{"id":66854,"date":"2024-04-05T11:43:48","date_gmt":"2024-04-05T09:43:48","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=66854"},"modified":"2024-04-05T11:43:48","modified_gmt":"2024-04-05T09:43:48","slug":"p-kagame-arifuza-ko-umubano-w-u-rwanda-na-afurika-y-epfo-wazambijwe-n-abarimo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854","title":{"rendered":"P. Kagame arifuza ko umubano w&#8217;u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo wazambijwe n&#8217;abarimo Col. Karegeya wasubira mu buryo"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida Paul Kagame yatangaje ko yifuza kubona umubano w&#8217;u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo usubira mu buryo ukaba nk&#8217;uko wahoze, nyuma y&#8217;igihe kirekire warazambye.<\/strong><\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n&#8217;umunyamakuru Sophie Mokoena wa SABC (Igitangazamakuru cya leta ya Afurika y&#8217;Epfo).<\/p>\n<p>Kuva mu 1994 ubwo Afurika y&#8217;Epfo yari ikiyobowe na Nelson Mandela u Rwanda rwari rubanye na yo neza, ndetse uwo mubano uza no gukomeza mu gihe cy&#8217;ubutegetsi bwa Thabo Mbeki wamusimbuye ku butegetsi.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko muri icyo gihe &#8220;umubano ntabwo wari mwiza gusa, ahubwo wari unafite inyungu&#8221;.<\/p>\n<p>Yavuze ko kuri ubu u Rwanda rufite urubyiruko rubarirwa mu magana rwoherejwe kwiga muri Afurika y&#8217;Epfo, kubera ko iki gihugu cyemeye kuruha ubufasha.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ni nkaho Afurika y&#8217;Epfo ari yo yabishyuriraga amafaranga y&#8217;ishuri ku rwego nk&#8217;urw&#8217;abaturage bayo, byari ibintu byiza cyane. Nta bibazo bya Visa byigeze bibaho, mu by&#8217;ukuri wari umusanzu ukomeye ku byo dufite hano mu bijyanye n&#8217;iterambere. Aba bantu bakiri bato uzahura na bo hano bari mu myaka 30 bazakubwira ko bize muri Afurika y&#8217;Epfo, muri icyo gihe ibintu byari byiza cyane.&#8221;<\/p>\n<p>Umubano wa Kigali na Pretoria watangiye kuzamba muri za 2008, urushaho kuba mubi mu myaka yakurikiyeho ubwo Jacob Zuma yari amaze kugera ku butegetsi.<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame yabwiye umunyamakuru wa SABC ko urupfu rwa Colonel Patrick Karegeya ruri mu byawuzambije. Uyu musirikare wahoze akuriye ubutasi bw&#8217;u Rwanda yiciwe i Johannesburg mu Ukuboza 2013, aho yari amaze igihe yarahungiye nyuma y&#8217;uko Perezida Kagame yari amaze kumwirukana amuhora kwiba umutungo w&#8217;igihugu.<\/p>\n<p>Perezida Kagame agaruka ku izamba ry&#8217;umubano yagize ati: &#8220;Nyuma twatangiye kwibaza ikijya mbere. Nyuma ya 2010 noneho haje uyu mugabo wahoze akuriye ubutasi wapfiriye muri Afurika y&#8217;Epfo. Ikibazo cya mbere cyahise kibazwa [u Rwanda] cyabaye &#8216;ni gute umuntu wahoze akuriye ubutasi wabaga muri Afurika nk&#8217;impunzi yicwa'&#8221;?<\/p>\n<p>Mu bindi byatumye umubano w&#8217;ibihugu byombi uzamba harimo kuba Afurika y&#8217;Epfo icumbikiye abenshi mu bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yavuze ko yifuza ko ibibazo biri hagati y&#8217;ibihugu byombi byakemuka &#8220;umubano ugasubira uko wahoze&#8221;.<\/p>\n<p>Kuri ubu Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y&#8217;Epfo ategerejwe mu Rwanda aho agomba kwitabira umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Ni umuhango kandi uzanitabirwa na Thabo Mbeki wahoze ari Perezida wa Afurika y&#8217;Epfo.<\/p>\n<p>Byitezwe ko ba Perezida Kagame na Ramaphosa bashobora kugirana ibiganiro bigamije kureba uko umubano w&#8217;ibihugu bayoboye wasubira mu buryo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Paul Kagame yatangaje ko yifuza kubona umubano w&#8217;u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo usubira mu buryo ukaba nk&#8217;uko wahoze, nyuma y&#8217;igihe kirekire warazambye. Umukuru w&#8217;Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n&#8217;umunyamakuru Sophie Mokoena wa SABC (Igitangazamakuru cya leta ya Afurika y&#8217;Epfo). Kuva mu 1994 ubwo Afurika y&#8217;Epfo yari ikiyobowe na Nelson Mandela u Rwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,131],"class_list":["post-66854","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>P. Kagame arifuza ko umubano w&#039;u Rwanda na Afurika