{"id":6638,"date":"2017-08-02T13:48:22","date_gmt":"2017-08-02T13:48:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/02\/bimwe-mu-byo-abaturage-batinzeho-aho-dr-frank-habineza-yagiye-yiyamamariza\/"},"modified":"2025-02-12T15:54:36","modified_gmt":"2025-02-12T13:54:36","slug":"bimwe-mu-byo-abaturage-batinzeho-aho-dr-frank-habineza-yagiye-yiyamamariza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638","title":{"rendered":"Bimwe mu byo abaturage batinzeho aho Dr Frank Habineza yagiye yiyamamariza"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Rimwe wumvaga abantu butabiraga ibikorwa byo kwiyamamaza kwa Dr Frank Habineza, umukandida wa Democratic Green Party of Rwanda, batanga amashyi aruta ayandi bitewe n\u2019ingingo yabaga akomozaho.<\/strong> <\/em><br \/>\nMu gikorwa yatangiye cyo kwiyamamaza, guhera tariki ya 14 Nyakanga 2017, amaze kugera mu turere 29 tw\u2019igihugu, aho asigaje akarere kamwe ka Nyarugenge aza kwiyamamarizamo uyu munsi mu gace ka Nyabugogo.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nRimwe mu ngingo yagaragazaga hari abaturage babazaga uko azazishyira mu bikorwa n\u2019aho amikoro azaturuka, abandi bakibaza uburyo azagabanya imisoro n\u2019ikizabeshaho igihugu kuko ariyo igitunze.<br \/>\nIngingo yahawe amashyi n\u2019abaturage bakayitindaho ni ijyanye no gufunga ibigo avuga ko bifungirwamo urubyiruko rwaketsweho kunywa ibiyobyabwenge n\u2019abakobwa bavuzweho ko ari indaya n\u2019abana bo ku muhanda.<br \/>\n <strong>Gufunga Transit Center\u2026..<\/strong><br \/>\nDr Habineza mu mvugo ye akunze kugira iti \u201c aha hari gereza(transit Center) ifungirwamo urubyiruko, iyo turayihagaritse\u2026..\u201d<br \/>\nAhenshi yagiye nko mu karere ka Rwamagana, Kayonza, Rubavu, Muhanga n\u2019ahandi, iyo yamaraga kuvuga iyo ngingo yahabwaga amashyi aruta ayo yahawe n\u2019abaturage ku zindi ngingo.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/DSC_0276-1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-72799\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/DSC_0276-1.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"476\" \/><\/a><br \/>\nKugaruraho Caguca, yemeza ko ari umwanzuro wafashwe n\u2019abatahura n\u2019ikibazo cy\u2019ubukene, naho yahaherewe amashyi, yiyongera ubwo yasobanuraga ko kudapfusha ubusa iyo myenda, kuko ngo no gukora imishya ngo abantu bayambare bajugunye iya caguca nabyo ngo bikomeza kwangiza ibidukikije.<br \/>\nGukora iyo myenda ngo bisaba amarangi, ipamba n\u2019ibindi bikoresho byangiza ibidukikije. Kwambara iyo myenda rero ya caguwa ngo byafasha kugabanya iyakorwaga bigatuma itanpfushwa ubusa kandi ngo mu mahanga bateye imbere nabo bayambara. Urugero atanga ni muri Suede.<br \/>\nIyi ngingo yagiye ihabwa amashyi n\u2019ababaga baremye isoko dore ko ibikorwa byo kwiyamamaza kwa Dr Habineza byaberaga, mu turere twa Bugesera, Rwamagana, Rubavu, Musanze n\u2019ahandi byaberaga hafi y\u2019isoko.<br \/>\nUmwe mu bacuruza imyenda ya Caguwa mu karere ka Gisagara, yavuze koi ipantalo ayigurisha ibihumbi 9 nyamara ngo yakabaye ayigusha ibihumbi 6 yayiranguye bitatu. Avuga ko ari guhomba kubera ko ngo usanga imwe ayirangura ibihumbi 7 kandi anacibwa n\u2019imisoro.<br \/>\n <strong>Kuvanaho imisoro y\u2019ubutaka no gutanga ibyangombwa by\u2019ubutaka<\/strong><br \/>\nIyi ngingo nayo yagarutsweho cyane mu bice bitandukanye, aho Habineza avuga ko nta mpamvu yo gusorera ubutaka kandi ngo ari ubutaka bahawe n\u2019Imana, ndetse n\u2019ibijyanye no kubukodesha leta ngo ntibikwiye kubera ko ubutaka ari ubwabo, gakondo yabo bahawe n\u2019Imana.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/C8oV0QIXoAMkESN.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-72800\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/C8oV0QIXoAMkESN.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"480\" \/><\/a><br \/>\nIyi ngingo nayo wabonaga isa n\u2019ikora abaturage ahantu, bamwe babaza uburyo basorera ubutaka butababyarira inyungu, kuko ngo ntacyo babukoreraho.<br \/>\n <strong>Kugarura  \u2018Twegerane\u2019mu mujyi<\/strong><br \/>\nImodoka nto zitwara abagenzi 18 zizwi nka twegerane zaciwe mu mujyi wa Kigali, Dr Habineza avuga ko azazigarura zigatwara abagenzi, kuko ngo ihagarikwa ryazo ni kimwe mu biteza icyuho cy\u2019abagenzi batinda ku muhanda babuze imodoka.<br \/>\n <strong>Kwishyura mituweli bagahita bivuza no kutarindira umuryango wose<\/strong><br \/>\nMu migabo n\u2019imigambi ya Dr Habineza avuga ko uzajya amara kwishyura mituweli azajya atangira kwivuza kuko ubuzima ari ubw\u2019umuntu ku giti cye.