{"id":66811,"date":"2024-04-04T11:13:35","date_gmt":"2024-04-04T09:13:35","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=66811"},"modified":"2024-04-04T11:13:35","modified_gmt":"2024-04-04T09:13:35","slug":"byinshi-wamenya-kuri-film-our-unity-dusenge-xavier-agiye-gushyira-hanze","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811","title":{"rendered":"Byinshi wamenya kuri film &#8220;Our unity&#8221; Dusenge Xavier agiye gushyira hanze"},"content":{"rendered":"<p><strong>Filme &#8220;Our Unity&#8221; igaruka ku gusigasira Ubumwe bw&#8217;Abanyarwanda igiye kujya hanze mu minsi ya vuba <\/strong> <\/p>\n<p>Ni film yanditswe na Dusenge Xavier nyuma yo kugira igitekerezo ubwo yigaga mu mashuri yisumbuye. Igaragaza urugendo rw&#8217;Ubumwe bw&#8217;abanyarwanda mu myaka (30) ishize habaye  Jenocide yakorewe Abatutsi 1994.<\/p>\n<p>Muri 2022 nibwo  nibwo yatangiye iyi film &#8220;OUR UNITY&#8221; nyuma y&#8217;uko igitekerezo cyayo yari akimaranye igihe kuva yiga mu mashuri yisumbuye ariko ubutumwa bukagarukira ku banyeshuri gusa. Yaje kubona  ubutumwa ubwo abanyeshuri gusa, ahubwo abugira Ubw&#8217;abanyarwanda  bose. <\/p>\n<p>Ni film igaragaza uruhare rw&#8217;abayirokotse mu kubaka Ubumwe  binyuze mu kubabarira ababahemukiye bakemera  ibyo bakoze bagasaba imbabazi. <\/p>\n<p>Film &#8220;Our Unity&#8221; igaraza ko  n&#8217;ubwo bitari byoroshye kongera kunga ubumwe  bitewe n&#8217;ibikomere byasizwe n&#8217;ingaruka za  Genocide  mu muryango nyarwanda,ariko ko byashobotse bitewe na politiki nziza ya Leta y&#8217;Ubumwe yimakaza Ubumwe bw&#8217;Abanyaranda ikarwanya ivangura iryo ryose  , igaca umuco wo kudahana  ndetse mu buryo bwo kongera kubanisha abanyarwanda ikaba yarashyizeho gacaca kugira ngo hatangwe  ubutabera kandi bwunga. <\/p>\n<p>Ni film kandi yakinwe n&#8217;urubyiruko,  mu buryo bwo kugaragaza   uruhare rw&#8217;urubyuruko mu rugendo rwo kubaka ubumwe bw&#8217;abanyarwanda.Ibi byose byaturutse ku miyoborere myiza. <\/p>\n<p>Dusenge avuga ko ibi  bitandakanye no hambere aho urubyiruko rwigishwaga ivangura rishingiye ku moko n&#8217;ironda karere, bikigishwa no mu mashuri bikaba byaratumye abiganjemo urubyiruko aribo bashyize mu bikorwa  Jenocide  yakorewe Abatutsi 1994 yari imaze igihe itegurwa.<\/p>\n<p><strong>Ni gute Dusenge yatekereje kwandika iyi Filme!?<\/strong><\/p>\n<p>Dusenge yavuze ko ubwo yigaga mu mashuri yisumbuye yayanditse ari nk&#8217;ikinamico yari yageneye abanyeshuri, ariko aza gusanga hari urundi rwego agomba kuyigezaho bitari mu kigo cy&#8217;amashuri gusa.<\/p>\n<p>Ati&#8221;Ni film natekereje gukora niga  high school, muri Ecole Technique saint kizito save muri 2013.Icyo gihe nyandika yari  Theatre nifuzaga ko  izakinwa ku munsi mukuru wa  AERG usoza umwaka,  bitewe n&#8217;uko (icyiciro rusange) twabaga muri AERG turi hafi ikigo cyose. Nageze muri saint kizito i Save nsanga ho turi bacye,nkibaza impamvu abandi batayizamo.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati&#8221; N&#8217;ubwo AERG ishingwa,Umunyamuryango shingiro yari umunyeshuri wacitse ku icumu,  ariko ntibyatinze abayishinze babonye ari byiza ko bafungura amarembo n&#8217;abandi babyifuza bakayizamo.Nibwo bashyizeho umunyamuryango w&#8217;umuyoboke n&#8217;uw&#8217;icyubahiro kuri njye rero  AERG nyibona nk&#8217;isoko y&#8217;Ubumwe mu rubyiruko.&#8221;<\/p>\n<p>Muri 2020 yatangiye gushaka ubumenyi mu bya sinema ajya mu ishuri ryabimufashijemo kugeza ubwo abashije gukora amashusho yayo ndetse ikaba izatangira kwerekanwa mu minsi iri imbere by&#8217;umwihariko mu gihe cyo kwibubuka Jenoside yakorewe Abatutsi. <\/p>\n<p>Ati&#8221; Nagiye muri kftv school kwiga acting for film and television n&#8217;ubundi covid 19 ihita iza  ntarasoza kwiga acting , biba birahagaze ariko 2021 nibwo natangiye gukora udu projet two kumfasha kwiyungura ubumenyi no  gutinyuka camera.