{"id":6567,"date":"2017-07-27T11:54:37","date_gmt":"2017-07-27T11:54:37","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/07\/27\/gicumbi-dr-habineza-yasezeranyije-guteza-imbere-abaturage-abavuzi-gakondo-n-039\/"},"modified":"2025-02-12T15:55:32","modified_gmt":"2025-02-12T13:55:32","slug":"gicumbi-dr-habineza-yasezeranyije-guteza-imbere-abaturage-abavuzi-gakondo-n-039","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567","title":{"rendered":"Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo  n&#039;umujyi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu gihe akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza ari mu karere ka Gicumbi yasezeranyije abagatuye guteza imbere imibereho myiza y\u2019Abanyarwanda ariko by\u2019umwihariko ateza imbere umujyi wa Gicumbi ndetse no guharanira uburenganzira bwabavuzi gakondo.<\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em> [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/em> <\/strong><br \/>\nTariki ya 26 Nyakanga 2017, Habineza yiyamamarije mu Mujyi wa Byumba hafi ya gare y\u2019uyu mujyi, aho yakiriwe n\u2019Umunyambanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Byumba.<br \/>\nMu byo yavuze azageza ku baturage, bijyanye n\u2019imibereho myiza ishingiye ku gukora ibikorwa bibateza imbere.<br \/>\nAha yahereye ku gihingwa cy\u2019ibirayi cyera muri aka karere ariko ngo azi neza ko abahinzi batisanzuye ku bijyanye n\u2019isoko, ni muri urwo rwego yabasezeranyije kuzabivugurura.<br \/>\nAti\u2019\u2019Tuzi ko muhinga ibirayi inaha, kandi tuzi neza ko mutishimiye ko ibirayi byanyu mudafite uburenganzira bwo kubigurisha ku isoko mwishakiye, ahubwo ko mwategetswe kubiha koperative, na yo igategeka kubaha igiciro yishakiye. Twebwe twemera gahunda yubwisanzure ku isoko.[..] izo koperative tuzazishakira akandi kazi zikora aho kugirango zibe zahombesha abaturage zibabuza gukora.\u2019\u2019<br \/>\nKu bijyanye n\u2019abavuzi gakondo, ngo bazafashwa kongera ubumenyi bwa bo bakomora ku mpano Imana yabahaye, ibyarire Abanyarwanda akamaro kisumbuyeho.<br \/>\nAti\u201dAbavuzi gakondo, tuzashyiraho itegeko ribemerera gukora, bahabwe ibyangombwa bakore akazi ka bo, kubera ko Imana ari yo yabanje kubemera mbere y\u2019uko Leta ibemera.\u2019\u2019<br \/>\n\u2019\u2019Bafite ubwenge Imana yabahaye, kandi imiti yacu abazungu baraza bakayitwara bakayigarura hano bakayitugurisha ku mafaranga menshi cyane.\u2019\u2019<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n\u2019\u2019Ahubwo twebwe hano tuzashyiraho uruganda rubafasha iriya miti ya gakondo tube twayikoramo imiti myiza natwe twakoresha nkabanyarwanda ndetse tube twanayigurisha abandi hanze.\u2019\u2019<br \/>\nDr Habineza yemeza ko uyu mujyi wa Gicumbi awuzi, kuko ngo ubwo yarangizaga kaminuza akagirwa umunyamabanga wihariye wa Minisitiri w\u2019ubutaka amazi amashyamba na mine.<br \/>\nMugorewera Drocella, uvuka muri aka karere ngo yahaje kenshi, ariko ngo n\u2019ubusanzwe azi ibibazo bya bo kandi ngo bimuhora ku mutima.<br \/>\n<figure id=\"attachment_71948\" aria-describedby=\"caption-attachment-71948\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/03.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-71948 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/03.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"450\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-71948\" class=\"wp-caption-text\">Abashyushyarugamba bari babasekeje bidasanzwe<\/figcaption><\/figure><br \/>\nNi muri urwo rwego azateza imbere uyu munsi urangwa n\u2019amafu y\u2019ubukonje buhahora, yongere ibikorwaremezo afatanyije n\u2019abikorera ku buryo ngo uzaba umujyi ukomeye.<br \/>\nAti\u2019\u2019Ni umujyi mwiza dufite gahunda yo kuwuteza imbere, mukeneye ibikorwaremezo birenzeho.\u2019\u2019<br \/>\nKugira ngo he kugira ikizakoma mu nkokora iyi gahunda, ngo azagabanya imisoro y\u2019abacuruzi n\u2019abikorera bakabasha gushyigikira uyu mujyi ukazamuka.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNi muri urwo rwego azagabanya imisoro ibabereye imbogamizi maze yose ayihiduremo umwe nkuko biri mu Buhinde kandi ngo abaho usanga abenshi ari abacuruzi barawishimira.<br \/>\nAbanyarwanda kandi ngo bafite inyota ya Demokarasi bazabagezaho bifashishije intego z\u2019iri shyaka arizo; ubwisanzure, ubumwe na Demokarasi, kuko ngo bumva babihuje bagira igihugu cyiza buri muntu yishimiye.