyasubitswe kugira ngo icya Musanze kibanze gitunganywe, kuko ari cyo cyihutirwa cyane.<\/p>\n<p>Yavuze ko Minisitiri ayoboye cyakora kuri ubu iri gukorera akarere ka Nyabihu inyigo nshya, mbere yo kukubakamo icyanya cy&#8217;inganda kizatunganya ibikomoka ku buhinzi n&#8217;ubworozi gusa.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri w&#8217;Ubucuruzi n&#8217;Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, yasobanuye ko hari abayobozi bafatiwe ibihano abandi bakurikiranwa n&#8217;inzego zirimo iz&#8217;ubutabera bazira Frw miliyoni 795 yapfushijwe ubusa hubakwa icyanya cy&#8217;inganda cya Nyabihu. Minisitiri Ngabitsinze yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 20 Mutarama, ubwo yitabaga abadepite ngo asobanure aho gahunda ya Leta y&#8217;u Rwanda yo kubaka ibyanya by&#8217;inganda hirya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-65462","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy&#039;inganda cya Nyabihu cyadindiye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy&#039;inganda cya Nyabihu cyadindiye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisitiri w&#8217;Ubucuruzi n&#8217;Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, yasobanuye ko hari abayobozi bafatiwe ibihano abandi bakurikiranwa n&#8217;inzego zirimo iz&#8217;ubutabera bazira Frw miliyoni 795 yapfushijwe ubusa hubakwa icyanya cy&#8217;inganda cya Nyabihu. Minisitiri Ngabitsinze yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 20 Mutarama, ubwo yitabaga abadepite ngo asobanure aho gahunda ya Leta y&#8217;u Rwanda yo kubaka ibyanya by&#8217;inganda hirya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-02-21T12:16:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65462#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65462\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy&#8217;inganda cya Nyabihu cyadindiye\",\"datePublished\":\"2024-02-21T12:16:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65462\"},\"wordCount\":344,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65462#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65462\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65462\",\"name\":\"Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy'inganda cya Nyabihu cyadindiye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-02-21T12:16:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65462#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65462\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65462#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy&#8217;inganda cya Nyabihu cyadindiye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy'inganda cya Nyabihu cyadindiye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy'inganda cya Nyabihu cyadindiye - BWIZA","og_description":"Minisitiri w&#8217;Ubucuruzi n&#8217;Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, yasobanuye ko hari abayobozi bafatiwe ibihano abandi bakurikiranwa n&#8217;inzego zirimo iz&#8217;ubutabera bazira Frw miliyoni 795 yapfushijwe ubusa hubakwa icyanya cy&#8217;inganda cya Nyabihu. Minisitiri Ngabitsinze yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 20 Mutarama, ubwo yitabaga abadepite ngo asobanure aho gahunda ya Leta y&#8217;u Rwanda yo kubaka ibyanya by&#8217;inganda hirya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-02-21T12:16:45+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy&#8217;inganda cya Nyabihu cyadindiye","datePublished":"2024-02-21T12:16:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462"},"wordCount":344,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65462#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462","name":"Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy'inganda cya Nyabihu cyadindiye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-02-21T12:16:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65462"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65462#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy&#8217;inganda cya Nyabihu cyadindiye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65462","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=65462"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65462\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=65462"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=65462"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=65462"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}