{"id":6619,"date":"2017-07-31T17:56:09","date_gmt":"2017-07-31T17:56:09","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/07\/31\/uwacikirije-ishuri-kubera-amikoro-yemeranywa-n-imigabo-ya-dr-habineza-mu-guteza\/"},"modified":"2017-07-31T17:56:09","modified_gmt":"2017-07-31T17:56:09","slug":"uwacikirije-ishuri-kubera-amikoro-yemeranywa-n-imigabo-ya-dr-habineza-mu-guteza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619","title":{"rendered":"Uwacikirije ishuri kubera amikoro yemeranywa n\u2019imigabo ya Dr Habineza mu guteza imbere Abanyarwanda"},"content":{"rendered":"<p>Umukandida mu matora ya Perezida wa Repubulika w\u2019ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza yasezeranyije Abanyarwanda ko azakomeza guhibibikanira imibereho myiza yabo, ubwo yiyamamarizaga mu karere ka Huye, bamwe bavuga uko babibona.<br \/>\nKu Cyumweru tariki ya 30 Nyakanga 2017, Dr Frank Habineza yiyamamarije mu Murenge wa Mukura mu karere ka Huye, ahitwa mu Irango.<br \/>\nMuri aka gace yahageraga ubwo yari umunyeshuri mu yahoze ari kaminuza nkuru y\u2019u Rwanda, ndetse muri aka gaceni hafi y\u2019ahakomoka Umunyamabanga mukuru w\u2019iri shyaka, Ntezimana Jean Claude ushinzwe no kumwamamaza, aho bizeye kuzabona amajwi kubera umwihariko w\u2019uko bahabaye nuko babagejejeho ibisubizo by\u2019imibereho myiza.<br \/>\nUmwe  mu bakurikiranye igikorwa cyo kwiyamaza witwa Elie Mutuyimana w&#8217;imyaka 21 y&#8217;amavuko, ukomoka mu Murenge wa Kansi wo mu karere ka Gisagara yagaragaje uko abona ibyo yababwiye ko azakora.<br \/>\nAti \u201cImigabo n\u2019imigambi numvise y\u2019uriya mukandida wa Green Party, numvise ari myiza cyane, nkaba numvise hari n\u2019ikintu cyiza yatuganishijeho twebwe nk\u2019urubyiruko ko azatuma dutera imbere biciye mu kwihangira imirimo abidufashijemo, ntidusoreshwe imyaka ibiri, abafite igishoro gito bagasonerwa.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKu bijyanye no guha ifunguro abana biga mu mashuri abanza n\u2019ayisumbuye, Mutuyimana yemeza ko ari igisubizo ku bana n\u2019ababyeyi cyane abo mu miryango ikennye.<br \/>\nAti \u201cHari gihe tuba mu ngo zacu ababyeyi bacu batishoboye  ugasanga umwana agiye ku ishuri inzara iramwishe, namushimiye aho yavuze ko tuzajya duhabwa ifunguro rifite n\u2019intungamubiri zihagije.\u201d<br \/>\nKu bijyanye no guhabwa amatungo magufi yaba ku bana ndetse no ku babyeyi, Mutuyimana avuga ko bizatuma urubyiruko rukurana icyizere cyo kubaho neza mu minsi iri imbere kuko hari abagorwaga no kwibaza uko bazabaho ejo hazaza.<br \/>\nAti \u201cAbana nibatangira kwizigama biciye mu matungo bahawe bazakura bumva badahangayitse. Iyo utekereza uko uzubaka urugo rwawe ejo hazaza biragora nta bushobozi ufite, ayo matungo azadufasha.\u201d<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-72564 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"450\" \/><\/a>Mu<br \/>\ntuyimana yacikirije amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2016 ubwo yari ageze mu mwaka wa gatatu mu Rwunge rw\u2019Amashuri rwa Kibirizi mu karere ka Gisagara, akabura amikoro atuma ayakomeza, agahitamo kwiga gusudira mu mashuri y\u2019imyuga, akaba afite icyizere ko nayasoza azajya yinjiza amafaranga amubeshaho ashyigikiwe na gahunda za leta.<br \/>\nAti \u201cNabonye bidashobotse, nsaba mu rugo kundihirira imyuga. Nari naje gukoresha igare nkoresha njya ku ishuri  kuko ryapfuye. Niga imyuga wenda ejo nindangiza nzakora urugi bampe ibihumbi 50 cyangwa 100, niga gusudira.\u201d<br \/>\nMu karere ka Huye , Dr Habineza yakomoje ku bijyanye no kongera inguzanyo ihabwa abiga kaminuza, iyo buruse ikava ku bihumbi 25 avuga ko bidatirimuka kuko  mu myaka nka 13 byari ibihumbi 21 ku kwezi, akabigira 100, bikaba byafasha abanyeshuri kwibeshaho mu buzima butabagoye nkuko bimeze uyu munsi.<br \/>\nAzagaruraho kandi ubucuruzi bwa caguwa ndetse na tagisi nto bita Twegerane azigarure mu mihanda cyane iyo mu mijyi zaciwemo.<br \/>\nAzavugurura kandi ibijyanye na mituweli uyishyuye ahite atangira kwivuza atarindiriye ko abagize umuryango wose bayitanga nta no kwivuza nyuma y\u2019ukwezi hishyuwe ikiguzi cyayo nkuko bimeze uyu munsi.<br \/>\nAzakomeza  gukora ibishoboka ngo Huye, itezwe imbere nk\u2019umujyi w\u2019u Burezi yabayeho mu buzima butari bwiza ubwo yatangiraga kwiga muri kaminuza kuko ngo bagiye barara mu nzu mberabyombi(salles) zitagenewe kuraramo kubera ibibazo bitanudukanye.<br \/>\nAzafasha kandi abize ururimi rw\u2019igifaransa  kubaho nta pfunwe bagira haba mu bijyanye no gukora ibizamini mu cyongereza bakagorwa n\u2019urwo rurimi bamwe batigeze bigamo. Ibyo ngo bizabafasha gukora ikizamini cya interview nta bibazo bahura nabyo n\u2019abarimu bize mu gifaransa bakakigisha aho kwigisha icyongereza batazi neza.