<br \/>\nIkindi ngo nuko uzajya umara kuyishyura atazajya arindira ukwezi gusabwa ku muntu utarishyiriye mituweli igihe.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nHari abavuga ko ikibazo cya mituweli gikunze kugora imiryango imwe n\u2019imwe. Urugero batanga ni igihe umugabo akoreye amafaranga ye ayajyana mu kabari, umugore akabona make akiyishyurira we n\u2019abana, ariko akaba yamara igihe runaka ativuza kubera ko umugabo we yanze kuyishyura, bityo bikagira ingaruka ku muryango.<br \/>\n <strong>Giringurube mukirisitu, gira itungo rigufi, mwana mubyeyi<\/strong><br \/>\nDr Habineza avuga ko atanenga gahunda ya Girinka Munyarwanda, ariko asanga inka atari buri Munyarwanda wapfa kuyorora kuko ngo isaba amikoro arimo ubwatsi ndetse n\u2019imiti.<br \/>\nMu rwego rwo gushaka igisubizo kirambye ngo azatangiza gahunda ya giritungo rigufi Munyarwanda, abakuze bahabwe ihene, intama, ihene n\u2019ingurube ku batari abayisilamu abafashe kwiteza imbere, mu gihe bagize ikibazo runaka bayitabaze.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/IMG-20170726-WA0013.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-72801\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/IMG-20170726-WA0013.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"450\" \/><\/a><br \/>\nAbana bon go bazahabwa urukwavu n\u2019inkoko, kuko ngo na Dr Habineza yigeze kuzorora zikamuteza imbere. Icyo gihe ngo bizatuma abana batirirwa basaba ababyeyi babo amakayi, ikaramu n\u2019ibindi. Abana n\u2019ababyeyi kandi ngo bazajya barya amagi abafashe guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019imirire mibi.<br \/>\n <strong>Ufite amafaranga ari munsi ya miliyoni 2 ntazasora <\/strong><br \/>\nMu rwego rwo gufasha ab\u2019amikoro make, Habineza avuga ko naramuka atowe, hazasora umucuruzi ufite igishobora cya Miliyoni 2 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda.<br \/>\nUrubyiruko kandi ngo ruzajya rwemererwa gukora imyaka ibiri rudasora, nyuma nirutangira kunguka rutange imosoro nayo ngo izagabanywa ikagirwa umwe aho kugirango ibe myinshi nkuko ngo bimeze uyu munsi.<br \/>\n <strong>Umusoro ku nyongeragaciro uzagabanukaho 4%<\/strong><br \/>\nIyi ngingo ntiyumvwa na benshi, ariko iyo Green Party igeze aho bayumva usanga bayakira neza, kuko ngo basanga uyu musoro wa TVA, uhanitse. Dr Habineza avuga ko natorwa uzava kuri 18% ukaba 14%, kandi ngo bizaba inyungu ku baturage, aho nk\u2019igicuruzwa baguraga 120 bazajya bakigura 100.<br \/>\n <strong>Gufungura abagejeje ku myaka 70 n\u2019abakobwa bazira gukuramo inda<\/strong><br \/>\nAbagororwa bafite imyaka 70 y\u2019amavuko bazafungurwa mu rwego rwo kuruhura imiryango yabo no kubafasha gusaza neza. Dore ko ngo kuri iyo myaka asanga yararangije igihano na leta igena amafaranga menshi yo kumwitaho yagombye gukoreshwa ibindi.<br \/>\nIbyo kandi bizajyana no gufungura abakobwa bazira kuvanamo inda nyamara ngo baba bafashwe ku ngufu mu gihe abahungu bazibateye bidegembya.<br \/>\n <strong>Kuganira n\u2019abatavuga rumwe na leta, no gushyira hasi intwaro<\/strong><br \/>\n\u2018Aho kwica gitera, wakwica ikibimutera\u2019 ni uburyo Habineza avuga ko azakoresha mu kumenya impamvu hari Abanyarwanda baba hanze y\u2019u Rwanda baba bafite intwaro bashaka gutera u Rwanda. Aho ngo bazaganira ku buryo azamenya ibibazo afite bikemuke, kuko ngo u Rwanda ntirwagombye kugira abanzi baruvukamo, ahubwo ngo ruzongera ingufu runashyire hamwe mu kwivuna umwanzi w\u2019umunyamahanga warusagarira.<br \/>\nIyi migabo n\u2019imigambi ya Dr Habineza  ni imwe mu yagiye yakirwa mu buryo butandukanye n\u2019abageraga aho yabaga ari kwiyamamariza hirya no hino mu Rwanda.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAbaturage  basaba ko uwatorwa wese yagakwiye gushyira mu bikorwa ibyo yavuze, aho kuba amasigaracyicaro. Ku ruhande rw\u2019Umuryango FPR Inkotanyi yemeza ko nitsinda amatora izahera no kuri manifesto z\u2019abandi bahanganye muri aya matora mu kugena ibizagenderwaho mu kuyobora u Rwanda.<br \/>\nIbikorwa byo kwiyamamaza biteganyijwe ko bizasozwa tariki ya 3 Kanama 2017, ariko ku bakandida Paul Kagame wa FPR Inkotanyi na Dr Habineza Frank wa Democratic Green Party of Rwanda barabisoreza uyu munsi, umwe mu karere ka Gasabo(Bumbogo) undi mu ka Nyarugenge(Nyabugogo).