{"id":6776,"date":"2017-08-04T12:04:06","date_gmt":"2017-08-04T12:04:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/04\/kabarondo-abaturage-b-ingeri-zose-bafashijwe-kwitabira-amatora\/"},"modified":"2017-08-04T12:04:06","modified_gmt":"2017-08-04T12:04:06","slug":"kabarondo-abaturage-b-ingeri-zose-bafashijwe-kwitabira-amatora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776","title":{"rendered":"Kabarondo: Abaturage b\u2019ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Mu Murenge wa Kabarondo, Akarere ka Kayonza, abaturage b\u2019ingeri zose bagejeje igihe cyo gutora bafashijwe kwitabira amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu. Muri bo harimo abakuze cyane, abafite ubumuga ndetse n\u2019abari bitabiriye amatora aribwo bwa mbere.<\/strong><br \/>\nKuri site y\u2019itora ya Ecole Primaire Cyinzovu, saa moya za mu gitondo nibwo bari batangiye gutora n\u2019ubwo hari abaturage bari bahageze ahagana mu ma saa kumi z\u2019igitondo. Muri bo bari biganjemo abantu bakuru bafite imyaka hejuru ya mirongo itanu (50). Gusa hari n\u2019abakuze cyane bahageze kandi bafashwa gutora mbere y\u2019abandi, ibi kandi byakorewe n\u2019abafite ubumuga harimo abari bafite ababaherekeje ndetse n\u2019abandi batari babafite.<br \/>\nGasana ni umusaza ufite imyaka irenga mirongo inani nk\u2019uko yabitangarije itangazamakuru ubwo yari asohotse mu biro by\u2019itora. Yagize ati\u201dmwana wa, ubundi umubyeyi aherekeza abana, ariko nanjye nagombaga kuhagera nkitorera umubyeyi, kandi rwose nahageze kare ndatora, ubu ngiye kuruhuka.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nHabimana Francois Xavier nawe ni umusaza ukuze, abamuzi guhera kera bavuga ko ashobora kuba arengeje imyaka ijana (100), nawe yabaye mu ba mbere bitabiriye amatora ndetse anishimira uburyo yatoye uwo yifuza, yagize ati \u201cnazindutse kare ngo nitorere uwo nifuza, ufite ibigwi by\u2019umuyobozi, umubyeyi w\u2019igihugu\u201d. Habimana yakomeje atangaza ko yishimiye cyane uburyo yatoye mu ba mbere.<br \/>\nNyiramandwa Theresia, ni umukecuru ukuze, agendera ku gakoni k\u2019abakecuru, ntabasha kwunamuka, gusa ntago azi neza umubare w\u2019imyaka afite kugeza ubu. Nawe ngo yashimishijwe no gutora nk\u2019uko yabitangarije itangazamakuru. Yagize ati \u201cahwii, mwana wa, urabona aka gakoni kanjye? Karansindagije kangeza no ku biro by\u2019itora maze nitorera Perezida.\u201d<br \/>\nUmuhoza Sandrine niryo tora yitabiriye rya mbere kuva yafata indangamuntu, ngo ikarita ye y\u2019itora yarabuze ariko yari ari kuri list y\u2019itora kandi afite n\u2019indangamuntu, akaba yabashije kwitabira itora ndetse yanabyishimiye cyane. Ngo yari afite amatsiko menshi, umukandida yatoye ni aramuka atsinze amatora, aramusaba kwita ku iterambere ry\u2019urubyiruko cyane cyane abakirangiza ishuri.<br \/>\nAbafite ubumuga nabo, yaba abagendera mu tugare ndetse n\u2019abatabona, boroherejwe babasha kwitabira amatora. Hagaragaye n\u2019abafite ubumuga bwo kutabona kandi bamwe muri bo batazi gukoresha inyandiko zabagenewe. Amabwiriza ateganya ko azana umwana ufite imyaka hagati ya 14-18 akamutorera. Atamubonye amabwiriza ateganya ko areba umuseseri yizeye akamutorere. Aba nabo bakaba bafashijwe gutora nk\u2019uko babyifuza.<br \/>\n <strong>Gusa muri aya matora habonetsemo n\u2019imbogamizi:<\/strong><br \/>\nBamwe mu bitabiriye itora ryabereye kuri site ya ecole primaire Cyinzovu, basubiye mu rugo badatoye, bitewe n\u2019uko batisanze kuri lisite y\u2019itora. Bamwe muri bo batangaje ko biyimuye bakoresheje telefoni ngendanwa, bakanabona ubutumwa bubamenyesha ko biyimuye, ariko bageze ku biro by\u2019itora ntibisanga ku rutonde.<br \/>\nN\u2019ubwo ahagana saa sita z\u2019amanywa, komisiyo y\u2019amatora yasohoye itangazo ryemerera gutora abafite indangamuntu batari kuri list y\u2019itora, isaha yo gufunga ibiro by\u2019itora yageze aya mabwiriza ataragera ku bayobozi b\u2019ama site, bityo iri tangazo ntiryashyirwa mu bikorwa.<br \/>\nIkindi kibazo cyagaragaye muri uyu murenge wa Kabarondo ku ma site atandukanye, ni imikoranire n\u2019itangazamakuru, aho basabaga ikarita y\u2019akazi ndetse n\u2019urwandiko rw\u2019ubutumwa rw\u2019umwimerere. Ibi ariko byaje gukemurwa n\u2019umuyobozi ushinzwe itangazamakuru muri komisiyo y\u2019amatora Bwana Moise Bukassa, n\u2019ubwo hamwe na hamwe byakomeje kugorana.