{"id":66917,"date":"2024-04-08T09:00:45","date_gmt":"2024-04-08T07:00:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=66917"},"modified":"2024-04-08T09:00:45","modified_gmt":"2024-04-08T07:00:45","slug":"ramaphosa-yatanze-icyizere-ku-izahuka-ry-umubano-wa-afurika-y-epfo-n-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917","title":{"rendered":"Ramaphosa yatanze icyizere ku izahuka ry&#8217;umubano wa Afurika y&#8217;Epfo n&#8217;u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y&#8217;Epfo yatangaje ko hari icyizere cy&#8217;uko mu minsi iri imbere Afurika y&#8217;Epfo ishobora kongera kubana neza n&#8217;u Rwanda, nyuma y&#8217;igihe ibihugu byombi bidacana uwaka.<\/strong><\/p>\n<p>Ramaphosa yabitangaje nyuma yo kugirira uruzinduko mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize agiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame ndetse anitabira umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame aheruka kubwira SABC News ko yifuza ko umubano w&#8217;u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo umaze imyaka irenga 10 warazambye wasubira mu buryo.<\/p>\n<p>Ni umubano watangiye kuzamba muri 2008, urushaho kuba mubi muri 2013 ubwo Colonel Patrick Karegeya wahoze akuriye ubutasi bw&#8217;u Rwanda yarasirwaga i Johannesburg yari yarahungiye muri 2013.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;urupfu rwe u Rwanda rwashyizwe mu majwi rushinjwa kuba ari rwo rwaba rwaramwivuganye.<\/p>\n<p>Perezida Kagame mu kwezi gushize ubwo yaganiraga na Jeune Afrique bwo yanenze Afurika y&#8217;Epfo ku kuba yarohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zo kurwana ku ruhande rwa Leta y&#8217;iki gihugu isanzwe ifatanya n&#8217;inyeshyamba za FDLR mu kurwanya M23, agaragaza ko Pretoria iri mu mafuti.<\/p>\n<p>Ramaphosa nyuma yo kugenderera u Rwanda, yabwiye SABC ko uruzinduko rwe rwatanze umusaruro, kuko yabashije kuganira na mugenzi we w\u2019u Rwanda ku bibazo bitandukanye biri mu mubano w\u2019ibihugu byombi.<\/p>\n<p>Perezida Kagame ni we wamuhaye ubutumire bwo kuza kwifatanya n&#8217;abanyarwanda mu kwibuka.<\/p>\n<p>Yavuze ko ubu butumire bwakomotse ku mubano mwiza ibihugu byombi byari bifitanye mu myaka yashize.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yabaga mu 30 ishize, Perezida Mandela yarabyicujije kuko tutigeze dufasha Abanyarwanda mu buryo bufatika igihe bari bari guca mu bihe bibakomereye, kuko twari turi gusohoka mu butegetsi bwa Apartheid, icyo bihe byabaye nk\u2019ibihurirana.&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Afurika y\u2019Epfo yagize uruhare muri gahunda nyinshi kandi Perezida Kagame yabivuzeho mu ijambo rye ryo kwibuka uyu munsi, ashimira ubufasha Afurika y\u2019Epfo nyuma ya Apartheid yahaye u Rwanda n\u2019ubufatanye twagaragaje, uburyo twafashije u Rwanda kongera kubaka urwego rw\u2019ubuzima binyuze mu kwishyura abadogiteri bavuye muri Cuba, no gufungura imiryango ku Banyarwanda ngo baze kwiga muri kaminuza n\u2019Amashuri Makuru muri Afurika y\u2019Epfo ndetse yavuze ko benshi mu bize muri Afurika y\u2019Epfo bari mu myanya itandukanye yubuyobozi mu gihugu cyabo.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Cyril Ramaphosa yavuze ko ibi bigaragaza umubano mwiza ibihugu byigeze kugirana nubwo nyuma haje kuzamo ibibazo byatumye uzamo agatotsi.<\/p>\n<p>Yunzemo ko nyuma yo kuganira na Perezida Kagame hari icyizere cy&#8217;uko uyu mubano uzongera kubyuka vuba.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Mu ijoro ryacyeye nagiranye na we ibiganiro birambuye ku buryo dushobora kongera kunoza umubano wacu, mu buryo bw\u2019ubufatanye tugakemura ibibazo birimo ibya Visa, ibifitanye isano n\u2019ingengo, kandi twizeye ko tugiye kujya mu nzira nziza yo kubyutsa no kongera kubaka uyu mubano.&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Mvuze kuwubyutsa kubera ko ni umubano usanzweho kandi umubano hagati y\u2019ibihugu hari igihe uzamo ibibazo ugahagarara, ariko ibyo bizakemurwa.&#8221;<\/p>\n<p>Ku bwa Perezida Ramaphosa, kuba u Rwanda na Afurika y&#8217;Epfo byakomeza kurebana ay&#8217;ingwe byaba ari &#8220;ugushimisha abifuza ko ibihugu bikomeza kubana nabi&#8221;.