{"id":6565,"date":"2017-08-09T09:00:44","date_gmt":"2017-08-09T09:00:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/09\/rutsiro-uruganda-rw-icyayi-rwagombaga-kujya-rutunganya-toni-75-ku-munsi-ubu\/"},"modified":"2025-02-12T15:53:19","modified_gmt":"2025-02-12T13:53:19","slug":"rutsiro-uruganda-rw-icyayi-rwagombaga-kujya-rutunganya-toni-75-ku-munsi-ubu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565","title":{"rendered":"Rutsiro: Uruganda rw\u2019icyayi rwagombaga kujya rutunganya toni 75 ku munsi ubu rubona toni 15 gusa"},"content":{"rendered":"<p>Uruganda rw\u2019icyayi rwa Rutsiro \u201cRutsiro Tea Factory\u201d rwubatse mu Murenge Gihango mu Karere ka Rutsiro, arinaho rufite ubuso bunini buhinzeho icyayi cy\u2019uruganda. Urwo ruganda rwubatswe ndetse runashyirwamo ibikoresho ku bushobozi bwo gutunganya toni 75 z\u2019icyayi kibisi. Kuri ubu ariko ngo rubona hagati ya toni 10 na 15 zonyine. Ibice bimwe by\u2019uru ruganda ntibirakoreshwa kubera umusaruro muke kuva mu mwaka wa 2014 rutangiye.<\/p>\n<p>Umuyobozi wungirije w\u2019uruganda rw\u2019icyayi rwa Rutsiro, Nsanzimfura Jean Damascene avuga ko nyuma yo kubona ko intego y\u2019umusaruro bari biteze kubona bubaka uruganda itagezweho, bafashe icyemezo cyo kurugabanyiriza ubushobozi ariko nabwo bukaba butaraboneka. Agira ati \u201c ubundi uruganda rwubatswe ruteganya kubona toni 75 ku munsi ariko ubwo bushobozi ntibwabonetse haza kubaho kurugabanyiriza ubushobozi dushyira kuri toni 30. Na zo ariko ntiziraboneka neza kuko ubu turi kubona hagati ya toni 10 na 15 ku minsi\u201d.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-71975\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"533\" \/><\/a><\/p>\n<p>Akomeza avuga ko imwe mu ntandaro z\u2019ibura ry\u2019umusaruro ari uko ubuso buhinzeho icyayi bukiri bukeya kuko butagera no kuri \u00bd cy\u2019ubwo uruganda ruteganya kuba rwakuraho umusaruro rwifuza gutunganya. Agaruka ku buke bw\u2019ubwo buso Nsanzimfura Jean Damascene avuga ko igikenewe ari ugukundisha abatuye Rutsiro guhinga icayi no kucyitaho. Agira ati \u201cigikenewe by\u2019umwihariko ni ugushishikariza abaturage guhinga icyayi. Kugeza ubu turacyafite imirima mikeya, dufite hegitari 300 nk\u2019uruganda. Iz\u2019abaturage na zo ni nkeya ni hegitari zigera kuri 400 zera ariko zirimo izitameze neza. Ni ukubafasha kugira ngo icyayi bagikunde banagihingire kugira ngo uruganda rubone icyayi gihangije. Duteganya kugira hegitare 2,000 uko ubushobozi bwifuzwa, nibwo uruganda rwaba rugiye gukora neza.\u201d<br \/>\n<figure id=\"attachment_71973\" aria-describedby=\"caption-attachment-71973\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/igice-cyuruganda-gikoreshwa-ariko-nacyo-kitabona-umusaruro-ucyuzuza.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-71973\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/igice-cyuruganda-gikoreshwa-ariko-nacyo-kitabona-umusaruro-ucyuzuza.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"533\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-71973\" class=\"wp-caption-text\">Igice cy&#8217;uruganda gikoreshwa ariko nacyo kitabona umusaruro ucyuzuza<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Kuba ubuso buhinzweho icyayi bugizwe n\u2019imwe mu mirima y\u2019abaturage ikiri mishya nabyo ngo biratanga icyizere igihe icyo cyayi kizaba kimaze kwera. Nsanzimfura Jean Damascene akavuga ko hari icyizere cy\u2019uko ishobora kuzaba itanga umusaruro mu gihe cy\u2019imyaka itatu cyangwa itanu iri imbere, agira ati \u201c biterwa nuko imirima ikiri mishya, iy\u2019abaturage ntirafata ariko dufite icyizere ko mu gihe cy\u2019imyaka mikeya nk\u2019itatu cyangwa itanu ruzaba rukora kuri capacite (ubushobozi) yarwo\u201d.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/hamwe-nibwo-icyayi-kigihingwa.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-71972\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/hamwe-nibwo-icyayi-kigihingwa.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"533\" \/><\/a><\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019akarere ka Rutsiro wungirije ushinzwe iterambere ry\u2019ubukungu Innocent Munyakazi avuga ko aho uru ruganda rwubatswe hatoranyijwe kuko hateraga indi myaka, abaturage bakaba bafashwa guhinga icyayi kugeza batangiye kugisarura bityo bakaba bizeye ko abaturage bazajya bakomeza gushishikarira kugihinga. Agira ati \u201c kugira ngo hatekerezwe ko ruriya ruganda rwubakwa hariya,  cyangwa hatekerezwe guhingwa icyayi, ni uko mu by\u2019ukuri hariya gihinze ni mu misozi miremire aho wasangaga n\u2019ubuhinzi bw\u2019ibindi bihingwa bitagikunze kuhera.\u2026 natwe turabafasha twagiye tubafasha hatangira gahunda yo kubibakangurira bagatanga imirima ya bo baranafashwa mu buryo bwo kugihinga, hari amafaranga bahawe yo kucyitaho kugeza igihe batangiye kubonera umusaruro abagihinze barabizi. Mu minsi iri imbere rero ahubwo n\u2019abandi bazajya basaba kugihinga kubera inyungu abagihinze batangiye kubona\u201d.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/hamwe-icyayi-ntikirafata.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-71976\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/hamwe-icyayi-ntikirafata.