{"id":68094,"date":"2024-06-10T09:25:05","date_gmt":"2024-06-10T07:25:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=68094"},"modified":"2024-06-10T09:25:05","modified_gmt":"2024-06-10T07:25:05","slug":"ferwafa-ivuga-ko-abajyanye-n-amavubi-baba-bari-kuyasebya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094","title":{"rendered":"Ferwafa ivuga ko abajyanye n&#8217;Amavubi baba bari kuyasebya"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ishyirahamwe ry&#8217;umupira w&#8217;amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryagize icyo ritangaza ku makuru yacicikanye yemeza ko abakinnyi b&#8217;ikipe y&#8217;igihugu bari kubarizwa muri Afurika y&#8217;Epfo baba bararaye mu cyumba kimwe ari Bane bitewe n&#8217;ikibazo cya hoteli. <\/strong><\/p>\n<p>Kuri ubu abasore b&#8217;ikipe y&#8217;igihugu Amavubi bari kubarizwa muri Afurika y&#8217;Epfo aho bagiye gukina umukino wa Kane wo mu itsinda C mu gishaka itike yo kujya mu gikombe cy&#8217;Isi cyizaba mu mwaka wa 2026.<\/p>\n<p>Amavubi yageze muri iki gihugu mu mpera z&#8217;icyumweru gishize aho bari bakubutse muri Cote d&#8217;Ivoire bakiniye umukino wa Gatatu wo mu itsinda maze bakaza kuwutsindwa na Benin igitego kimwe ku busa.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;uko Amavubi ashyitse muri Afurika y&#8217;Epfo hahise hatangira gusakara amakuru yemeza ko abakinnyi b&#8217;Amavubi baraye mu cyumba kimwe ari Bane kubera ikibazo cya Hoteli bari bacumbitsemo.<\/p>\n<p>Ubusanzwe bizwe ko abakinnyi barara ari Babiri mu cyumba cya Hoteli gusa ku Amavubi ari muri Afurika y&#8217;Epfo byatangajwe ko baraye bahekeranye mu cyumba kimwe ari Bane bitewe n&#8217;ubushobozi bwa Hoteli bacumbitsemo.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;ayo makuru yasakaye hanze agasa nk&#8217;amena imitwe y&#8217;abakunzi b&#8217;Amavubi bigatuma batangira gushyira amakosa kuri Ferwafa, iri shyirahamwe rinyomoza aya makuru ryivuye inyuma ahubwo rigashinja amakosa umwe mu bajyanye n&#8217;abo yo gutangaza amakuru y&#8217;ibinyoma.<\/p>\n<p>Binyunze muri Visi Perezida wa kabiri ushinzwe tekenike mu ishyirahamwe ry&#8217;umupira w&#8217;amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Mugisha Richard uyoboye abajyanye n&#8217;Amavubi bose, yemeza ko ibyavuzwe byose ku bijyanye n&#8217;uko abakinnyi baraye ari Bane mu cyumba bakagombye kuraramo ari babiri ko ari ibinyoma.<\/p>\n<p>Ibi yabigarutseho ku Cyumweru tariki ya 9 Kamena 2024 nyuma yuko ikipe y&#8217;igihugu y&#8217;u Rwanda, Amavubi, isoje imyitozo yayo ya mbere kuva ivuye muri Cote d&#8217;Ivoire aho yakiniye na Benin. <\/p>\n<p>Mugisha Richard abajijwe ku bijyanye n&#8217;amakuru yagiye hanze ko abakinnyi b&#8217;Amavubi baba baraye mu cyumba kimwe ari 4 bitewe n&#8217;ikibazo cya hoteli, yagize ati &#8220;Iyo umuntu atangaje ibintu, yabitangaza yaba afite amakuru cyangwa atayafite. Nk&#8217;uko muri iriya hoteli mwayibonye ifite inyenyeri 5, igiye rero ifite ibyumba binini ikaba ifite n&#8217;aho yakirira abantu, ariko bikaba ari ibyumba bitandukanye.&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Ni ukuvuga ngo ni icyumba kimwe gishobora kuba gifite ibitanda 2, hakaba hari n\u2019ikindi gishobora kuba gifite ibitanda 4 noneho hakaba hari aho bahurira ariko mu by&#8217;ukuri buri wese akaba arara ku gitanda cye kandi kinini. N\u2019ubundi abakinnyi basanzwe bararana mu cyumba ari 2, ni ibintu bizwi biri mpuzamahanga. Birumvikana abarara bonyine ni abayobozi n&#8217;abatoza.&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Ibyo kuvuga ngo abantu bararanye mu cyumba ari 4 ibyo ntabwo byabaye. Ibyo uwabivuze sinzi uwabimubwiye.&#8221;<\/p>\n<p>Richard akomeza agaruka ku muntu waba warazanye ayo makuri y&#8217;ukuntu abakinnyi baraye mu cyuma cy&#8217;Abakinnyi babiri ari ban, yagize ati: &#8220;Buri muntu wese aba agenzwa n&#8217;ibyo tutazi, ubwo wenda hari umuntu mu bo turi kumwe wabivuze ariko ukuri kuriho sinzi niba na ruriya rwego rw&#8217;iriya hoteli rwakwemerera kurara mu cyumba muri 4 ngo bishoboke. Ibyo ntabwo ari byo, uwabivuze wese yabeshye&#8221;<\/p>\n<p>Biteganyijwe ku wa Kabiri w&#8217;iki cyumweru aribwo ikipe y&#8217;igihugu y&#8217;u Rwanda, Amavubi, izakina na Lesotho bari kumwe mu itsinda C mu gushaka itike y&#8217;igikombe cy&#8217;Isi cya 2026.