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y&#8217;Epfo yatangaje ko hari icyizere cy&#8217;uko mu minsi iri imbere Afurika y&#8217;Epfo ishobora kongera kubana neza n&#8217;u Rwanda, nyuma y&#8217;igihe ibihugu byombi bidacana uwaka. Ramaphosa yabitangaje nyuma yo kugirira uruzinduko mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize agiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame ndetse anitabira umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-66917","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ramaphosa yatanze icyizere ku izahuka ry&#039;umubano wa Afurika y&#039;Epfo n&#039;u Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ramaphosa yatanze icyizere ku izahuka ry&#039;umubano wa Afurika y&#039;Epfo n&#039;u Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y&#8217;Epfo yatangaje ko hari icyizere cy&#8217;uko mu minsi iri imbere Afurika y&#8217;Epfo ishobora kongera kubana neza n&#8217;u Rwanda, nyuma y&#8217;igihe ibihugu byombi bidacana uwaka. Ramaphosa yabitangaje nyuma yo kugirira uruzinduko mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize agiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame ndetse anitabira umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-04-08T07:00:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66917#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66917\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Ramaphosa yatanze icyizere ku izahuka ry&#8217;umubano wa Afurika y&#8217;Epfo n&#8217;u Rwanda\",\"datePublished\":\"2024-04-08T07:00:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66917\"},\"wordCount\":496,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66917#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66917\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66917\",\"name\":\"Ramaphosa yatanze icyizere ku izahuka ry'umubano wa Afurika y'Epfo n'u Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-04-08T07:00:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66917#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66917\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66917#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ramaphosa yatanze icyizere ku izahuka ry&#8217;umubano wa Afurika y&#8217;Epfo n&#8217;u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ramaphosa yatanze icyizere ku izahuka ry'umubano wa Afurika y'Epfo n'u Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ramaphosa yatanze icyizere ku izahuka ry'umubano wa Afurika y'Epfo n'u Rwanda - BWIZA","og_description":"Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y&#8217;Epfo yatangaje ko hari icyizere cy&#8217;uko mu minsi iri imbere Afurika y&#8217;Epfo ishobora kongera kubana neza n&#8217;u Rwanda, nyuma y&#8217;igihe ibihugu byombi bidacana uwaka. Ramaphosa yabitangaje nyuma yo kugirira uruzinduko mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize agiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame ndetse anitabira umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-04-08T07:00:45+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Ramaphosa yatanze icyizere ku izahuka ry&#8217;umubano wa Afurika y&#8217;Epfo n&#8217;u Rwanda","datePublished":"2024-04-08T07:00:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917"},"wordCount":496,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=66917#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917","name":"Ramaphosa yatanze icyizere ku izahuka ry'umubano wa Afurika y'Epfo n'u Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-04-08T07:00:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=66917"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66917#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ramaphosa yatanze icyizere ku izahuka ry&#8217;umubano wa Afurika y&#8217;Epfo n&#8217;u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/66917","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=66917"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/66917\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=66917"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=66917"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=66917"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}