{"id":6805,"date":"2017-08-13T11:10:27","date_gmt":"2017-08-13T11:10:27","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/13\/ibintu-5-bituma-abashakanye-bahora-barebana-ayingwe\/"},"modified":"2025-02-03T01:03:10","modified_gmt":"2025-02-02T23:03:10","slug":"ibintu-5-bituma-abashakanye-bahora-barebana-ayingwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805","title":{"rendered":"Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Burya kubana mu bwumvikane n\u2019umukunzi wawe ni byo buri wese ugiye gushinga urugo aba yifuza, gusa hari igihe ibyo umuntu yifuza Atari byo abona ahubwo ugasanga amatiku, umwiryane, kudahuza no kutumvikana ni byo bihora mu rugo rwe.<\/em> <\/strong><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>Dore ibintu 5 bituma kwizerana bibura hagati y\u2019abashakanye mu rugo<\/strong><br \/>\n <strong>Gushakana bataziranye neza: <\/strong><br \/>\nAkenshi usanga abahanga bavuga ngo ingeso ipfa nyira yo yapfuye, rero akenshi hari igihe umugabo n\u2019umugore mbere y\u2019uko bashakana aba yaraguhishe zimwe mu ngeso ze cyangwa bagashakana hari ikintu yari amuziho bamara kubana ntakimusangane bityo agahera ko akeka ko hari n\u2019ibindi byinshi ajya amugiraho amakenga.<br \/>\n <strong>Guhuhuzwa n\u2019akantu (Amafaranga):<\/strong><br \/>\nAha bijya bibaho ko ushobora guhura n\u2019umukunzi wawe ufite akazi nawe agafite yewe munahembwa amafaranga atubutse mwese, gusa iyo bibaye ngombwa ko umwe muri aba bashakanye ahura n\u2019ikibazo cy\u2019ubushomeri akabura ya mafaranga bituma umwe atangira kujya amuhisha zimwe muri gahunda ze cyane izijyanye n\u2019amafaranga.<br \/>\n <strong>Kugenzurana<\/strong> :<br \/>\nIkoranabuhanga ryaje ubu ryazanye byinshi kuko iyo uvuze ngo uhagurutse mu rugo ho gato ugasanga Telefone zirimo gucicikana ubazwa aho ugeze cyangwa ibyo uhugiyemo ibi rero bitera abagabo cyane kutizera abagore ba bo, kuko akenshi umwe aba avuga ati impamvu ambaza ibi byose ni icyizere gikeya.<br \/>\n <strong>Kumva ko icyaha cyakozwe kitababarirwa:<\/strong><br \/>\nAbashakanye bahura n\u2019inzitizi nyinshi n\u2019ubwo n\u2019ibyishimo biba mu rukundo rwa bo ari byinshi gusa aha iyo umwe akoshereje undi cyane ko ntazibana zidakomanya amahembe bikaba ngombwa ko hasabwa imbabazi ugasanga umwe aranangiye yanze gutanga imbabazi wenda avuga ko ikosa ryakozwe rifite uburemere bituma uwo bashakanye amugabaniriza icyizere kubera ko aba yanga kumuha imbabazi akenshi akeka ko afite abandi ajya kuziha<br \/>\n <strong>Kuba umwe mubashakanye afite abana yabyaye hanze:<\/strong><br \/>\nAha umwe mu bashakanye yaba umugore cyangwa umugabo ugasanga wenda afite abana atabyaranye n\u2019uwo babana usanga amuhoza ku nkeke kuko niba ari umugore ufite abandi bana hanze umugabo aba yumva ko isaha n\u2019isaha uyu mugore ashobora kongera kujya kubyarana na wa mugabo babyaranye mbere.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIcyo gihe rero nta cyizere na gikeya ashobora kumugirira kuko ahora amugenzura kuri abo bana kabone n\u2019iyo yaba amwereka ko nta kibazo gihari<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\nJean de Dieu <a href=\"mailto:Dushimimana@bwiza.com\">Dushimimana@bwiza.com<\/a><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Burya kubana mu bwumvikane n\u2019umukunzi wawe ni byo buri wese ugiye gushinga urugo aba yifuza, gusa hari igihe ibyo umuntu yifuza Atari byo abona ahubwo ugasanga amatiku, umwiryane, kudahuza no kutumvikana ni byo bihora mu rugo rwe. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Dore ibintu 5 bituma kwizerana bibura hagati y\u2019abashakanye mu rugo Gushakana bataziranye neza: Akenshi usanga abahanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-6805","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Burya kubana mu bwumvikane n\u2019umukunzi wawe ni byo buri wese ugiye gushinga urugo aba yifuza, gusa hari igihe ibyo umuntu yifuza Atari byo abona ahubwo ugasanga amatiku, umwiryane, kudahuza no kutumvikana ni byo bihora mu rugo rwe. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Dore ibintu 5 bituma kwizerana bibura hagati y\u2019abashakanye mu rugo Gushakana bataziranye neza: Akenshi usanga abahanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-13T11:10:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:03:10+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6805#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6805\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe\",\"datePublished\":\"2017-08-13T11:10:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:03:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6805\"},\"wordCount\":374,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6805#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6805\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6805\",\"name\":\"Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-13T11:10:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:03:10+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6805#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6805\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6805#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe - BWIZA","og_description":"Burya kubana mu bwumvikane n\u2019umukunzi wawe ni byo buri wese ugiye gushinga urugo aba yifuza, gusa hari igihe ibyo umuntu yifuza Atari byo abona ahubwo ugasanga amatiku, umwiryane, kudahuza no kutumvikana ni byo bihora mu rugo rwe. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Dore ibintu 5 bituma kwizerana bibura hagati y\u2019abashakanye mu rugo Gushakana bataziranye neza: Akenshi usanga abahanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-13T11:10:27+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:03:10+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe","datePublished":"2017-08-13T11:10:27+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:03:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805"},"wordCount":374,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6805#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805","name":"Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-13T11:10:27+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:03:10+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6805"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6805#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibintu 5 bituma abashakanye bahora barebana ayingwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6805","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6805"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6805\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6805"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6805"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6805"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}