{"id":6687,"date":"2017-08-05T11:44:10","date_gmt":"2017-08-05T11:44:10","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/05\/nyuma-yo-gutora-bwa-mbere-arasaba-perezida-utorwa-kubakemurira-ikibazo\/"},"modified":"2025-02-12T15:53:58","modified_gmt":"2025-02-12T13:53:58","slug":"nyuma-yo-gutora-bwa-mbere-arasaba-perezida-utorwa-kubakemurira-ikibazo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687","title":{"rendered":"Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Nyiransabimana Valentine, umukobwa w\u2019imyaka 18 y\u2019amavuko yatoye bwa mbere mu mateka ye nyuma yo kubyemererwa n\u2019amategeko, ahereye mu matora ya  Perezida wa Repubulika, asaba ko uzatorwa wese yazabakemurira ikibazo kibakomereye cy\u2019umuhanda bacamo bagiye ku ishuri.<\/strong> <\/em><br \/>\nMu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyiransabimana yavuze ko ashimishijwe n\u2019iki gikorwa ariko akaba afite igitekerezo cy\u2019ibyo umuyobozi utorwa kuri uyu mwanya akwiye kubafashamo.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKu bijyanye n\u2019iyo migabo n\u2019imigambi ngo yumvise aho yigaga ku Rwunge rw\u2019Amashuri rwa Janja mu karere ka Gakenke n\u2019iya Paul Kagame yumviye aho bamwamamazaga muri ako gace.<br \/>\nIbibazo yumva Perezida uzatorwa akwiye kwihatira gukemura ni iby\u2019umuhanda Musanze-Janja, kuko ngo usanga hari igihe Babura imodoka zibajyana ku ishuri kubera ko udakoze. Mu minsi yashize ho ngo hari ubwo bajyaga ku ishuri bakagenda bava mu modoka ngo ibashe gutambuka ku mateme yabaga yapfuye ariko ngo hari ibyakozwe.<br \/>\nGusa ngo ntibibabuza kwishyura amafaranga 3000 mu rugendo rw\u2019amasaha abiri n\u2019igice bakora bagana ku ishuri, nabwo ngo usanga mu gihe cy\u2019impeshyi hari abatwara imodoka zo mu bwoko bwa coaster banga kujya muri ako gace kubera ko ngo haba hari ivumbi ryinshi.<br \/>\nAti \u201c Umuyobozi utorwa ndamusaba kudukorera uriya muhanda rwose uratuvuna, urumva ko numara gukorwa tuzajya tujya ku ishuri nta kibazo; ibyo bibazo tudahura nabyo.\u201d<br \/>\nMu bindi yumva umuyobozi uzatorwa akwiriye kwihatira gukora birimo guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubukene kigaragara kuri bamwe mu baturage ba Burera, abadafite amazi n\u2019amashanyarazi.<br \/>\nNk\u2019umuturage ugaragaza ko atirengagiza inshingano ze nk\u2019umwenegihugu mwiza, Nyiransabimana yavuze ko na we azagira uruhare mu gufasha umuyobozi utorwa gukomeza gusohoza inshingano ze.<br \/>\nAti \u201c Na njye nzihatira gukomeza kurinda ibyagezweho kuko ntawe nakwemerera asenya nk\u2019uyu muhanda [wa Musanze-Gatuna yari ahagazeho). Ikindi ni ukwirindira umutekano dutangira ku gihe amakuru ku bashobora kuwuhungabanya. Ikindi ni ugushishikariza urubyiruko gukora cyane tukiteza imbere, abiga tugashyiramo imbaraga.\u201d<br \/>\nNyiransabimana akomeza avuga ko yatoye ahereye ku byo yumva bishoboka umukandida runaka ashobora kubageaho, kuko ngo adashobora gutora umukandida wabasezeranyije ibintu abona atazageraho.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu muryango wa Nyiransabimana hatoye abantu bane ni ukuvuga nyina na bakuru be babiri.<br \/>\nKuri site y\u2019itora ya Maya II hatoreye abaturage 1981, abasaga 62% bari bamaze gutora kugeza saa Mbiri n\u2019iminota 47 za mu gitondo, nkuko Ndayisaba Theogene ukuriye iyi site yabitangaje. Muri aka kagari hari amasite abiri yabereyeho icyo gikorwa.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\nNtakirutimana Deus@Bwiza<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyiransabimana Valentine, umukobwa w\u2019imyaka 18 y\u2019amavuko yatoye bwa mbere mu mateka ye nyuma yo kubyemererwa n\u2019amategeko, ahereye mu matora ya Perezida wa Repubulika, asaba ko uzatorwa wese yazabakemurira ikibazo kibakomereye cy\u2019umuhanda bacamo bagiye ku ishuri. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyiransabimana yavuze ko ashimishijwe n\u2019iki gikorwa ariko akaba afite igitekerezo cy\u2019ibyo umuyobozi utorwa kuri uyu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6687","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyiransabimana Valentine, umukobwa w\u2019imyaka 18 y\u2019amavuko yatoye bwa mbere mu mateka ye nyuma yo kubyemererwa n\u2019amategeko, ahereye mu matora ya Perezida wa Repubulika, asaba ko uzatorwa wese yazabakemurira ikibazo kibakomereye cy\u2019umuhanda bacamo bagiye ku ishuri. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyiransabimana yavuze ko ashimishijwe n\u2019iki gikorwa ariko akaba afite igitekerezo cy\u2019ibyo umuyobozi utorwa kuri uyu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-05T11:44:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:53:58+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6687#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6687\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye\",\"datePublished\":\"2017-08-05T11:44:10+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:53:58+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6687\"},\"wordCount\":407,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6687#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6687\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6687\",\"name\":\"Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-05T11:44:10+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:53:58+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6687#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6687\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6687#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye - BWIZA","og_description":"Nyiransabimana Valentine, umukobwa w\u2019imyaka 18 y\u2019amavuko yatoye bwa mbere mu mateka ye nyuma yo kubyemererwa n\u2019amategeko, ahereye mu matora ya Perezida wa Repubulika, asaba ko uzatorwa wese yazabakemurira ikibazo kibakomereye cy\u2019umuhanda bacamo bagiye ku ishuri. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyiransabimana yavuze ko ashimishijwe n\u2019iki gikorwa ariko akaba afite igitekerezo cy\u2019ibyo umuyobozi utorwa kuri uyu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-05T11:44:10+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:53:58+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye","datePublished":"2017-08-05T11:44:10+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:53:58+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687"},"wordCount":407,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6687#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687","name":"Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-05T11:44:10+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:53:58+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6687"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6687#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6687","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6687"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6687\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6687"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6687"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6687"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}