{"id":65527,"date":"2024-02-24T06:30:00","date_gmt":"2024-02-24T04:30:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=65527"},"modified":"2024-02-24T06:30:00","modified_gmt":"2024-02-24T04:30:00","slug":"rusizi-umunyeshuri-yirukanwe-burundu-azira-kuba-yarerekanye-cherie-we-kuri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527","title":{"rendered":"Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye &#8216;ch\u00e9rie&#8217; we kuri Saint-Valentin"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umunyeshuri wigaga muri muri Koleji ya Nkanka mu Karere ka Rusizi, yirukanwe burundu n&#8217;ubuyobozi bw&#8217;iri shuri bumuhora kuba ku wa 14 Gashyantare (ku munsi w&#8217;abakundana) yarerekanye umukobwa bakundanaga.<\/strong><\/p>\n<p>Uyu musore w&#8217;imyaka 22 y&#8217;amavuko wigaga Ishami ry&#8217;Imibare, Ubutabire n&#8217;Ibinyabuzima (MCB), yirukanwe mu gihe yiteguraga gukora ikizamini cya leta gisoza amashuri yisumbuye.<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko Saint-Valentin yahuriranye n\u2019isabukuru y\u2019amavuko y\u2019uwo musore, bituma akoresha ibirori mu ibanga rikomeye atumiramo abandi bahungu 15 na bo bafite abakunzi mu bakobwa bigana muri icyo kigo.<\/p>\n<p>Abatumiwe na bo buri wese yazanaga n\u2019umukunzi we, muri ibyo birori byabaye mu gihe abandi banyeshuri bari bagiye gufata ifunguro rya nimugoroba.<\/p>\n<p>Umuyobozi wa Koleji ya Nkanka, Mbonabucya Cyiza Modeste, yabwiye Imvaho Nshya ko batunguwe n\u2019iyo myifatire y\u2019abanyeshuri.<\/p>\n<p>Yavuze ko inkuru y&#8217;ibyo birori yamenyekanye ubwo abashinzwe imyifatire y\u2019abanyeshuri bagenzuraga uko abana barya muri iryo joro, babonye harimo ababura benshi bibatera ikibazo.<\/p>\n<p>Ngo bahise batangira kuzenguruka ikigo babashakisha, babagwaho bari rimwe mu mashuri, ibirori bigeze aho umusore yerekana uwo mukobwa nk\u2019umukunzi we anamuha impano.<\/p>\n<p>Mbyayingabo yakomeje agira ati: &#8220;Umwe mu bayobozi yarabakingiranye, tubabaza ibyo barimo, batubwira ko bari mu munsi w\u2019abakundana bateguye, dutangira gusesengura iyi myitwarire. Ku wa 19 Gashyantare twafashe icyemezo cyo kwirukana uriya wakoresheje icyo kirori, cyane ko butari ubwa mbere acika ikigo. Yari yarihanangirijwe bwa nyuma n\u2019ababyeyi be barabisinyira ko niyongera ayo makosa azirukanwa burundu.&#8221;<\/p>\n<p>Yaboneyeho gushimangira ko agakungu k\u2019abanyeshuri b\u2019abahungu n\u2019abakobwa kari mu makosa azwi yirukanisha abanyeshuri muri icyo kigo.<\/p>\n<p>Uyu muyobozi ubwo yabazwaga ikosa uriya musore yakoze ryamwirukanisha burundu kandi yiteguraga ikizamini cya Leta, yasubije ko &#8220;Ni menshi. Irya mbere ni ugucika ikigo akajya kugura amandazi hanze yacyo ari bukoreshe muri ibyo birori. Irya 2 ni ukwinjiza ibiryo cyangwa ibitemewe mu kigo kuko ashobora kuzana ibihumanye, ingorane byadukururira namwe murazumva.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: \u201cIkosa rya 3 ni ukudekarara (d\u00e9clarer) urukundo mu kigo kandi iby\u2019inkundo mu mashuri ntibyemewe rwose, namwe ubwanyu muzi ingorane bishobora gukurura zirimo ubusambanyi abantu batarebye neza, gutwara inda zitateganyijwe bikurikiraho,n\u2019izindi ngaruka. Irindi kosa ni ugukoresha ibirori mu kigo ubuyobozi butabizi.\u201d<\/p>\n<p>Abajijwe impamvu hirukanywe umwe, yasubije ko hirukanywe nyirabayazana wabyo, wari unasanganywe indi myitwarire mibi, abandi barimo uwo mukobwa wagaragajwe nk\u2019umukunzi uwo munsi, batumwa ababyeyi.<\/p>\n<p>Yavuze ko uyu musore atasaba imbabazi ngo ababarirwe kuko yarenze ihaniro, ahubwo ko yajya gushaka ishuri ahandi cyane ko n\u2019amalisiti y\u2019abazakora ikizamini cya Leta atarakorwa.<\/p>\n<p>Umunyeshuri wirukanwe avuga ko yumva nta cyaha yakoze cyamwirukanisha burundu, asaba akarere kumurenganura akagaruka mu masomo.<\/p>\n<p>Ati: \u201cIkosa nemera ni ugukorera ikirori mu kigo bitemewe. Nateguye umunsi wanjye w\u2019amavuko, bagenzi banjye bambwira ko nta wundi mwaka tuzongera guhura twese, bankorera ikirori. Buri wese yatanze amafaranga 500 tugura amandazi muri kantine y\u2019ishuri tunatekesha icyayi utujerikani tubiri. Mu banyeshuri 33 buri wese yari yemerewe amandazi 4 n\u2019igikombe cy\u2019icyayi. Sinigeze ntoroka ikigo.\u201d<\/p>\n<p>Yavuze ko atigeze yerekana umukunzi kuko n\u2019uwo mukobwa atari we wamutumiye ahubwo yatumiwe na mugenzi we wari usanzwe azi ko bari inshuti.<\/p>\n<p>Ati: \u201cNta rukundo rundi dufitanye, ni ubucuti busanzwe butanakomeye sinzi impamvu babiremereza. Kunyirukana burundu numva nararenganye cyane. Nk\u2019ubu nari mfite inzozi zo kuba ingabo y\u2019igihugu. Banyirukanye baba banahombeje Igihugu cyane, kandi aho bigeze nta handi nabona ishuri.