<br \/>\n <strong>K<\/strong>  <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\nNtakirutimana Deus@Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Rimwe wumvaga abantu butabiraga ibikorwa byo kwiyamamaza kwa Dr Frank Habineza, umukandida wa Democratic Green Party of Rwanda, batanga amashyi aruta ayandi bitewe n\u2019ingingo yabaga akomozaho. Mu gikorwa yatangiye cyo kwiyamamaza, guhera tariki ya 14 Nyakanga 2017, amaze kugera mu turere 29 tw\u2019igihugu, aho asigaje akarere kamwe ka Nyarugenge aza kwiyamamarizamo uyu munsi mu gace [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6638","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bimwe mu byo abaturage batinzeho aho Dr Frank Habineza yagiye yiyamamariza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bimwe mu byo abaturage batinzeho aho Dr Frank Habineza yagiye yiyamamariza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Rimwe wumvaga abantu butabiraga ibikorwa byo kwiyamamaza kwa Dr Frank Habineza, umukandida wa Democratic Green Party of Rwanda, batanga amashyi aruta ayandi bitewe n\u2019ingingo yabaga akomozaho. Mu gikorwa yatangiye cyo kwiyamamaza, guhera tariki ya 14 Nyakanga 2017, amaze kugera mu turere 29 tw\u2019igihugu, aho asigaje akarere kamwe ka Nyarugenge aza kwiyamamarizamo uyu munsi mu gace [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-02T13:48:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:54:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/DSC_0276-1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Bimwe mu byo abaturage batinzeho aho Dr Frank Habineza yagiye yiyamamariza\",\"datePublished\":\"2017-08-02T13:48:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:54:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638\"},\"wordCount\":999,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/DSC_0276-1.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638\",\"name\":\"Bimwe mu byo abaturage batinzeho aho Dr Frank Habineza yagiye yiyamamariza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/DSC_0276-1.jpg\",\"datePublished\":\"2017-08-02T13:48:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:54:36+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/DSC_0276-1.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/DSC_0276-1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6638#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bimwe mu byo abaturage batinzeho aho Dr Frank Habineza yagiye yiyamamariza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bimwe mu byo abaturage batinzeho aho Dr Frank Habineza yagiye yiyamamariza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bimwe mu byo abaturage batinzeho aho Dr Frank Habineza yagiye yiyamamariza - BWIZA","og_description":"Rimwe wumvaga abantu butabiraga ibikorwa byo kwiyamamaza kwa Dr Frank Habineza, umukandida wa Democratic Green Party of Rwanda, batanga amashyi aruta ayandi bitewe n\u2019ingingo yabaga akomozaho. Mu gikorwa yatangiye cyo kwiyamamaza, guhera tariki ya 14 Nyakanga 2017, amaze kugera mu turere 29 tw\u2019igihugu, aho asigaje akarere kamwe ka Nyarugenge aza kwiyamamarizamo uyu munsi mu gace [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-02T13:48:22+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:54:36+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/DSC_0276-1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Bimwe mu byo abaturage batinzeho aho Dr Frank Habineza yagiye yiyamamariza","datePublished":"2017-08-02T13:48:22+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:54:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638"},"wordCount":999,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/DSC_0276-1.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6638#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638","name":"Bimwe mu byo abaturage batinzeho aho Dr Frank Habineza yagiye yiyamamariza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/DSC_0276-1.jpg","datePublished":"2017-08-02T13:48:22+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:54:36+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6638"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/DSC_0276-1.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/DSC_0276-1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6638#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bimwe mu byo abaturage batinzeho aho Dr Frank Habineza yagiye yiyamamariza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6638","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6638"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6638\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6638"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6638"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6638"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}