{"id":6781,"date":"2017-08-11T15:37:23","date_gmt":"2017-08-11T15:37:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/11\/ndi-umukobwa-w-imyaka-26-databuja-yansabye-ko-turyamana-umushahara-wanjye\/"},"modified":"2025-07-10T01:41:09","modified_gmt":"2025-07-09T23:41:09","slug":"ndi-umukobwa-w-imyaka-26-databuja-yansabye-ko-turyamana-umushahara-wanjye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781","title":{"rendered":"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 26, databuja yansabye ko turyamana umushahara wanjye akawukuba 2- Nkore iki?"},"content":{"rendered":"<p>Imyaka yanjye ni 26 nkuko natangiye mbibabwira, nkorarera mu mujyi wa Kigali ariko ikigo nkoreramo ntabwo nakivuga kuko ndakeka ko byanyirukanisha, boss wacu (manager) muri iyi minsi yarantumiye ngo musange ahantu tuganire, uko byagenze ni ukunsaba kuryamana na we ndanga.<br \/>\nAho twari twicaye ni mu kabari nako ni ako mu mujyi wa Kigali, twaganiriye byinshi agera naho ansaba ko twakwishimishanya ariko mutera utwatsi, mu byukuri umushahara wanjye ni ibihumbi 80, ubwo namaraga kwanga kuryamana na we nibwo yahise ambwira ngo umunsi nzabyemera umushahara wanjye uzikuba 2 ndetse mpindurirwe n\u2019akazi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNi we mukoresha mukuru nibyo koko kuwukuba yabikora kandi no kuba yampindurira akazi yabishobora ariko ku bwanjye imishinga mfite mu mutwe wanjye ni myinshi ku buryo nishinze uwo munyenga w\u2019amafaranga ibihumbi 160, bishobora kunyicira ejo hazaza.<br \/>\nTwahavuye dusa nkaho dushwanye ariko arambwira ngo ngende mbitekerezeho ni numva mbyemeye nzamubwira tubishyire mu bikorwa ngo anatangire anyiteho binarenze ibyo mu kazi, mwabantu mwe rwose ubu umutima wanjye usa nk\u2019uwamvuyemo.<br \/>\nNdimo kwicara nkumva sintuje, ndaryama nkumva sindyamye, ndagera ku kazi nkumva ndi mu bitekerezo byinshi, icyo mbona cyo nuko akazi narimfite ndibukabure kuko kumwemerera sibindimo ngo turyamane kandi nkeka ko azagiheraho agahita anyirukana dore ko nta na kontaro narimfite.<br \/>\nMana we, mungire inama kuko ndakomerewe, yego amafaranga ndayakeneye pe, kuko niyo twese tuba dushaka, ubuzima bwanjye na bwo ndabukeneye kuko sinifuza kwiyandarika kuko sinzi uko nyuma byagenda, akazi nako ndagakeneye, mungire inama, nkore iki muri icyo kibazo.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imyaka yanjye ni 26 nkuko natangiye mbibabwira, nkorarera mu mujyi wa Kigali ariko ikigo nkoreramo ntabwo nakivuga kuko ndakeka ko byanyirukanisha, boss wacu (manager) muri iyi minsi yarantumiye ngo musange ahantu tuganire, uko byagenze ni ukunsaba kuryamana na we ndanga. Aho twari twicaye ni mu kabari nako ni ako mu mujyi wa Kigali, twaganiriye byinshi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-6781","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ndi umukobwa w\u2019imyaka 26, databuja yansabye ko turyamana umushahara wanjye akawukuba 2- Nkore iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 26, databuja yansabye ko turyamana umushahara wanjye akawukuba 2- Nkore iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Imyaka yanjye ni 26 nkuko natangiye mbibabwira, nkorarera mu mujyi wa Kigali ariko ikigo nkoreramo ntabwo nakivuga kuko ndakeka ko byanyirukanisha, boss wacu (manager) muri iyi minsi yarantumiye ngo musange ahantu tuganire, uko byagenze ni ukunsaba kuryamana na we ndanga. Aho twari twicaye ni mu kabari nako ni ako mu mujyi wa Kigali, twaganiriye byinshi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-11T15:37:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-09T23:41:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6781#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6781\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 26, databuja yansabye ko turyamana umushahara wanjye akawukuba 2- Nkore iki?\",\"datePublished\":\"2017-08-11T15:37:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T23:41:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6781\"},\"wordCount\":265,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6781#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6781\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6781\",\"name\":\"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 26, databuja yansabye ko turyamana umushahara wanjye akawukuba 2- Nkore iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-11T15:37:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T23:41:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6781#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6781\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6781#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 26, databuja yansabye ko turyamana umushahara wanjye akawukuba 2- Nkore iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 26, databuja yansabye ko turyamana umushahara wanjye akawukuba 2- Nkore iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 26, databuja yansabye ko turyamana umushahara wanjye akawukuba 2- Nkore iki? - BWIZA","og_description":"Imyaka yanjye ni 26 nkuko natangiye mbibabwira, nkorarera mu mujyi wa Kigali ariko ikigo nkoreramo ntabwo nakivuga kuko ndakeka ko byanyirukanisha, boss wacu (manager) muri iyi minsi yarantumiye ngo musange ahantu tuganire, uko byagenze ni ukunsaba kuryamana na we ndanga. Aho twari twicaye ni mu kabari nako ni ako mu mujyi wa Kigali, twaganiriye byinshi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-11T15:37:23+00:00","article_modified_time":"2025-07-09T23:41:09+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 26, databuja yansabye ko turyamana umushahara wanjye akawukuba 2- Nkore iki?","datePublished":"2017-08-11T15:37:23+00:00","dateModified":"2025-07-09T23:41:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781"},"wordCount":265,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6781#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781","name":"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 26, databuja yansabye ko turyamana umushahara wanjye akawukuba 2- Nkore iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-11T15:37:23+00:00","dateModified":"2025-07-09T23:41:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6781"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6781#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 26, databuja yansabye ko turyamana umushahara wanjye akawukuba 2- Nkore iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6781","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6781"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6781\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6781"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6781"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6781"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}