{"id":68475,"date":"2024-06-18T20:17:51","date_gmt":"2024-06-18T18:17:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=68475"},"modified":"2024-06-18T20:17:51","modified_gmt":"2024-06-18T18:17:51","slug":"uganda-umugore-n-abana-be-bishe-se-baramutwika-hanyuma-banamuta-mu-bwiherero","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475","title":{"rendered":"Uganda: Umugore n&#8217;abana be bishe se, baramutwika hanyuma banamuta mu bwiherero"},"content":{"rendered":"<p><strong>Urwego rushinzwe umutekano muri Uganda rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore n&#8217;abana be babiri bakurikiranweho kwica umugabo we akaba na se w&#8217;abana. Ni nyuma y&#8217;uko hari haciyeho iminsi umugabo yarabirukanye mu rugo rwabo.<\/strong><\/p>\n<p>Polisi yavuze ko umugabo wishwe azwi nka Byamukama Vincent, akaba ari mu kigero cy&#8217;imyaka 53. Hamwe n&#8217;umuryango we bikekwa ko wamwishe bakaba bari batuye mu mudugudu wa Mushuga mu gace ka Nyakisenyi mu gihugu cya Uganda.<\/p>\n<p>Biravugwa ko urupfu rwe rwakomotse ku makimbirane yo mu rugo yari amaze igihe, kuko yari yarirukanye umugore n&#8217;abana be. Umugore we ndetse n&#8217;abana be baje gucura umugambi wo kumwica, ndetse banawushyira mu bikorwa ubwo bamusangaga aryamye.<\/p>\n<p>Iperereza ryerekanye ko tariki ya 4 Kamena 2024 nyakwigendera yatashye yasinze maze yirukana umugore we witwa Mutesigensi Everino w&#8217;imyaka 44, yirukana kandi umwana we ndetse n&#8217;umwuzukuru.<\/p>\n<p>Raporo ya polisi ivuga ko abamwishe bari batakigera mu rugo mu gihe ahari; kuko ngo bacungaga yagiye mu kabari bakinjira bagateka ibyo kurya ubundi bakongera bakanyonyomba bakiruka buguru budakora hasi.<\/p>\n<p>Tariki ya 8 Kamena 2024, baje bikandagira nk&#8217;ibisanzwe, maze batungurwa no kubona umugabo ari mu rugo. Icyo gihe yahise abirukana ashaka no kubatema akoresheje umuhoro.<\/p>\n<p>Kubera uburakari bwinshi umugore n&#8217;abana be bari bafite, baramuhunze hanyuma bahengera bugorobye amaze gusinzira baraza binjira mu nzu bafata umuhoro bawumukatisha ijosi ahita apfa.<\/p>\n<p>Inyandiko ya polisi ikomeza ivuga ko umugore n&#8217;abana be bamaze kwica umugabo we bahise bamuzingira mu buriri, ndetse baranamutwika mbere y&#8217;uko bamujugunya mu bwiherero bagahita banabusenya.<\/p>\n<p>Byamenyekanye ubwo abavandimwe b&#8217;umugabo wishwe bamuburiraga irengero bakotsa igitutu ku mugore n&#8217;abana ngo bababwire aho yagiye. Bidatinze babwiwe ko yaguye mu cyobo cy&#8217;umusarane agahita apfa.<\/p>\n<p>Abavandimwe ba Byamukama bahise bataburura ubwo bwiherero batungurwa no kubona agahanga ke n&#8217;ibindi bice by&#8217;umubiri byari byasigaye. Ikindi kandi banabonye inkoni n&#8217;ibice by&#8217;umufariso wahiye.<\/p>\n<p>Umugore we Everino ndetse n&#8217;abana be babiri ari bo Akanyijuka Moses w&#8217;imyaka 21 na Ninshaba Hildar wa 19 bakaba bategereje kugezwa imbere y&#8217;ubutabera.<\/p>\n<p>Polisi yaboneyeho isaba abantu kwitwararika bakirinda amakimbirane n&#8217;ihohoterwa, ndetse bakajya bihutira gutabaza inzego zifite mu nshingano kurengera abana n&#8217;umuryango.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urwego rushinzwe umutekano muri Uganda rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore n&#8217;abana be babiri bakurikiranweho kwica umugabo we akaba na se w&#8217;abana. Ni nyuma y&#8217;uko hari haciyeho iminsi umugabo yarabirukanye mu rugo rwabo. Polisi yavuze ko umugabo wishwe azwi nka Byamukama Vincent, akaba ari mu kigero cy&#8217;imyaka 53. Hamwe n&#8217;umuryango we bikekwa ko wamwishe bakaba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":49,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-68475","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uganda: Umugore n&#039;abana be bishe se, baramutwika hanyuma banamuta mu bwiherero - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uganda: Umugore n&#039;abana be bishe se, baramutwika hanyuma banamuta mu bwiherero - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urwego rushinzwe umutekano muri Uganda rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore n&#8217;abana be babiri