y&#039;Epfo wazambijwe n&#039;abarimo Col. Karegeya wasubira mu buryo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"P. Kagame arifuza ko umubano w&#039;u Rwanda na Afurika y&#039;Epfo wazambijwe n&#039;abarimo Col. Karegeya wasubira mu buryo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Paul Kagame yatangaje ko yifuza kubona umubano w&#8217;u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo usubira mu buryo ukaba nk&#8217;uko wahoze, nyuma y&#8217;igihe kirekire warazambye. Umukuru w&#8217;Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n&#8217;umunyamakuru Sophie Mokoena wa SABC (Igitangazamakuru cya leta ya Afurika y&#8217;Epfo). Kuva mu 1994 ubwo Afurika y&#8217;Epfo yari ikiyobowe na Nelson Mandela u Rwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-04-05T09:43:48+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66854#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66854\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"P. Kagame arifuza ko umubano w&#8217;u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo wazambijwe n&#8217;abarimo Col. Karegeya wasubira mu buryo\",\"datePublished\":\"2024-04-05T09:43:48+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66854\"},\"wordCount\":426,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66854#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66854\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66854\",\"name\":\"P. Kagame arifuza ko umubano w'u Rwanda na Afurika y'Epfo wazambijwe n'abarimo Col. Karegeya wasubira mu buryo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-04-05T09:43:48+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66854#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66854\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66854#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"P. Kagame arifuza ko umubano w&#8217;u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo wazambijwe n&#8217;abarimo Col. Karegeya wasubira mu buryo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"P. Kagame arifuza ko umubano w'u Rwanda na Afurika y'Epfo wazambijwe n'abarimo Col. Karegeya wasubira mu buryo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"P. Kagame arifuza ko umubano w'u Rwanda na Afurika y'Epfo wazambijwe n'abarimo Col. Karegeya wasubira mu buryo - BWIZA","og_description":"Perezida Paul Kagame yatangaje ko yifuza kubona umubano w&#8217;u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo usubira mu buryo ukaba nk&#8217;uko wahoze, nyuma y&#8217;igihe kirekire warazambye. Umukuru w&#8217;Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n&#8217;umunyamakuru Sophie Mokoena wa SABC (Igitangazamakuru cya leta ya Afurika y&#8217;Epfo). Kuva mu 1994 ubwo Afurika y&#8217;Epfo yari ikiyobowe na Nelson Mandela u Rwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-04-05T09:43:48+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"P. Kagame arifuza ko umubano w&#8217;u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo wazambijwe n&#8217;abarimo Col. Karegeya wasubira mu buryo","datePublished":"2024-04-05T09:43:48+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854"},"wordCount":426,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=66854#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854","name":"P. Kagame arifuza ko umubano w'u Rwanda na Afurika y'Epfo wazambijwe n'abarimo Col. Karegeya wasubira mu buryo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-04-05T09:43:48+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=66854"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66854#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"P. Kagame arifuza ko umubano w&#8217;u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo wazambijwe n&#8217;abarimo Col. Karegeya wasubira mu buryo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/66854","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=66854"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/66854\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=66854"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=66854"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=66854"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}