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"533\" \/><\/a><\/p>\n<p>Ikiro cy\u2019icyayi kibisi umuturage ukizanye ku ruganda ahabwa amafaranga y\u2019u Rwanda 274 kikaba cyaravuye ku mafaranga y\u2019u Rwanda 180 mu mezi ane ashize. Cyazamuriwe igiciro n\u2019ikogo cy\u2019igihugu gishinzwe ibyoherezwa mu mahanga NEB biturutse ku buryohe bw\u2019icyayi cyera mu misozi y\u2019Akarere ka Rutsiro. Uruganda rw\u2019icyayi rwa Rutsiro rwatangiye gutegura imirima y\u2019icyayi mu mwaka wa 2008, rushingwa  mu mwaka wa 2014,  kuri ubu rukaba rukoresha abakozi 850.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Twarabanye Venuste\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uruganda rw\u2019icyayi rwa Rutsiro \u201cRutsiro Tea Factory\u201d rwubatse mu Murenge Gihango mu Karere ka Rutsiro, arinaho rufite ubuso bunini buhinzeho icyayi cy\u2019uruganda. Urwo ruganda rwubatswe ndetse runashyirwamo ibikoresho ku bushobozi bwo gutunganya toni 75 z\u2019icyayi kibisi. Kuri ubu ariko ngo rubona hagati ya toni 10 na 15 zonyine. Ibice bimwe by\u2019uru ruganda ntibirakoreshwa kubera umusaruro [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6565","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rutsiro: Uruganda rw\u2019icyayi rwagombaga kujya rutunganya toni 75 ku munsi ubu rubona toni 15 gusa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rutsiro: Uruganda rw\u2019icyayi rwagombaga kujya rutunganya toni 75 ku munsi ubu rubona toni 15 gusa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uruganda rw\u2019icyayi rwa Rutsiro \u201cRutsiro Tea Factory\u201d rwubatse mu Murenge Gihango mu Karere ka Rutsiro, arinaho rufite ubuso bunini buhinzeho icyayi cy\u2019uruganda. Urwo ruganda rwubatswe ndetse runashyirwamo ibikoresho ku bushobozi bwo gutunganya toni 75 z\u2019icyayi kibisi. Kuri ubu ariko ngo rubona hagati ya toni 10 na 15 zonyine. Ibice bimwe by\u2019uru ruganda ntibirakoreshwa kubera umusaruro [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-09T09:00:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:53:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rutsiro: Uruganda rw\u2019icyayi rwagombaga kujya rutunganya toni 75 ku munsi ubu rubona toni 15 gusa\",\"datePublished\":\"2017-08-09T09:00:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:53:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565\"},\"wordCount\":551,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565\",\"name\":\"Rutsiro: Uruganda rw\u2019icyayi rwagombaga kujya rutunganya toni 75 ku munsi ubu rubona toni 15 gusa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg\",\"datePublished\":\"2017-08-09T09:00:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:53:19+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6565#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rutsiro: Uruganda rw\u2019icyayi rwagombaga kujya rutunganya toni 75 ku munsi ubu rubona toni 15 gusa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rutsiro: Uruganda rw\u2019icyayi rwagombaga kujya rutunganya toni 75 ku munsi ubu rubona toni 15 gusa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rutsiro: Uruganda rw\u2019icyayi rwagombaga kujya rutunganya toni 75 ku munsi ubu rubona toni 15 gusa - BWIZA","og_description":"Uruganda rw\u2019icyayi rwa Rutsiro \u201cRutsiro Tea Factory\u201d rwubatse mu Murenge Gihango mu Karere ka Rutsiro, arinaho rufite ubuso bunini buhinzeho icyayi cy\u2019uruganda. Urwo ruganda rwubatswe ndetse runashyirwamo ibikoresho ku bushobozi bwo gutunganya toni 75 z\u2019icyayi kibisi. Kuri ubu ariko ngo rubona hagati ya toni 10 na 15 zonyine. Ibice bimwe by\u2019uru ruganda ntibirakoreshwa kubera umusaruro [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-09T09:00:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:53:19+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rutsiro: Uruganda rw\u2019icyayi rwagombaga kujya rutunganya toni 75 ku munsi ubu rubona toni 15 gusa","datePublished":"2017-08-09T09:00:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:53:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565"},"wordCount":551,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6565#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565","name":"Rutsiro: Uruganda rw\u2019icyayi rwagombaga kujya rutunganya toni 75 ku munsi ubu rubona toni 15 gusa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg","datePublished":"2017-08-09T09:00:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:53:19+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6565"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/kimwe-mu-bice-byisugi.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6565#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rutsiro: Uruganda rw\u2019icyayi rwagombaga kujya rutunganya toni 75 ku munsi ubu rubona toni 15 gusa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6565","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6565"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6565\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6565"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6565"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6565"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}