{"id":666,"date":"2016-02-18T10:21:54","date_gmt":"2016-02-18T10:21:54","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/18\/polisi-iributsa-kurinda-no-kurwanya-ihohoterwa-rikorerwa-abana-nyuma-y-039-aho\/"},"modified":"2025-02-12T22:24:08","modified_gmt":"2025-02-12T20:24:08","slug":"polisi-iributsa-kurinda-no-kurwanya-ihohoterwa-rikorerwa-abana-nyuma-y-039-aho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=666","title":{"rendered":"Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y&#039;aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana"},"content":{"rendered":"<p>Yitwa umwana, umuntu wese utarengeje imyaka 18 y\u2019amavuko. Mu burenganzira bwe harimo ubwo kubaho, kwiga, kwandikishwa avutse, kandi bigakorwa ku gihe, kuvuzwa, kumenya ababyeyi be, kurindwa ivangurwa, gushimutwa no gucuruzwa, kugaragaza igitekerezo, n\u2019uburenganzira bwo kuruhuka ndetse no kwidagadura.<\/p>\n<p> Nubwo Polisi y\u2019u Rwanda idahwema gukangurira abaturarwanda kubahiriza uburenganzira bw\u2019abana, hari ababirengaho bakabakorera ihohoterwa ritandukanye.<\/p>\n<p>Urugero ni urwo mu karere ka Rutsiro, aho, ku  itariki 10 Gashyantare , Manizabayo Olive, ufite imyaka 29 yajugunye  umwana yari amaze kubyara mu ishyamba riri mu kagari ka Kivugiza, mu murenge wa Nyabirasi.<\/p>\n<p> Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu ntara y\u2019uburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu yavuze ko ahagana  saa kumi n\u2019imwe za mu gitondo, umwe mu bagenzi bacaga mu nzira iri hafi y\u2019iryo shyamba yumvise urwo ruhinja ruri kuririra, akurikira ijwi ryarwo kugeza arugezeho, ahita abimenyesha ubuyobozi bw\u2019inzego z\u2019ibanze ziraruhavana.<\/p>\n<p> SP Hitayezu yavuze ko amaze gufatwa,  Manizabayo yisobanuye avuga ko yataye uwo yibarutse kubera yatwaye inda ye atabiteganyije, kandi abaka nta bushobozi afite bwo kumurera.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko nyuma yo kuvuranwa n\u2019umwana we, Manizabayo  afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi y\u2019u Rwanda ya Kayove mu gihe iperereza rikomeje.<\/p>\n<p>SP Hitayezu yagize ati:&#8221;Ni byiza kwiha gahunda y\u2019igihe cyo kubyara. Uwo bitunguye, yewe niyo yaba afite ubushobozi buke, ntakwiye guta uwo yibarutse cyangwa ngo amuvutse ubundi burenganzira bwe.&#8221;<\/p>\n<p>Yasabye buri wese guha  Polisi y\u2019u Rwanda amakuru ajyanye n\u2019ihohoterwa rikorerwa abana ayihamagara kuri  nomero ya terefone  116 .<\/p>\n<p> Yagiriye kandi abantu inama yo gukoresha uburyo bubarinda gutwara inda zitateganyijwe nk&#8217;uko iyi nkuru y&#8217;urubuga rwa polisi ikomeza ivuga.<\/p>\n<p> Ingingo ya 231 y\u2019igitabo cy\u2019amategeko ahana y\u2019u Rwanda ivuga ko  umubyeyi cyangwa umwishingizi uta umwana ahantu hagaragara cyangwa ubikoresha undi, umutererana cyangwa ubikoresha undi, akaza kuboneka, ahanishwa igifungo kuva ku myaka ibiri (2) kugeza ku myaka itanu (5) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva ku bihumbi makumyabiri (20.000) kugeza ku bihumbi ijana (100.000).<\/p>\n<p> Umubyeyi cyangwa umwishingizi uta umwana ahantu hihishe, akaza kuboneka, ahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu (5) kugeza ku myaka irindwi (7), n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva ku bihumbi mirongo itanu (50.000) kugeza ku bihumbi magana abiri (200.000).<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yitwa umwana, umuntu wese utarengeje imyaka 18 y\u2019amavuko. Mu burenganzira bwe harimo ubwo kubaho, kwiga, kwandikishwa avutse, kandi bigakorwa ku gihe, kuvuzwa, kumenya ababyeyi be, kurindwa ivangurwa, gushimutwa no gucuruzwa, kugaragaza igitekerezo, n\u2019uburenganzira bwo kuruhuka ndetse no kwidagadura. Nubwo Polisi y\u2019u Rwanda idahwema gukangurira abaturarwanda kubahiriza uburenganzira bw\u2019abana, hari ababirengaho bakabakorera ihohoterwa ritandukanye. Urugero ni [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-666","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y&#039;aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=666\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y&#039;aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yitwa umwana, umuntu wese utarengeje imyaka 18 y\u2019amavuko. Mu burenganzira bwe harimo ubwo kubaho, kwiga, kwandikishwa avutse, kandi bigakorwa ku gihe, kuvuzwa, kumenya ababyeyi be, kurindwa ivangurwa, gushimutwa no gucuruzwa, kugaragaza igitekerezo, n\u2019uburenganzira bwo kuruhuka ndetse no kwidagadura. Nubwo Polisi y\u2019u Rwanda idahwema gukangurira abaturarwanda kubahiriza uburenganzira bw\u2019abana, hari ababirengaho bakabakorera ihohoterwa ritandukanye. Urugero ni [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=666\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-18T10:21:54+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T20:24:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=666#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=666\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y&#039;aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana\",\"datePublished\":\"2016-02-18T10:21:54+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:24:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=666\"},\"wordCount\":379,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=666#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=666\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=666\",\"name\":\"Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y&#039;aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-02-18T10:21:54+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:24:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=666#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=666\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=666#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y&#039;aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y&#039;aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=666","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y&#039;aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana - BWIZA","og_description":"Yitwa umwana, umuntu wese utarengeje imyaka 18 y\u2019amavuko. Mu burenganzira bwe harimo ubwo kubaho, kwiga, kwandikishwa avutse, kandi bigakorwa ku gihe, kuvuzwa, kumenya ababyeyi be, kurindwa ivangurwa, gushimutwa no gucuruzwa, kugaragaza igitekerezo, n\u2019uburenganzira bwo kuruhuka ndetse no kwidagadura. Nubwo Polisi y\u2019u Rwanda idahwema gukangurira abaturarwanda kubahiriza uburenganzira bw\u2019abana, hari ababirengaho bakabakorera ihohoterwa ritandukanye. Urugero ni [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=666","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-18T10:21:54+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T20:24:08+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=666#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=666"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y&#039;aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana","datePublished":"2016-02-18T10:21:54+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:24:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=666"},"wordCount":379,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=666#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=666","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=666","name":"Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y&#039;aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-02-18T10:21:54+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:24:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=666#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=666"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=666#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y&#039;aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/666","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=666"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/666\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=666"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=666"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=666"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}