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Ntakirutimana Deus<\/strong><br \/>\n <strong> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukandida mu matora ya Perezida wa Repubulika w\u2019ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza yasezeranyije Abanyarwanda ko azakomeza guhibibikanira imibereho myiza yabo, ubwo yiyamamarizaga mu karere ka Huye, bamwe bavuga uko babibona. Ku Cyumweru tariki ya 30 Nyakanga 2017, Dr Frank Habineza yiyamamarije mu Murenge wa Mukura mu karere ka Huye, ahitwa mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-6619","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uwacikirije ishuri kubera amikoro yemeranywa n\u2019imigabo ya Dr Habineza mu guteza imbere Abanyarwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uwacikirije ishuri kubera amikoro yemeranywa n\u2019imigabo ya Dr Habineza mu guteza imbere Abanyarwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umukandida mu matora ya Perezida wa Repubulika w\u2019ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza yasezeranyije Abanyarwanda ko azakomeza guhibibikanira imibereho myiza yabo, ubwo yiyamamarizaga mu karere ka Huye, bamwe bavuga uko babibona. Ku Cyumweru tariki ya 30 Nyakanga 2017, Dr Frank Habineza yiyamamarije mu Murenge wa Mukura mu karere ka Huye, ahitwa mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-07-31T17:56:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uwacikirije ishuri kubera amikoro yemeranywa n\u2019imigabo ya Dr Habineza mu guteza imbere Abanyarwanda\",\"datePublished\":\"2017-07-31T17:56:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619\"},\"wordCount\":574,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg\",\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619\",\"name\":\"Uwacikirije ishuri kubera amikoro yemeranywa n\u2019imigabo ya Dr Habineza mu guteza imbere Abanyarwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg\",\"datePublished\":\"2017-07-31T17:56:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/07\\\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6619#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uwacikirije ishuri kubera amikoro yemeranywa n\u2019imigabo ya Dr Habineza mu guteza imbere Abanyarwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uwacikirije ishuri kubera amikoro yemeranywa n\u2019imigabo ya Dr Habineza mu guteza imbere Abanyarwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uwacikirije ishuri kubera amikoro yemeranywa n\u2019imigabo ya Dr Habineza mu guteza imbere Abanyarwanda - BWIZA","og_description":"Umukandida mu matora ya Perezida wa Repubulika w\u2019ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza yasezeranyije Abanyarwanda ko azakomeza guhibibikanira imibereho myiza yabo, ubwo yiyamamarizaga mu karere ka Huye, bamwe bavuga uko babibona. Ku Cyumweru tariki ya 30 Nyakanga 2017, Dr Frank Habineza yiyamamarije mu Murenge wa Mukura mu karere ka Huye, ahitwa mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-07-31T17:56:09+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uwacikirije ishuri kubera amikoro yemeranywa n\u2019imigabo ya Dr Habineza mu guteza imbere Abanyarwanda","datePublished":"2017-07-31T17:56:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619"},"wordCount":574,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg","articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6619#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619","name":"Uwacikirije ishuri kubera amikoro yemeranywa n\u2019imigabo ya Dr Habineza mu guteza imbere Abanyarwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg","datePublished":"2017-07-31T17:56:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6619"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/07\/20527218_10208806811841796_509488657_n.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6619#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uwacikirije ishuri kubera amikoro yemeranywa n\u2019imigabo ya Dr Habineza mu guteza imbere Abanyarwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6619","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6619"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6619\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6619"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6619"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6619"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}