&#8221;<\/p>\n<p>Minisiteri y&#8217;Ubumwe bw&#8217;Abanyarwanda n&#8217;Inshingano Mboneragihugu  MINUBUMWE , ikaba yaremeje ko amashusho y&#8217;iyi Filme ari nta macyemwa yemererwa kuba yakwerekanwa. <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Filme &#8220;Our Unity&#8221; igaruka ku gusigasira Ubumwe bw&#8217;Abanyarwanda igiye kujya hanze mu minsi ya vuba Ni film yanditswe na Dusenge Xavier nyuma yo kugira igitekerezo ubwo yigaga mu mashuri yisumbuye. Igaragaza urugendo rw&#8217;Ubumwe bw&#8217;abanyarwanda mu myaka (30) ishize habaye Jenocide yakorewe Abatutsi 1994. Muri 2022 nibwo nibwo yatangiye iyi film &#8220;OUR UNITY&#8221; nyuma y&#8217;uko igitekerezo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-66811","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Byinshi wamenya kuri film &quot;Our unity&quot; Dusenge Xavier agiye gushyira hanze - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Byinshi wamenya kuri film &quot;Our unity&quot; Dusenge Xavier agiye gushyira hanze - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Filme &#8220;Our Unity&#8221; igaruka ku gusigasira Ubumwe bw&#8217;Abanyarwanda igiye kujya hanze mu minsi ya vuba Ni film yanditswe na Dusenge Xavier nyuma yo kugira igitekerezo ubwo yigaga mu mashuri yisumbuye. Igaragaza urugendo rw&#8217;Ubumwe bw&#8217;abanyarwanda mu myaka (30) ishize habaye Jenocide yakorewe Abatutsi 1994. Muri 2022 nibwo nibwo yatangiye iyi film &#8220;OUR UNITY&#8221; nyuma y&#8217;uko igitekerezo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-04-04T09:13:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66811#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66811\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Byinshi wamenya kuri film &#8220;Our unity&#8221; Dusenge Xavier agiye gushyira hanze\",\"datePublished\":\"2024-04-04T09:13:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66811\"},\"wordCount\":463,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66811#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66811\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66811\",\"name\":\"Byinshi wamenya kuri film \\\"Our unity\\\" Dusenge Xavier agiye gushyira hanze - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-04-04T09:13:35+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66811#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66811\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66811#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Byinshi wamenya kuri film &#8220;Our unity&#8221; Dusenge Xavier agiye gushyira hanze\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Byinshi wamenya kuri film \"Our unity\" Dusenge Xavier agiye gushyira hanze - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Byinshi wamenya kuri film \"Our unity\" Dusenge Xavier agiye gushyira hanze - BWIZA","og_description":"Filme &#8220;Our Unity&#8221; igaruka ku gusigasira Ubumwe bw&#8217;Abanyarwanda igiye kujya hanze mu minsi ya vuba Ni film yanditswe na Dusenge Xavier nyuma yo kugira igitekerezo ubwo yigaga mu mashuri yisumbuye. Igaragaza urugendo rw&#8217;Ubumwe bw&#8217;abanyarwanda mu myaka (30) ishize habaye Jenocide yakorewe Abatutsi 1994. Muri 2022 nibwo nibwo yatangiye iyi film &#8220;OUR UNITY&#8221; nyuma y&#8217;uko igitekerezo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-04-04T09:13:35+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Byinshi wamenya kuri film &#8220;Our unity&#8221; Dusenge Xavier agiye gushyira hanze","datePublished":"2024-04-04T09:13:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811"},"wordCount":463,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=66811#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811","name":"Byinshi wamenya kuri film \"Our unity\" Dusenge Xavier agiye gushyira hanze - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-04-04T09:13:35+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=66811"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66811#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Byinshi wamenya kuri film &#8220;Our unity&#8221; Dusenge Xavier agiye gushyira hanze"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/66811","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=66811"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/66811\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=66811"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=66811"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=66811"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}