<br \/>\n <strong>K<\/strong>  <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\nDeus <a href=\"mailto:Ntakirutimana@Bwiza.com\">Ntakirutimana@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza ari mu karere ka Gicumbi yasezeranyije abagatuye guteza imbere imibereho myiza y\u2019Abanyarwanda ariko by\u2019umwihariko ateza imbere umujyi wa Gicumbi ndetse no guharanira uburenganzira bwabavuzi gakondo. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Tariki ya 26 Nyakanga 2017, Habineza yiyamamarije mu Mujyi wa Byumba hafi ya gare y\u2019uyu mujyi, aho yakiriwe n\u2019Umunyambanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6567","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo n&#039;umujyi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo n&#039;umujyi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza ari mu karere ka Gicumbi yasezeranyije abagatuye guteza imbere imibereho myiza y\u2019Abanyarwanda ariko by\u2019umwihariko ateza imbere umujyi wa Gicumbi ndetse no guharanira uburenganzira bwabavuzi gakondo. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Tariki ya 26 Nyakanga 2017, Habineza yiyamamarije mu Mujyi wa Byumba hafi ya gare y\u2019uyu mujyi, aho yakiriwe n\u2019Umunyambanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-27T11:54:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:55:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/03.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo n&#039;umujyi\",\"datePublished\":\"2017-07-27T11:54:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:55:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567\"},\"wordCount\":444,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/03.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567\",\"name\":\"Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo n&#039;umujyi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/03.jpg\",\"datePublished\":\"2017-07-27T11:54:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:55:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/03.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/03.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6567#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo n&#039;umujyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo n&#039;umujyi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo n&#039;umujyi - BWIZA","og_description":"Mu gihe akomeje ibikorwa byo kwiyamamaza, Dr Frank Habineza ari mu karere ka Gicumbi yasezeranyije abagatuye guteza imbere imibereho myiza y\u2019Abanyarwanda ariko by\u2019umwihariko ateza imbere umujyi wa Gicumbi ndetse no guharanira uburenganzira bwabavuzi gakondo. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Tariki ya 26 Nyakanga 2017, Habineza yiyamamarije mu Mujyi wa Byumba hafi ya gare y\u2019uyu mujyi, aho yakiriwe n\u2019Umunyambanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-07-27T11:54:37+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:55:32+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/03.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo n&#039;umujyi","datePublished":"2017-07-27T11:54:37+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:55:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567"},"wordCount":444,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/03.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6567#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567","name":"Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo n&#039;umujyi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/03.jpg","datePublished":"2017-07-27T11:54:37+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:55:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6567"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/03.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/03.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6567#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gicumbi: Dr Habineza yasezeranyije guteza imbere abaturage, abavuzi gakondo n&#039;umujyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6567","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6567"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6567\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6567"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6567"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6567"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}