{"id":6593,"date":"2017-07-29T08:41:59","date_gmt":"2017-07-29T08:41:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/07\/29\/dr-habineza-natorwa-inama-y-umushyikirano-izahindurirwa-inyito\/"},"modified":"2025-02-12T15:55:12","modified_gmt":"2025-02-12T13:55:12","slug":"dr-habineza-natorwa-inama-y-umushyikirano-izahindurirwa-inyito","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593","title":{"rendered":"Dr Habineza natorwa, Inama y\u2019Umushyikirano izahindurirwa inyito"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Inama y\u2019igihugu y\u2019Umushyikirano ihuza abayobozi batandukanye iteganywa n\u2019Itegeko Nnshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda, ngo ntitanga umusaruro yagakwiye kuba itanga. Niyo mpamvu Dr Frank Habineza uri kwiyamamariza kuyobora igihugu aramutse atsinze amatora yayihindurira inyito ndetse n\u2019inshingano za yo agamije umusaruro ufatika.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Habineza yabitangaje kuwa Kane  tariki ya 27 Nyakanga 2018, ubwo yiyamamarizaga mu turere twa Kamonyi na Ngororero, aho yakiriwe n\u2019abayobozi batandukanye b\u2019inzego za Leta , ku rwego rw\u2019akarere n\u2019Umurenge.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Mu migabo n\u2019imigambi ye yagejeje ku bari aho, yavuze ko mu bizakorwa naramuka atsinze amatora hari inama izasimbura iy\u2019Umushyikirano isanzwe iba buri mwaka ndetse akanahindura byinshi mu biyikorwamo hagire ibivamo n\u2019ibyongerwamo.<\/p>\n<p>Ati \u201cTuzashyiraho n\u2019ikintu gikuru gikomeye cyitwa Inama Nkuru Kaminuza y\u2019Igihugu ikaba itandukanye n\u2019inama y\u2019umushyikirano dufite.<\/p>\n<p>Inama y\u2019umushyikirano usanga ari inama ihuza abayobozi bakuru gusa kandi iyo baje usanga baje gutanga raporo zo kwivuga ibigwi; ibyo bamaze kugeraho ariko nta muturage wo hasi bashobora kumva icyo yavuze, barangiza bakishima bakigendera. Ugasanga iminsi ibiri irarangiye  Miliyari ziraguye.\u201d<\/p>\n<p> <strong>Habineza naramuka atsinze amatora ngo ingoma zizahindura imirishyo ku bijyanye n\u2019iyi nama y\u2019Umushyikirano.<\/strong> <\/p>\n<p> Ati \u201cTwebwe inama yacu kaminuza tuzajya dutangirira ku kagari abaturage batange ibitekerezo n\u2019ibibazo bafite. Ndetse tubabaze ngo ibi bibazo ko mubifite mwebwe murumva igisubizo cya byo cyaba ari ikihe, buriya umuntu aba azi n\u2019icyo akeneye, ntabwo umuturage ari injiji.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>\u201cIcyo gihe nk\u2019umuturage ngo ashobora kuvuga ko leta yakuyeho caguwa  kandi nta mafaranga afite yo kugura umwenda mushyashya.<\/p>\n<p>Umuturage akavuga ati \u2018njyewe icyo nifuza nuko caguwa yagaruka\u2019. Tuvuge tuti \u2018ni byo buriya icyo mwifuza tugisubijeho, kubera iyo mpamvu na caguwa tuzayisubizaho kuko tuzi ko Abanyarwanda bayikeneye.\u201d<\/p>\n<p>Iyo nama kaminuza ngo izahera ku rwego rw\u2019umurenge izamuke abantu batanga ibitekerezo no ku rw\u2019akarere kandi buri muntu wese afitemo ijambo.<\/p>\n<p>Izahuza kandi abayobozi, abaturage, abanyamadini na sosiyete sivile.<\/p>\n<p>Ubuyobozi bwa yo kandi ngo buzaba ari ubwo abaturage bose bibonamo kugirango batangemo ibitekerezo nta gihunga bafite.<\/p>\n<p> Ati \u201cKu rwego rw\u2019igihugu yayoborwa n\u2019umuntu ukuze, utari umusaza abantu batinya kuko iyo ari perezida wa Repubulika wayiyoboye usanga abantu bose bari kurya iminwa. Tuzashaka undi musaza barahari bakuru  akatuyoborera iyo nama, tukamubwira ibibazo twese twakusanyije mu gihugu cyose n\u2019ibisubizo tugafata umwanzuro.\u201d<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-72182\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"509\" \/><\/a><\/p>\n<p>Abahunze na bo ngo bazajya bayigiramo ijambo bicishijwe muri ambasade z\u2019u Rwanda bakagerwaho aho hanze nubwo ngo batinya kuza mu Rwanda.<\/p>\n<p>\u201cKandi n\u2019abantu bahunze igihugu bari hanze batinya kuza na bo tukaba twabagezeho duciye muri za ambasade zacu n\u2019ahandi hose, na bo bagatanga ibitekerezo byabo, mbese tukaba dufunguye n\u2019amarembo yo gutahuka, icyo gihe murumva ko ari bwo tuzagira leta nziza ibamo Demokarasi, buri wese afitemo ijambo kandi izagira amajyambere arambye umutekano n\u2019amahoro arambye.\u201d<\/p>\n<p>Iyo ngo niyo Demokarasi izaranga ubutegetsi bwa Dr Habineza buzarangwa n\u2019ubwisanzure, umuntu atanga igitekerezo ntibimugireho ingaruka.<\/p>\n<p>Umuturage nagira icyo atumvikanaho n\u2019umuyobozi ntamwite icyigomeke cyangwa umwanzi w\u2019igihugu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Abatuye akarere ka Ngororero bijejwe ibitaro bikomeye bitari nk\u2019ibya Muhororo birangwa muri ako karere ngo bizaba bikomeye ku rwego rusumbye ibya Kabgayi.<\/p>\n<p>Abaturage bazafashwa kandi kubona umusaruro hifashishijwe umugezi wa Nyabarongo baturiye, uzagirwa urubogobogo ukanabyazwa umusaruro mu buhinzi bugamije guhaza abaturage no kubarinda inzara.