{"id":66938,"date":"2024-04-08T14:21:40","date_gmt":"2024-04-08T12:21:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=66938"},"modified":"2024-04-08T14:21:40","modified_gmt":"2024-04-08T12:21:40","slug":"perezida-kagame-yagaragaje-ko-hari-abitwikira-itangazamakuru-bakajora-ibyo-u","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938","title":{"rendered":"Perezida Kagame yagaragaje ko hari abitwikira itangazamakuru bakajora ibyo u Rwanda rwagezeho"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida Kagame yavuze ko mu myaka 30 ishize u Rwanda rwagiye rwiyubaka mu nzego zitandukanye, ariko hakaba hari abashaka kugaragaza ko muri iyo myaka nta cyahindutse ko rwakomeje kumera uko rwari rumeze<\/strong><\/p>\n<p>Yakomoje kuri iyi ngingo ubwo yasubizaga umunyamakuru wari umubajije ukuntu ngo atajya akunda kugaragara cyane aseka, nyamara asubiza ko muri iki gihe ahubwo yishima agaseka kuko hari ibishimishije byatuma umuntu useka, mu gihe mu myaka ishize yatambutse ntacyo abona cyari gutuma akunda guseka.<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yavuze ko abamuvugaho kuba uwo atari we , akenshi babivugira mu itangazamakuru, bigakorwa n\u2019abanyamakuru.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yagaragaje ko hari ibitangazamakuru bishishikazwa no kwandika ko mu Rwanda nta cyahindutse mu bijyanye n&#8217;iterambere ry&#8217;u Rwanda mu myaka 25 ishize.Yabivuze mu kiganiro n&#8217;itangazamakuru kuri uyu wa Mbere taliki 8 Mata 2024.<\/p>\n<p>Umukuri w&#8217;Igihugu yavuze ko hari ibitangazamakuru byo mu Muburengerazuba bw&#8217;isi isanga bikunda kwandika inkuru zisubiramo ziganisha ku gushaka kumvikanisha ko  u Rwanda ntacyo rwagezeho mu myaka 30 ishize.<\/p>\n<p>Ati&#8221;Bavuga ko u Rwanda ari igihugu gikennye, yego turakennye ntituragera aho ibihugu bikize bigeze,ariko ubukene dufite sibwo twari dufite kuva 1995,2000, ntabwo ariko bikimeze muri 2024.Gusa uzumva umuntu umwe yanditse mu itangazamakuru ko ibyo dufite ubu aribyo twari dufite mu myaka 25 ishize.&#8221;<\/p>\n<p>Avuga ko aho igihugu kigeze  nta bakomeye barufiteho uburenganzira bwo kuruyobora uko rugomba kubaho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Kagame yavuze ko mu myaka 30 ishize u Rwanda rwagiye rwiyubaka mu nzego zitandukanye, ariko hakaba hari abashaka kugaragaza ko muri iyo myaka nta cyahindutse ko rwakomeje kumera uko rwari rumeze Yakomoje kuri iyi ngingo ubwo yasubizaga umunyamakuru wari umubajije ukuntu ngo atajya akunda kugaragara cyane aseka, nyamara asubiza ko muri iki gihe ahubwo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-66938","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame yagaragaje ko hari abitwikira itangazamakuru bakajora ibyo u Rwanda rwagezeho - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame yagaragaje ko hari abitwikira itangazamakuru bakajora ibyo u Rwanda rwagezeho - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Kagame yavuze ko mu myaka 30 ishize u Rwanda rwagiye rwiyubaka mu nzego zitandukanye, ariko hakaba hari abashaka kugaragaza ko muri iyo myaka nta cyahindutse ko rwakomeje kumera uko rwari rumeze Yakomoje kuri iyi ngingo ubwo yasubizaga umunyamakuru wari umubajije ukuntu ngo atajya akunda kugaragara cyane aseka, nyamara asubiza ko muri iki gihe ahubwo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-04-08T12:21:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66938#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66938\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Perezida Kagame yagaragaje ko hari abitwikira itangazamakuru bakajora ibyo u Rwanda rwagezeho\",\"datePublished\":\"2024-04-08T12:21:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66938\"},\"wordCount\":224,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66938#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66938\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66938\",\"name\":\"Perezida Kagame yagaragaje ko hari abitwikira itangazamakuru bakajora ibyo u Rwanda rwagezeho - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-04-08T12:21:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66938#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66938\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=66938#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame yagaragaje ko hari abitwikira itangazamakuru bakajora ibyo u Rwanda rwagezeho\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame yagaragaje ko hari abitwikira itangazamakuru bakajora ibyo u Rwanda rwagezeho - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame yagaragaje ko hari abitwikira itangazamakuru bakajora ibyo u Rwanda rwagezeho - BWIZA","og_description":"Perezida Kagame yavuze ko mu myaka 30 ishize u Rwanda rwagiye rwiyubaka mu nzego zitandukanye, ariko hakaba hari abashaka kugaragaza ko muri iyo myaka nta cyahindutse ko rwakomeje kumera uko rwari rumeze Yakomoje kuri iyi ngingo ubwo yasubizaga umunyamakuru wari umubajije ukuntu ngo atajya akunda kugaragara cyane aseka, nyamara asubiza ko muri iki gihe ahubwo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-04-08T12:21:40+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Perezida Kagame yagaragaje ko hari abitwikira itangazamakuru bakajora ibyo u Rwanda rwagezeho","datePublished":"2024-04-08T12:21:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938"},"wordCount":224,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=66938#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938","name":"Perezida Kagame yagaragaje ko hari abitwikira itangazamakuru bakajora ibyo u Rwanda rwagezeho - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-04-08T12:21:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=66938"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=66938#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame yagaragaje ko hari abitwikira itangazamakuru bakajora ibyo u Rwanda rwagezeho"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/66938","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=66938"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/66938\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=66938"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=66938"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=66938"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}