{"id":65621,"date":"2024-02-29T16:07:13","date_gmt":"2024-02-29T14:07:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=65621"},"modified":"2024-02-29T16:07:13","modified_gmt":"2024-02-29T14:07:13","slug":"ubushakashatsi-abagabo-bipimye-ko-batwite-bishobora-kugaragaza-kanseri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621","title":{"rendered":"Ubushakashatsi: Abagabo bipimye ko batwite bishobora kugaragaza kanseri"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Ubusanzwe abantu benshi bamenyereye ko iyo umugore cyangwa se umukobwa yifuza kumenya niba yarasamye, afata icyemezo cyo kuba yakwisuzuma akoresheje udukoresho twabugenewe, cyangwa se akagana ivuriro rimwegereye bakamusuzuma bityo akamenya uko ahagaze. <\/em>  <\/strong> <\/p>\n<p>Umugabo mu buryo bw&#8217;imikino yafashe agakoresho abagore bakoresha bipima ko batwite, uwahoze ari umukunzi we yasize muri cabinet ye y&#8217;ubuvuzi, arangije asangiza inshuti ze igisubizo gitangaje yabonye kigaragaza ko atwite cyangwa &#8220;positive&#8221; na bo babikwiza ku mbuga nkoranyambaga ariko bagize ibanga amazina ye, maze bitangwaho comments zigera ku 1600.<\/p>\n<p>Utwuma dupima ko umuntu atwite (Pregnancy tests) dugushakisha icyo bita chorionic gonadotropine (HCG), imisemburo iba mu maraso n&#8217;inkari bikorwa na placenta ikura.<\/p>\n<p>Ubushakashatsi rero bwagaragaje ko ubwoko bumwe na bumwe bwa kanseri y&#8217;udusabo tw&#8217;intanga nabwo bukora imisemburo nk&#8217;iyo.<\/p>\n<p>Abahanga batandukanye ku ngingo zijyanye n\u2019imyororokere y\u2019umubiri w\u2019umuntu, ndetse na kanseri bagaragaje ko abagabo bisuzumishije bagasanga ibipimo bigaragaza ko batwite, icyo gihe haba hari amahirwe menshi yo kuba barwaye kanseri yibasira udusabo tw\u2019intanga ngabo (Testicular Cancer) aho kuba batwite. <\/p>\n<p>Muri iyi nkuru ya BWIZA, tugiye kugaruka ku bushakashatsi bwakozwe bugaragaza impamvu umugabo wisuzumishije ko atwite ashobora kumenya niba arwaye kanseri ikunze kwibasira udusabo dushinzwe gukora intanga ngabo. Ikindi kandi ni uko buri gihe kuba ibisubizo by\u2019ibipimo byerekanye ibisa neza nk\u2019iby\u2019umugore utwite bitaba bisobanuye ko umugabo atwite cyangwa se arwaye kanseri bidasubirwaho. Hari n\u2019ibindi bibazo by\u2019ubuzima bishobora gutuma abaganga bakwibeshya ko ari kanseri.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko tubikesha imbuga zitandukanye nka MD Anderson Cancer Center, Fox 59, Austin Fertility, USA Today, Healthline, na Click2Houston, byagaragajwe ko kanseri yibasira udusabo tw\u2019intanga ku bagabo ihangayikishije, nubwo imibare y\u2019abayirwaye ku isi idatumbagira cyane, cyangwa se hamwe na hamwe hakaba abazengerejwe nayo ariko bakaba batanazwi.<\/p>\n<p><strong>Ese abagabo kwipimisha ko batwite bihurira he na kanseri y\u2019udusabo tw\u2019intanga?<\/strong><\/p>\n<p>Iki kibazo cyasubizwa byoroshye n\u2019inyandiko yo ku rubuga rwa MD Anderson Cancer Center, aho umugabo yisuzumye ko atwite akoresheje udukoresho dusanzwe dukoreshwa mu gusuzuma abagore, mu buryo butunguranye ibisubizo byaje ari nk\u2019iby\u2019umugore utwite.<\/p>\n<p>Ibyabaye kuri uyu mugabo byatumye abaganga baza gutahura ko arwaye kanseri yibasira udusabo dukora intanga ngabo. Impamvu aba bahanga bahurizaho ni uko hari imisemburo itandukanye ivuburwa n\u2019utu dusabo mu gihe twaba twatatswe na kanseri.<\/p>\n<p>Ubwo abaganga bageragezaga kumenya neza aho bihuriye kuba umugabo yakwipima bigasa nkaho atwite kandi tubimenyereye ku bagore. Basanze buri gihe gusuzuma kanseri y\u2019udusabo tw\u2019intanga ngabo biba atari kimwe nko gusuzuma ko habayeho gusama. Umusemburo witwa \u2018human chorionic gonadotropin\u2019 (HCG), uboneka mu maraso ndetse n\u2019inkari by\u2019umugore, uyu musemburo usanzwe uvuburwa n\u2019ingobyi iba iri kwirema muri nyababyeyi igihe umugore yasamye cyangwa se urusoro rwatangiye gukura.<\/p>\n<p>Byagaragaye ko hari ubwoko bwinshi bwa kanseri z\u2019udusabo tw\u2019intanga ngabo, kandi zivubura imisemburo imeze neza nk\u2019iyivuburwa mu gihe umugore atwite. Ibi bisobanuye ko umugabo aramutse abonye ko uyu musemburo wa HCG ugaragara mu bipimo bye yafashe, akwiriye kwitonda kuko byaba ari impuruza y\u2019ikibazo gikomeye.<\/p>\n<p>Bwana Christopher Wood, impuguke mu by\u2019ubuzima bw\u2019imiyoboro y\u2019imyororokere, yasobanuye ko atari ihame ko umugabo yakwemeza ko afite kanseri y\u2019udusabo tw\u2019intanga, mu gihe yaba yisuzumye akoresheje ibipimo bisanzwe bisuzuma ko umugore atwite.