<\/p>\n<p>Mu karere ka Kamonyi azagezwa mu ngo, kimwe no mu ka Ngororero, ingo 5 zisangiye ivomo, ariko muri ako ka mbere ngo bizakemura ikibazo cy\u2019abaribwaga n\u2019ingona bagiye kuvoma Nyabarongo n\u2019abayigwagamo bari kuvoma.<\/p>\n<p> <strong>K<a style=\"font-weight: inherit\" href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a style=\"font-weight: inherit\" href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p>Ntakirutimana <a href=\"mailto:Deus@Bwiza.com\">Deus@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inama y\u2019igihugu y\u2019Umushyikirano ihuza abayobozi batandukanye iteganywa n\u2019Itegeko Nnshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda, ngo ntitanga umusaruro yagakwiye kuba itanga. Niyo mpamvu Dr Frank Habineza uri kwiyamamariza kuyobora igihugu aramutse atsinze amatora yayihindurira inyito ndetse n\u2019inshingano za yo agamije umusaruro ufatika. Habineza yabitangaje kuwa Kane tariki ya 27 Nyakanga 2018, ubwo yiyamamarizaga mu turere twa Kamonyi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6593","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dr Habineza natorwa, Inama y\u2019Umushyikirano izahindurirwa inyito - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dr Habineza natorwa, Inama y\u2019Umushyikirano izahindurirwa inyito - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inama y\u2019igihugu y\u2019Umushyikirano ihuza abayobozi batandukanye iteganywa n\u2019Itegeko Nnshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda, ngo ntitanga umusaruro yagakwiye kuba itanga. Niyo mpamvu Dr Frank Habineza uri kwiyamamariza kuyobora igihugu aramutse atsinze amatora yayihindurira inyito ndetse n\u2019inshingano za yo agamije umusaruro ufatika. Habineza yabitangaje kuwa Kane tariki ya 27 Nyakanga 2018, ubwo yiyamamarizaga mu turere twa Kamonyi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-29T08:41:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:55:12+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dr Habineza natorwa, Inama y\u2019Umushyikirano izahindurirwa inyito\",\"datePublished\":\"2017-07-29T08:41:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:55:12+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593\"},\"wordCount\":585,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593\",\"name\":\"Dr Habineza natorwa, Inama y\u2019Umushyikirano izahindurirwa inyito - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg\",\"datePublished\":\"2017-07-29T08:41:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:55:12+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6593#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dr Habineza natorwa, Inama y\u2019Umushyikirano izahindurirwa inyito\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dr Habineza natorwa, Inama y\u2019Umushyikirano izahindurirwa inyito - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dr Habineza natorwa, Inama y\u2019Umushyikirano izahindurirwa inyito - BWIZA","og_description":"Inama y\u2019igihugu y\u2019Umushyikirano ihuza abayobozi batandukanye iteganywa n\u2019Itegeko Nnshinga rya Repubulika y\u2019u Rwanda, ngo ntitanga umusaruro yagakwiye kuba itanga. Niyo mpamvu Dr Frank Habineza uri kwiyamamariza kuyobora igihugu aramutse atsinze amatora yayihindurira inyito ndetse n\u2019inshingano za yo agamije umusaruro ufatika. Habineza yabitangaje kuwa Kane tariki ya 27 Nyakanga 2018, ubwo yiyamamarizaga mu turere twa Kamonyi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-07-29T08:41:59+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:55:12+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dr Habineza natorwa, Inama y\u2019Umushyikirano izahindurirwa inyito","datePublished":"2017-07-29T08:41:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:55:12+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593"},"wordCount":585,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6593#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593","name":"Dr Habineza natorwa, Inama y\u2019Umushyikirano izahindurirwa inyito - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg","datePublished":"2017-07-29T08:41:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:55:12+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6593"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20504031_1482357435156266_797807902_n.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6593#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dr Habineza natorwa, Inama y\u2019Umushyikirano izahindurirwa inyito"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6593","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6593"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6593\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6593"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6593"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6593"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}