{"id":6755,"date":"2017-08-10T06:06:22","date_gmt":"2017-08-10T06:06:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/10\/minisitiri-w-intebe-asanga-icyuho-cy-abagore-mu-buyobozi-bwa-siporo-mu-rwanda\/"},"modified":"2017-08-10T06:06:22","modified_gmt":"2017-08-10T06:06:22","slug":"minisitiri-w-intebe-asanga-icyuho-cy-abagore-mu-buyobozi-bwa-siporo-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755","title":{"rendered":"Minisitiri w\u2019Intebe asanga icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa Siporo mu Rwanda kizakemuka"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Minisitiri w\u2019Intebe, Anastase  Murekezi yemeza ko u Rwanda rwakoze byinshi mu guteza imbere uruhare rw\u2019abagore mu iterambere ry\u2019igihugu biciye mu gushimangira ihame ry\u2019uburinganire n\u2019ubwuzuzanye, ariko ko hakiri ikibazo cy\u2019umubare muke w\u2019abagore mu buyobozi bwa siporo mu Rwanda kigomba gushakirwa igisubizo.<\/strong> <\/em><br \/>\nYabitangaje ku wa Gatatu tariki ya 9 Kanama 2017, ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama Mpuzamahanga y\u2019iminsi itatu iri kubera mu Rwanda, igamije gukangurira abagore kujya mu buyobozi bw&#8217;inzego za siporo no kubongerera ubushobozi muri rusange, ihuje abayobozi b\u2019abagore muri uru rwego bo ku migabane ya Afurika na Aziya.<br \/>\nMinisitiri w&#8217;Intebe, Murekezi Anastase yemeza ko u Rwanda rwakoze byinshi mu guteza imbere abagore dore ko rwiyemeje ko abagera kuri 30% bagomba kugaragara mu nzego zifata ibyemezo, ibyo bijyanye na gahunda ya HeforShe yagizwemo uruhare na Perezida wa Repubulika Paul Kagame igaruka ku gaciro k\u2019abagore n\u2019uruhare rwa buri wese kubateza imbere.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNubwo bimeze gutyo ariko abagore baracyari bake mu buyobozi bwa siporo, ati \u201cAbagore n\u2019abagabo barangana  haba mu  bushobozi ndetse no mu gaciro, bityo bakwiye no kungana mu bijyanye n\u2019amahirwe. U Rwanda nk\u2019umuryango mugari dukeneye ko buri wese yakoresha impano ye uko ingana kose.\u201d<br \/>\nYongeraho ati \u201cNubwo u Rwanda rwakoze byinshi mu guteza imbere uburinganire n\u2019ubwuzuzanye muri siporo, turacyafite icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa siporo. Imibare ya vuba y\u2019abagore bari muri komite olimpike mu Rwanda bageze 42.8%, muri federasiyo ya siporo mu Rwanda ni 16% gusa.\u201d<br \/>\nAkomeza asaba ko iyi mibare ikwiye guhinduka abagore bagakomeza kwerekana uruhare rwabo mu byo bashoboye; bateza imbere ibihugu byabo n\u2019Isi muri rusange, kuko ngo no ku rwego mpuzamahanga usanga hari ahakiri icyuho, nyamara abagabo n\u2019abagore bakwiye kugira amahirwe angana muri byose.<br \/>\nKu bijyanye n\u2019u Rwanda ngo bizagenda bihunduka kuko u Rwanda rwiyemeje kubahiriza amahame mpuzamahanga.<br \/>\nUmuyobozi w\u2019ishami rya Loni ryita ku bagore muri Afurika y\u2019I Burasirazuba n\u2019iy\u2019amajyepfo . Izeduwa Derex-Briggs yavuze ko Isi ikwiye kwigira ku Rwa nda intambwe rwateye mu guha agaciro umugore, dore ko usanga bafite imyanya itandukanye mu buyobozi.<br \/>\nAti \u201c U Rwanda ni kimwe mu bihugu birusha ibindi mu gutanga urugero rwiza rw\u2019uko uburinganire n\u2019ubwubuzanye byakomeza gutezwa imbere.<br \/>\nAkomeza avuga ko guhemba umushahara ungana hagati y\u2019abagabo n\u2019abagore muri siporo bishoboka.\u201d<br \/>\nUmuyobozi wa  komite olimpike mu Burundi, akaba n\u2019umwe mu bagize komite mpuzamahanga y\u2019imikino ya olimpike, na komiisyo ya siporo mu bagore muri iyi mikino, Lydie Nsenkera na we ashima u Rwanda intambwe rwateye mu gufasha abagore kugaragara mu buryo budasanzwe mu nzego zifata ibyemezo, akomeza asaba ko iyo ntambwe yazakomeza no gutezwa imbere muri siporo, kuko ngo usanga hakiri icyuho ku mubare w\u2019abagore bari muri izi ngezo.<br \/>\nAti \u201c Imiyoborere myiza bivuze guha umwanya abagore bakagira uruhare mu nzego zose harimo n\u2019iza siporo, kuko izigera kuri 80%  kuri iyo migabane ziyobowe n\u2019abagore.\u201d<br \/>\nUyu mugore ntashidikanye ko abagore bavamo abayobozi beza kuri uru rwego, kuko ngo ni urugero rw\u2019ibishoboka.<br \/>\nAti \u201c Abagore bagaragaje ko bashobora kuba abayobozi beza ndetse no mu nzego za siporo, ndi urugero, dukwiye gukomeza gukangurira abagore kudasigara muri urwo rwego. Ni ngombwa ko abagabo n\u2019abagore bafatwa kimwe muri siporo, mu guhabwa inshingano n\u2019ibindi bibagenerwa.\u201d<br \/>\nAbagore n\u2019abagabo bakwiye kwitabira siporo dore ko ifite imbaraga zo guhindura Isi nkuko byakunze kuvugwa na Nelson Mandela wabaye Perezida wa Afurika y\u2019Epfo<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIyi nama izamara iminsi itatu yatangiye abayitabiriye basura urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku gisozi, aho abayitabiriye bahurije ku mvugo ko ibyabaye mu Rwanda bitazongera.