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ishyirahamwe ry&#8217;umupira w&#8217;amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryagize icyo ritangaza ku makuru yacicikanye yemeza ko abakinnyi b&#8217;ikipe y&#8217;igihugu bari kubarizwa muri Afurika y&#8217;Epfo baba bararaye mu cyumba kimwe ari Bane bitewe n&#8217;ikibazo cya hoteli. Kuri ubu abasore b&#8217;ikipe y&#8217;igihugu Amavubi bari kubarizwa muri Afurika y&#8217;Epfo aho bagiye gukina umukino wa Kane wo mu itsinda C mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":50,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[4],"tags":[],"class_list":["post-68094","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imikino-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ferwafa ivuga ko abajyanye n&#039;Amavubi baba bari kuyasebya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ferwafa ivuga ko abajyanye n&#039;Amavubi baba bari kuyasebya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ishyirahamwe ry&#8217;umupira w&#8217;amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryagize icyo ritangaza ku makuru yacicikanye yemeza ko abakinnyi b&#8217;ikipe y&#8217;igihugu bari kubarizwa muri Afurika y&#8217;Epfo baba bararaye mu cyumba kimwe ari Bane bitewe n&#8217;ikibazo cya hoteli. Kuri ubu abasore b&#8217;ikipe y&#8217;igihugu Amavubi bari kubarizwa muri Afurika y&#8217;Epfo aho bagiye gukina umukino wa Kane wo mu itsinda C mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-06-10T07:25:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Olivier NTANTURO\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Olivier NTANTURO\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68094#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68094\"},\"author\":{\"name\":\"Olivier NTANTURO\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/abda1d63857acec6e513b2a35bc5c715\"},\"headline\":\"Ferwafa ivuga ko abajyanye n&#8217;Amavubi baba bari kuyasebya\",\"datePublished\":\"2024-06-10T07:25:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68094\"},\"wordCount\":524,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Imikino\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68094#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68094\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68094\",\"name\":\"Ferwafa ivuga ko abajyanye n'Amavubi baba bari kuyasebya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-06-10T07:25:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68094#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68094\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68094#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ferwafa ivuga ko abajyanye n&#8217;Amavubi baba bari kuyasebya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/abda1d63857acec6e513b2a35bc5c715\",\"name\":\"Olivier NTANTURO\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=50\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ferwafa ivuga ko abajyanye n'Amavubi baba bari kuyasebya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ferwafa ivuga ko abajyanye n'Amavubi baba bari kuyasebya - BWIZA","og_description":"Ishyirahamwe ry&#8217;umupira w&#8217;amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryagize icyo ritangaza ku makuru yacicikanye yemeza ko abakinnyi b&#8217;ikipe y&#8217;igihugu bari kubarizwa muri Afurika y&#8217;Epfo baba bararaye mu cyumba kimwe ari Bane bitewe n&#8217;ikibazo cya hoteli. Kuri ubu abasore b&#8217;ikipe y&#8217;igihugu Amavubi bari kubarizwa muri Afurika y&#8217;Epfo aho bagiye gukina umukino wa Kane wo mu itsinda C mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-06-10T07:25:05+00:00","author":"Olivier NTANTURO","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Olivier NTANTURO","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094"},"author":{"name":"Olivier NTANTURO","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/abda1d63857acec6e513b2a35bc5c715"},"headline":"Ferwafa ivuga ko abajyanye n&#8217;Amavubi baba bari kuyasebya","datePublished":"2024-06-10T07:25:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094"},"wordCount":524,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Imikino"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=68094#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094","name":"Ferwafa ivuga ko abajyanye n'Amavubi baba bari kuyasebya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-06-10T07:25:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=68094"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68094#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ferwafa ivuga ko abajyanye n&#8217;Amavubi baba bari kuyasebya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/abda1d63857acec6e513b2a35bc5c715","name":"Olivier NTANTURO","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=50"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/68094","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/50"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=68094"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/68094\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=68094"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=68094"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=68094"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}