<\/p>\n<p>Uyu muganga akaba n\u2019inzobere, yemeje ko hariho bumwe mu bwoko bw\u2019iyi kanseri butuma ikigero cy\u2019uyu musemburo wa human chorionic gonadotropin uzamuka, ariko hakabaho n\u2019ubundi bwoko aho nta mpinduka zigaragara mu kigero cyawo cyari gisanzwe mu mubiri. <\/p>\n<p>Ati \u201cbamwe bashobora gushukwa n\u2019ibipimo bakibwira ko barwaye iyi kanseri, cyangwa se abandi bagahangayika ngo bararwaye nyamara hari izindi mpamvu zibyihishe inyuma.\u201d<\/p>\n<p>Muganga Wood, agira inama abagabo ko bajya bihutira kujya kwa muganga mu gihe babonye ibimenyetso bidasanzwe, bigaragaza ko bashobora kuba barwaye kanseri ifata udusabo tw\u2019intanga ngabo. <\/p>\n<p>Zimwe mu mpinduka zishobora kwereka umugabo ko agererewe n\u2019iyi kanseri y\u2019imbonekarimwe harimo: kuzana ibibyimba bidasanzwe mu dusabo tw\u2019intanga, kubyimba k\u2019udusabo \u2018testicles\u2019, kumva uburemere budasanzwe bw\u2019udusabo, kumva hari uburibwe bubangamye kandi butari busanzwe, hamwe no kumva udusabo tumubangamiye ku buryo bumubuza amahwemo.<\/p>\n<p>Ikindi uyu muganga yavuze n\u2019uko byafasha abagabo bose kujya bisuzuma byibura inshuro imwe mu kwezi. Yasobanuye ko iyi kanseri yibasira udusabo tw\u2019intanga ngabo itangira igaragazwa n\u2019utubyimba duto kandi tuba tutababaza, ari nayo mpamvu kwisuzuma hakiri kare byakongera amahirwe yo kuba yavurwa igakira.<\/p>\n<p>Kanseri y\u2019udusabo tw\u2019intanga ngabo ntabwo ikunze kugaragara cyane tugereranyije n\u2019ubundi bwoko bwa za kanseri zihitana imbaga nyamwinshi nka kanseri y&#8217;ibihaha, iy\u2019umwijima n\u2019izindi. Ariko yihariye igipimo cya 1% bya kanseri zose zikunze kwibasira abagabo mu ngeri zitandukanye, ikindi kandi iboneka cyane mu bagabo bari mu kigero cy\u2019imyaka hagati ya 15 na 35. Wood, asobanura ko abibasirwa cyane ari abari hagati y\u2019imyaka ya 20 na 30, gusa hari nabo byagaragaye ko bayirwaye bafite munsi y\u2019imyaka 15 ndetse no hejuru ya 55.<\/p>\n<p>Iyi ndwara ya kanseri ibaho iyo uturemangingo two mu dusabo tw\u2019intanga ngabo turi gukura mu buryo budasanzwe ndetse n\u2019umubiri ubwawo ntubashe kutugenzura. Ibi nibyo bituma habaho kwangirika kw\u2019amwe mu matsinda y\u2019uturemangingo bigatuma udusabo dutakaza ubushobozi bwatwo bwo gukora ibyo dushinzwe. Kugeza magingo aya ntiharamenyekana ikintu nyamukuru cyaba gitera iyi kanseri.<\/p>\n<p>Hari uburyo butandukanye bwifashishwa n\u2019abahanga mu gusuzuma ko umugabo yaba afite kanseri y\u2019udusabo tw\u2019intanga twe. Ubu buryo buza bwiyongera ku bwo twagarutseho bundi bwo gusuzuma niba umugabo adafite umusemburo wa human chorionic gonadotropin, nawo byemezwa ko kuwusangana umugabo ku kigero cyo hejuru aba ari mu byago.<\/p>\n<p>Bumwe mu buryo bundi bukoresha harimo ubwifashisha amajwi, buzwi nka Ultrasound; ubu buryo bubasha kuba bwafata ibimeze nk\u2019amafoto agaragaza uko udusabo tumeze, ndetse niba hari utubyimba natwo tukagaragara ku buryo bworoshye. <\/p>\n<p>Ubundi buryo bukoreshwa ni ugufata ikizamini cy\u2019amaraso bagasuzumamo ingano y\u2019imisemburo imenyerewe gusanganwa abagore batwite, iyi misemburo ya HCG na AFP (alpha-fetoprotein) ubusanzwe inifashishwa mu kwerekana ko mu mubiri harimo ibibyimba bya kanseri y\u2019udusabo tw\u2019intanga ngabo. Ubwiyongere bw\u2019iyi misemburo ya HCG na AFP bifasha umuganga kuba yamenya ubwoko ndetse n\u2019ikigero kanseri ishobora kuba igezeho. <\/p>\n<p>Ese hari uburyo bwo kuvuramo iyi kanseri y\u2019udusabo tw\u2019intanga ngabo? <\/p>\n<p>Uburyo bwa mbere bwemezwa ko bwizewe n\u2019uko udusabo tw\u2019intanga tubagwa tukavanwaho burundu, kubaga agace karwaye kose byongera amahirwe yo gukira, mu gihe kubaga akabyimba gusa bituma ahubwo kanseri ikwira no mu bindi bice by\u2019umubiri itari irimo, nk\u2019uko byasobanuwe n\u2019inzobere yitwa Wood. Andi mahitamo ashoboka mu kuvura iyi kanseri harimo gukoresha imiti ndetse n\u2019imirasire y\u2019ubukana ishobora gushiririza ibibyimba.