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Ntakirutimana Deus\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri w\u2019Intebe, Anastase Murekezi yemeza ko u Rwanda rwakoze byinshi mu guteza imbere uruhare rw\u2019abagore mu iterambere ry\u2019igihugu biciye mu gushimangira ihame ry\u2019uburinganire n\u2019ubwuzuzanye, ariko ko hakiri ikibazo cy\u2019umubare muke w\u2019abagore mu buyobozi bwa siporo mu Rwanda kigomba gushakirwa igisubizo. Yabitangaje ku wa Gatatu tariki ya 9 Kanama 2017, ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama Mpuzamahanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-6755","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Minisitiri w\u2019Intebe asanga icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa Siporo mu Rwanda kizakemuka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Minisitiri w\u2019Intebe asanga icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa Siporo mu Rwanda kizakemuka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisitiri w\u2019Intebe, Anastase Murekezi yemeza ko u Rwanda rwakoze byinshi mu guteza imbere uruhare rw\u2019abagore mu iterambere ry\u2019igihugu biciye mu gushimangira ihame ry\u2019uburinganire n\u2019ubwuzuzanye, ariko ko hakiri ikibazo cy\u2019umubare muke w\u2019abagore mu buyobozi bwa siporo mu Rwanda kigomba gushakirwa igisubizo. Yabitangaje ku wa Gatatu tariki ya 9 Kanama 2017, ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama Mpuzamahanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-10T06:06:22+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6755#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6755\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Minisitiri w\u2019Intebe asanga icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa Siporo mu Rwanda kizakemuka\",\"datePublished\":\"2017-08-10T06:06:22+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6755\"},\"wordCount\":611,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6755#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6755\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6755\",\"name\":\"Minisitiri w\u2019Intebe asanga icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa Siporo mu Rwanda kizakemuka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-10T06:06:22+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6755#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6755\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6755#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Minisitiri w\u2019Intebe asanga icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa Siporo mu Rwanda kizakemuka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Minisitiri w\u2019Intebe asanga icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa Siporo mu Rwanda kizakemuka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Minisitiri w\u2019Intebe asanga icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa Siporo mu Rwanda kizakemuka - BWIZA","og_description":"Minisitiri w\u2019Intebe, Anastase Murekezi yemeza ko u Rwanda rwakoze byinshi mu guteza imbere uruhare rw\u2019abagore mu iterambere ry\u2019igihugu biciye mu gushimangira ihame ry\u2019uburinganire n\u2019ubwuzuzanye, ariko ko hakiri ikibazo cy\u2019umubare muke w\u2019abagore mu buyobozi bwa siporo mu Rwanda kigomba gushakirwa igisubizo. Yabitangaje ku wa Gatatu tariki ya 9 Kanama 2017, ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama Mpuzamahanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-10T06:06:22+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Minisitiri w\u2019Intebe asanga icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa Siporo mu Rwanda kizakemuka","datePublished":"2017-08-10T06:06:22+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755"},"wordCount":611,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6755#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755","name":"Minisitiri w\u2019Intebe asanga icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa Siporo mu Rwanda kizakemuka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-10T06:06:22+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6755"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6755#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Minisitiri w\u2019Intebe asanga icyuho cy\u2019abagore mu buyobozi bwa Siporo mu Rwanda kizakemuka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6755","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6755"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6755\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6755"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6755"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6755"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}