bakurikiranweho kwica umugabo we akaba na se w&#8217;abana. Ni nyuma y&#8217;uko hari haciyeho iminsi umugabo yarabirukanye mu rugo rwabo. Polisi yavuze ko umugabo wishwe azwi nka Byamukama Vincent, akaba ari mu kigero cy&#8217;imyaka 53. Hamwe n&#8217;umuryango we bikekwa ko wamwishe bakaba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-06-18T18:17:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Dieudonne GISUBIZO\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Dieudonne GISUBIZO\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68475#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68475\"},\"author\":{\"name\":\"Dieudonne GISUBIZO\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12\"},\"headline\":\"Uganda: Umugore n&#8217;abana be bishe se, baramutwika hanyuma banamuta mu bwiherero\",\"datePublished\":\"2024-06-18T18:17:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68475\"},\"wordCount\":356,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68475#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68475\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68475\",\"name\":\"Uganda: Umugore n'abana be bishe se, baramutwika hanyuma banamuta mu bwiherero - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-06-18T18:17:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68475#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68475\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68475#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uganda: Umugore n&#8217;abana be bishe se, baramutwika hanyuma banamuta mu bwiherero\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12\",\"name\":\"Dieudonne GISUBIZO\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=49\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uganda: Umugore n'abana be bishe se, baramutwika hanyuma banamuta mu bwiherero - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uganda: Umugore n'abana be bishe se, baramutwika hanyuma banamuta mu bwiherero - BWIZA","og_description":"Urwego rushinzwe umutekano muri Uganda rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore n&#8217;abana be babiri bakurikiranweho kwica umugabo we akaba na se w&#8217;abana. Ni nyuma y&#8217;uko hari haciyeho iminsi umugabo yarabirukanye mu rugo rwabo. Polisi yavuze ko umugabo wishwe azwi nka Byamukama Vincent, akaba ari mu kigero cy&#8217;imyaka 53. Hamwe n&#8217;umuryango we bikekwa ko wamwishe bakaba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-06-18T18:17:51+00:00","author":"Dieudonne GISUBIZO","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Dieudonne GISUBIZO","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475"},"author":{"name":"Dieudonne GISUBIZO","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12"},"headline":"Uganda: Umugore n&#8217;abana be bishe se, baramutwika hanyuma banamuta mu bwiherero","datePublished":"2024-06-18T18:17:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475"},"wordCount":356,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=68475#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475","name":"Uganda: Umugore n'abana be bishe se, baramutwika hanyuma banamuta mu bwiherero - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-06-18T18:17:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=68475"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68475#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uganda: Umugore n&#8217;abana be bishe se, baramutwika hanyuma banamuta mu bwiherero"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12","name":"Dieudonne GISUBIZO","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=49"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/68475","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/49"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=68475"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/68475\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=68475"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=68475"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=68475"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}