{"id":6851,"date":"2017-08-15T12:42:07","date_gmt":"2017-08-15T12:42:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/15\/abasabiriza-n-039-abakoresha-abana-mu-gusabiriza-bafatiwe-ibyemezo-bikomeye\/"},"modified":"2025-02-12T15:48:40","modified_gmt":"2025-02-12T13:48:40","slug":"abasabiriza-n-039-abakoresha-abana-mu-gusabiriza-bafatiwe-ibyemezo-bikomeye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851","title":{"rendered":"Abasabiriza n&#039;abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye"},"content":{"rendered":"<p>Igipolisi cy\u2019u Rwanda cyaburiye ababyeyi cyangwa abandi barera abana bakabahatira kujya mu mihanda gusabiriza kivuga ko ukora ibi ashobora gukatirwa imyaka igera kuri 3 y\u2019igifungo.<\/p>\n<p>Ahantu hatandukanye mu Mujyi wa Kigali no mu yindi mijyi mu ntara hakunze kugaragara abantu bafite ingeso yo gusabiriza mu mihanda, ahanini biganjemo abagore n\u2019abana, aho usanga rimwe na rimwe basaba abagenzi bari muri za gare cyangwa bagatera ahabera inama basaba amafaranga cyangwa ibyo kurya.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Abandi nk\u2019abagore usanga baheka abana bakajya mu nzira zinyuramo abantu benshi kuva mu masaha ya mugitondo kugeza nimugoroba bagenda basabiriza bitwaje ko bafite ubumuga cyangwa ibindi bibazo.<\/p>\n<p>Yego bamwe bafite ubumuga butakira nko kutareba cyangwa ugasanga baracitse nk\u2019amaboko cyangwa amaguru bakagenda bacungwa mu tugare n\u2019abana babo basabiriza.<\/p>\n<p>Kuri Polisi y\u2019Igihugu ariko ibi ngo ni \u201cingeso mbi\u201d ndetse n\u2019icyaha gihanirwa n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Ingingo ya 691 y\u2019itegeko ngenga n\u00b0 01\/2012 ryo kuwa 02\/05\/2012  iteganya ko umuntu wese ukoresha, agashishikariza, agafata cyangwa agashora umwana mu gusabiriza, ahanishwa igifungo kuva ku mwaka umwe kugeza kuri ibiri.<\/p>\n<p>Iyi ngingo ikaba yongeraho ko iyo umwana yakoreshejwe mu gusabiriza afite ubumuga bwo ku mubiri cyangwa mu mutwe, igihano gishobora kugera ku myaka 3 y\u2019igifungo.<\/p>\n<p>Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere n\u2019Igipolisi cy\u2019u Rwanda, hakaba havugwamo ko Abanyarwanda bashora abana muri ibi bikorwa bazabihanirwa.<\/p>\n<p>Igipolisi kivuga ko abana boherezwa mu mihanda bahuriramo n\u2019ibibazo bikomeye nk\u2019aho gitanga urugero rw\u2019ibyabaye muri Mata ubwo abantu bacanaga mu buvumo buri mu mujyi wa Kigali abana babiri bo ku muhanda bari bihishemo bahasiga ubuzima biteza uburakari kugeza mu nzego zo hejuru z\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Mu mwaka ushize, nibwo perezida kagame yasabye ko buri mwana w\u2019Umunyarwanda agomba kujya ku ishuri kugirango azagirire igihugu akamaro.<\/p>\n<p>Nyumay\u2019aho, Intara y\u2019Uburasirazuba yaje gutangaza ko abana 24,092 bari barataye ishuri barisubiyemo. Ariko muri Ngororero, ho mu Ntara y\u2019Uburengerazuba, ubushakashatsi bwakozwe n\u2019abagize inteko ishinga amategeko bwatanze imibare iteye agahinda, aho mu bana 7395 bari mu mashuri muri Kamena 2016, abagera ku 2992 bari baritaye.<\/p>\n<p>Itangazo rya polisi ryo kuri uyu wa Mbere rikaba ryagiriye inama abasabiriza bose mu gihugu kuva mu mihanda ahubwo bagatangira imishinga mito yabaha amafaranga.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Igipolisi cy\u2019u Rwanda cyaburiye ababyeyi cyangwa abandi barera abana bakabahatira kujya mu mihanda gusabiriza kivuga ko ukora ibi ashobora gukatirwa imyaka igera kuri 3 y\u2019igifungo. Ahantu hatandukanye mu Mujyi wa Kigali no mu yindi mijyi mu ntara hakunze kugaragara abantu bafite ingeso yo gusabiriza mu mihanda, ahanini biganjemo abagore n\u2019abana, aho usanga rimwe na rimwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6851","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abasabiriza n&#039;abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abasabiriza n&#039;abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Igipolisi cy\u2019u Rwanda cyaburiye ababyeyi cyangwa abandi barera abana bakabahatira kujya mu mihanda gusabiriza kivuga ko ukora ibi ashobora gukatirwa imyaka igera kuri 3 y\u2019igifungo. Ahantu hatandukanye mu Mujyi wa Kigali no mu yindi mijyi mu ntara hakunze kugaragara abantu bafite ingeso yo gusabiriza mu mihanda, ahanini biganjemo abagore n\u2019abana, aho usanga rimwe na rimwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-15T12:42:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:48:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6851#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6851\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abasabiriza n&#039;abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye\",\"datePublished\":\"2017-08-15T12:42:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:48:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6851\"},\"wordCount\":380,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6851#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6851\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6851\",\"name\":\"Abasabiriza n&#039;abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-15T12:42:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:48:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6851#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6851\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6851#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abasabiriza n&#039;abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abasabiriza n&#039;abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abasabiriza n&#039;abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye - BWIZA","og_description":"Igipolisi cy\u2019u Rwanda cyaburiye ababyeyi cyangwa abandi barera abana bakabahatira kujya mu mihanda gusabiriza kivuga ko ukora ibi ashobora gukatirwa imyaka igera kuri 3 y\u2019igifungo. Ahantu hatandukanye mu Mujyi wa Kigali no mu yindi mijyi mu ntara hakunze kugaragara abantu bafite ingeso yo gusabiriza mu mihanda, ahanini biganjemo abagore n\u2019abana, aho usanga rimwe na rimwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-15T12:42:07+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:48:40+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abasabiriza n&#039;abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye","datePublished":"2017-08-15T12:42:07+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:48:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851"},"wordCount":380,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6851#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851","name":"Abasabiriza n&#039;abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-15T12:42:07+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:48:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6851"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6851#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abasabiriza n&#039;abakoresha abana mu gusabiriza bafatiwe ibyemezo bikomeye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6851","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6851"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6851\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6851"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6851"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6851"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}