{"id":6715,"date":"2017-08-07T13:08:49","date_gmt":"2017-08-07T13:08:49","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/07\/ese-ni-ngombwa-guhumiriza-gupfukama-gutega-amaboko-n-ibindi-mu-gihe-cyo-usenga\/"},"modified":"2025-02-25T14:18:18","modified_gmt":"2025-02-25T12:18:18","slug":"ese-ni-ngombwa-guhumiriza-gupfukama-gutega-amaboko-n-ibindi-mu-gihe-cyo-usenga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715","title":{"rendered":"Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n\u2019ibindi mu gihe cyo usenga?"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abantu benshi bakunze gutekereza ko hariho amasaha cyangwa ahantu habugenewe baba bagomba gusenga Imana ikabumva ndetse bamwe bakanagira inyifato mu gihe barimo basenga.<\/em> <\/strong><br \/>\nNi muri ubwo buryo hari abahumiriza, abapfukama, abatega amaboko, abubika umutwe bakareba hasi n\u2019ibindi bitandukanye.<br \/>\nGusa biragoye kumenya nyir\u2019izina uburyo bwo kwifata mu gihe cyo gusenga muri ubu bwose bwavuzwe kugirango Imana ikumve.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nInshuro nyinshi, amasengesho afatwa nk\u2019aho hari uburyo runaka bwagenwe budahinduka umuntu yakoresha igihe asenga. Hari n\u2019abantu batekereza ko batavuze ibintu byiza, cyangwa badasenze bari ahantu heza Imana idashobora kubumva kuburyo isubiza amasengesho yabo.<br \/>\nAriko ibi bihabanye na Bibiliya. Imana ntisubiza amasengesho yacu igendeye ku gihe dusengeye, uburyo dusenga tumeze, aho twasengeye cyangwa n\u2019amagambo tuba twakoresheje.<br \/>\n\u2018\u2019Kandi icyo ni cyo kidutera gutinyuka imbere ye, ni uko atwumva iyo dusabye ikintu nk\u2019uko ashaka, kandi ubwo tuzi ko yumva icyo dusabye cyose, tuzi n\u2019uko duhawe ibyo tumusabye byose, tuzi n\u2019uko duhawe icyo tumusabye\u2019\u2019( 1 yohana 5:14-15)<br \/>\nMuri Yohana 14:13-14 haravuga ngo \u2018\u2019Kandi icyo muzasaba mw\u2019izina ryanjye, nzagikorera kugira ngo Data yubahirizwe mu mwana we. Nimugira icyo musaba cyose mu izina ryanjye nzagikora.\u2019\u2019<br \/>\n <strong>Bibiliya yerekana uburyo bwiza bwo gusenga<\/strong><br \/>\n\u2018\u2019Ntimukagire icyo mwiganyira, ahubwo ibyo mushaka byose bimenywe n\u2019Imana mubisabiye, mubyingingiye, mushima. Nuko amahoro y\u2019Imana ahebuje rwose ayo umuntu yamenya, azarindire imitima yanyu n\u2019ibyo mwibwira muri Kristo Yesu.\u2019\u2019 (Abafilipi 4:6-7)<br \/>\nImana izasubiza amasengesho yacu yose kubw\u2019imbabazi n\u2019urukundo izagirira imitima yacu imenetse, iyishima kandi iyiciriye bugufi. Uburyo bwiza bwo gusenga ni ugufungurira Imana imitima yacu, tukiyeza kandi tukayitunganira mbere y\u2019uko dutangira isengesho kuko Imana Yo ituzi cyane kuruta uko twiyizi.<br \/>\nImana yishimira ikiri imbere mu mitima yacu kuruta amagambo meza dushoshora kuyibwira igihe dusenga.<br \/>\n <strong>muri <\/strong> Matayo 6:5-13 hagira hati\u201cNimusenga ntimukamere nk\u2019indyarya, kuko bakunda gusenga bahagaze mu masinagogi no mu nzira ngo abantu babarebe. Ndababwira ukuri yuko bamaze kugororerwa ingororano zabo.<br \/>\nWehoho nusenga ujye winjira mu nzu ubanze ukinge urugi, uhereko usenge So mwihereranye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNuko So ureba ibyiherereye azakugororera.\u2019\u2019Namwe nimusenga, ntimukavuge amagambo muyasubiramo hato na hato nk\u2019uko abapagani bagira, bibwira ko kuvuga amagambo menshi ari byo bituma bumvirwa. Nuko ntimugase na bo, kuko So azi ibyo mukennye mutaramusaba.\u2019\u2019<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n<a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu benshi bakunze gutekereza ko hariho amasaha cyangwa ahantu habugenewe baba bagomba gusenga Imana ikabumva ndetse bamwe bakanagira inyifato mu gihe barimo basenga. Ni muri ubwo buryo hari abahumiriza, abapfukama, abatega amaboko, abubika umutwe bakareba hasi n\u2019ibindi bitandukanye. Gusa biragoye kumenya nyir\u2019izina uburyo bwo kwifata mu gihe cyo gusenga muri ubu bwose bwavuzwe kugirango Imana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-6715","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n\u2019ibindi mu gihe cyo usenga? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n\u2019ibindi mu gihe cyo usenga? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu benshi bakunze gutekereza ko hariho amasaha cyangwa ahantu habugenewe baba bagomba gusenga Imana ikabumva ndetse bamwe bakanagira inyifato mu gihe barimo basenga. Ni muri ubwo buryo hari abahumiriza, abapfukama, abatega amaboko, abubika umutwe bakareba hasi n\u2019ibindi bitandukanye. Gusa biragoye kumenya nyir\u2019izina uburyo bwo kwifata mu gihe cyo gusenga muri ubu bwose bwavuzwe kugirango Imana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-07T13:08:49+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:18:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6715#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6715\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n\u2019ibindi mu gihe cyo usenga?\",\"datePublished\":\"2017-08-07T13:08:49+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:18:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6715\"},\"wordCount\":390,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6715#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6715\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6715\",\"name\":\"Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n\u2019ibindi mu gihe cyo usenga? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-07T13:08:49+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:18:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6715#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6715\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6715#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n\u2019ibindi mu gihe cyo usenga?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n\u2019ibindi mu gihe cyo usenga? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n\u2019ibindi mu gihe cyo usenga? - BWIZA","og_description":"Abantu benshi bakunze gutekereza ko hariho amasaha cyangwa ahantu habugenewe baba bagomba gusenga Imana ikabumva ndetse bamwe bakanagira inyifato mu gihe barimo basenga. Ni muri ubwo buryo hari abahumiriza, abapfukama, abatega amaboko, abubika umutwe bakareba hasi n\u2019ibindi bitandukanye. Gusa biragoye kumenya nyir\u2019izina uburyo bwo kwifata mu gihe cyo gusenga muri ubu bwose bwavuzwe kugirango Imana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-07T13:08:49+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:18:18+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n\u2019ibindi mu gihe cyo usenga?","datePublished":"2017-08-07T13:08:49+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:18:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715"},"wordCount":390,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6715#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715","name":"Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n\u2019ibindi mu gihe cyo usenga? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-07T13:08:49+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:18:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6715"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6715#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n\u2019ibindi mu gihe cyo usenga?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6715","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6715"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6715\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6715"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6715"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6715"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}