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubusanzwe abantu benshi bamenyereye ko iyo umugore cyangwa se umukobwa yifuza kumenya niba yarasamye, afata icyemezo cyo kuba yakwisuzuma akoresheje udukoresho twabugenewe, cyangwa se akagana ivuriro rimwegereye bakamusuzuma bityo akamenya uko ahagaze. Umugabo mu buryo bw&#8217;imikino yafashe agakoresho abagore bakoresha bipima ko batwite, uwahoze ari umukunzi we yasize muri cabinet ye y&#8217;ubuvuzi, arangije asangiza inshuti [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":49,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-65621","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubushakashatsi: Abagabo bipimye ko batwite bishobora kugaragaza kanseri - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubushakashatsi: Abagabo bipimye ko batwite bishobora kugaragaza kanseri - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubusanzwe abantu benshi bamenyereye ko iyo umugore cyangwa se umukobwa yifuza kumenya niba yarasamye, afata icyemezo cyo kuba yakwisuzuma akoresheje udukoresho twabugenewe, cyangwa se akagana ivuriro rimwegereye bakamusuzuma bityo akamenya uko ahagaze. Umugabo mu buryo bw&#8217;imikino yafashe agakoresho abagore bakoresha bipima ko batwite, uwahoze ari umukunzi we yasize muri cabinet ye y&#8217;ubuvuzi, arangije asangiza inshuti [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-02-29T14:07:13+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Dieudonne GISUBIZO\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Dieudonne GISUBIZO\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65621#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65621\"},\"author\":{\"name\":\"Dieudonne GISUBIZO\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12\"},\"headline\":\"Ubushakashatsi: Abagabo bipimye ko batwite bishobora kugaragaza kanseri\",\"datePublished\":\"2024-02-29T14:07:13+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65621\"},\"wordCount\":1059,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65621#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65621\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65621\",\"name\":\"Ubushakashatsi: Abagabo bipimye ko batwite bishobora kugaragaza kanseri - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-02-29T14:07:13+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65621#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65621\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=65621#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubushakashatsi: Abagabo bipimye ko batwite bishobora kugaragaza kanseri\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12\",\"name\":\"Dieudonne GISUBIZO\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=49\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubushakashatsi: Abagabo bipimye ko batwite bishobora kugaragaza kanseri - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubushakashatsi: Abagabo bipimye ko batwite bishobora kugaragaza kanseri - BWIZA","og_description":"Ubusanzwe abantu benshi bamenyereye ko iyo umugore cyangwa se umukobwa yifuza kumenya niba yarasamye, afata icyemezo cyo kuba yakwisuzuma akoresheje udukoresho twabugenewe, cyangwa se akagana ivuriro rimwegereye bakamusuzuma bityo akamenya uko ahagaze. Umugabo mu buryo bw&#8217;imikino yafashe agakoresho abagore bakoresha bipima ko batwite, uwahoze ari umukunzi we yasize muri cabinet ye y&#8217;ubuvuzi, arangije asangiza inshuti [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-02-29T14:07:13+00:00","author":"Dieudonne GISUBIZO","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Dieudonne GISUBIZO","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621"},"author":{"name":"Dieudonne GISUBIZO","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12"},"headline":"Ubushakashatsi: Abagabo bipimye ko batwite bishobora kugaragaza kanseri","datePublished":"2024-02-29T14:07:13+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621"},"wordCount":1059,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65621#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621","name":"Ubushakashatsi: Abagabo bipimye ko batwite bishobora kugaragaza kanseri - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-02-29T14:07:13+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=65621"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=65621#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubushakashatsi: Abagabo bipimye ko batwite bishobora kugaragaza kanseri"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12","name":"Dieudonne GISUBIZO","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=49"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65621","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/49"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=65621"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/65621\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=65621"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=65621"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=65621"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}