<br \/>\nAmatora yasojwe saa cyenda z\u2019igicamunsi, batangira kubarura amajwi. Nk\u2019uko byatangajwe n\u2019umuyobozi wa site ya ecole primaire Cyinzovu Bwana Ildephonse Uwitonze, ngo amatora yagenze neza. Abari kuri lisiti y\u2019itora bari 5559, abatoye bari kuri lisiti y\u2019itora ni 5534, abatoreye ku mugereka ni 7, abatoye bose ni 5541, abatoye neza ni 5526, naho imfabusa ni 15.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>Francine Andrew Mukase\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Murenge wa Kabarondo, Akarere ka Kayonza, abaturage b\u2019ingeri zose bagejeje igihe cyo gutora bafashijwe kwitabira amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu. Muri bo harimo abakuze cyane, abafite ubumuga ndetse n\u2019abari bitabiriye amatora aribwo bwa mbere. Kuri site y\u2019itora ya Ecole Primaire Cyinzovu, saa moya za mu gitondo nibwo bari batangiye gutora n\u2019ubwo hari abaturage bari bahageze ahagana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-6776","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kabarondo: Abaturage b\u2019ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kabarondo: Abaturage b\u2019ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Murenge wa Kabarondo, Akarere ka Kayonza, abaturage b\u2019ingeri zose bagejeje igihe cyo gutora bafashijwe kwitabira amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu. Muri bo harimo abakuze cyane, abafite ubumuga ndetse n\u2019abari bitabiriye amatora aribwo bwa mbere. Kuri site y\u2019itora ya Ecole Primaire Cyinzovu, saa moya za mu gitondo nibwo bari batangiye gutora n\u2019ubwo hari abaturage bari bahageze ahagana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-04T12:04:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6776#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6776\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kabarondo: Abaturage b\u2019ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora\",\"datePublished\":\"2017-08-04T12:04:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6776\"},\"wordCount\":590,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6776#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6776\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6776\",\"name\":\"Kabarondo: Abaturage b\u2019ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-04T12:04:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6776#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6776\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6776#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kabarondo: Abaturage b\u2019ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kabarondo: Abaturage b\u2019ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kabarondo: Abaturage b\u2019ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora - BWIZA","og_description":"Mu Murenge wa Kabarondo, Akarere ka Kayonza, abaturage b\u2019ingeri zose bagejeje igihe cyo gutora bafashijwe kwitabira amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu. Muri bo harimo abakuze cyane, abafite ubumuga ndetse n\u2019abari bitabiriye amatora aribwo bwa mbere. Kuri site y\u2019itora ya Ecole Primaire Cyinzovu, saa moya za mu gitondo nibwo bari batangiye gutora n\u2019ubwo hari abaturage bari bahageze ahagana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-04T12:04:06+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kabarondo: Abaturage b\u2019ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora","datePublished":"2017-08-04T12:04:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776"},"wordCount":590,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6776#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776","name":"Kabarondo: Abaturage b\u2019ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-04T12:04:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6776"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6776#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kabarondo: Abaturage b\u2019ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6776","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6776"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6776\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6776"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6776"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6776"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}