\u201d<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere ka Rusizi wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage Dukuzumuremyi Anne-Marie, yabwiye Imvaho Nshya ko batari bazi iyo nkuru, ariko ko abanyeshuri batajya bakora amakosa ngo amategeko nakurikizwa akarere kanjye gusaba imbabazi.<\/p>\n<p>Ati: \u201cKwaba ari ugukurura uburara kandi muzi ko hari n\u2019amashuri abana barengera bakanishora mu busambanyi ku ishuri. Ni hakurikizwe icyo amategeko y\u2019ishuri ateganya jye numva nta kirenze icyotwakora.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyeshuri wigaga muri muri Koleji ya Nkanka mu Karere ka Rusizi, yirukanwe burundu n&#8217;ubuyobozi bw&#8217;iri shuri bumuhora kuba ku wa 14 Gashyantare (ku munsi w&#8217;abakundana) yarerekanye umukobwa bakundanaga. Uyu musore w&#8217;imyaka 22 y&#8217;amavuko wigaga Ishami ry&#8217;Imibare, Ubutabire n&#8217;Ibinyabuzima (MCB), yirukanwe mu gihe yiteguraga gukora ikizamini cya leta gisoza amashuri yisumbuye. Amakuru avuga ko Saint-Valentin yahuriranye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-65527","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye &#039;ch\u00e9rie&#039; we kuri Saint-Valentin - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye &#039;ch\u00e9rie&#039; we kuri Saint-Valentin - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyeshuri wigaga muri muri Koleji ya Nkanka mu Karere ka Rusizi, yirukanwe burundu n&#8217;ubuyobozi bw&#8217;iri shuri bumuhora kuba ku wa 14 Gashyantare (ku munsi w&#8217;abakundana) yarerekanye umukobwa bakundanaga. Uyu musore w&#8217;imyaka 22 y&#8217;amavuko wigaga Ishami ry&#8217;Imibare, Ubutabire n&#8217;Ibinyabuzima (MCB), yirukanwe mu gihe yiteguraga gukora ikizamini cya leta gisoza amashuri yisumbuye. Amakuru avuga ko Saint-Valentin yahuriranye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-02-24T04:30:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65527#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65527\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye &#8216;ch\u00e9rie&#8217; we kuri Saint-Valentin\",\"datePublished\":\"2024-02-24T04:30:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65527\"},\"wordCount\":605,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65527#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65527\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65527\",\"name\":\"Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye 'ch\u00e9rie' we kuri Saint-Valentin - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-02-24T04:30:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65527#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65527\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65527#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye &#8216;ch\u00e9rie&#8217; we kuri Saint-Valentin\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye 'ch\u00e9rie' we kuri Saint-Valentin - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye 'ch\u00e9rie' we kuri Saint-Valentin - BWIZA","og_description":"Umunyeshuri wigaga muri muri Koleji ya Nkanka mu Karere ka Rusizi, yirukanwe burundu n&#8217;ubuyobozi bw&#8217;iri shuri bumuhora kuba ku wa 14 Gashyantare (ku munsi w&#8217;abakundana) yarerekanye umukobwa bakundanaga. Uyu musore w&#8217;imyaka 22 y&#8217;amavuko wigaga Ishami ry&#8217;Imibare, Ubutabire n&#8217;Ibinyabuzima (MCB), yirukanwe mu gihe yiteguraga gukora ikizamini cya leta gisoza amashuri yisumbuye. Amakuru avuga ko Saint-Valentin yahuriranye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-02-24T04:30:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye &#8216;ch\u00e9rie&#8217; we kuri Saint-Valentin","datePublished":"2024-02-24T04:30:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527"},"wordCount":605,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65527#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527","name":"Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye 'ch\u00e9rie' we kuri Saint-Valentin - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-02-24T04:30:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65527"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65527#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Umunyeshuri yirukanwe burundu azira kuba yarerekanye &#8216;ch\u00e9rie&#8217; we kuri Saint-Valentin"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65527","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=65527"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65527\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=65527"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=65527"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=65527"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}