{"id":6854,"date":"2017-08-15T14:01:21","date_gmt":"2017-08-15T14:01:21","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/15\/inkomoko-y-039-umunsi-wo-kujyanwa-mu-ijuru-kwa-bikira-mariya\/"},"modified":"2025-02-25T14:18:10","modified_gmt":"2025-02-25T12:18:10","slug":"inkomoko-y-039-umunsi-wo-kujyanwa-mu-ijuru-kwa-bikira-mariya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854","title":{"rendered":"Inkomoko y&#039;umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umunsi w\u2019ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya (Assumption of Mary), ni umunsi abantu benshi cyane cyane abo mu idini Gatulika bafata nk\u2019umunsi mutagatifu, kuko ari bwo umubiri wa Nyina wa Jambo wajyanywe mu ijuru.<\/em> <\/strong><br \/>\nUyu munsi wizihizwa ahantu hatandukanye ku isi, byagera muri Amerika bikaba nk\u2019ihame iyo uyu munsi utahuje n\u2019umunsi wo kuwa Mbere.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nBimwe mu biranga uyu munsi, ni misa isomwa ku isi hose, ariko by\u2019umwihariko kuri uwo munsi cyangwa ku wawubanjirije hakagwa imvura.<br \/>\nBenshi bemeza ko uyu munsi iyo ugeze buri mwaka imvura igwa maze kuko mu bihugu bya Afrika bimwe n&#8217;u Rwanda rurimo, abantu baba bari mu gihe cy&#8217;izuba imvura yagwa bati\u201dDore umubyeyi yibutse abana be.\u201d<br \/>\nGusa aha umuntu yakwibaza ati\u201dIyo imvura ijojobye i Kigali, Huye, Nyaruguru cg ahandi bivuze ko ahandi ihageze??Aho imvura itajojobye se ho uwo mubyeyi ntahagera cyangwa ububasha bwe bugera mu turere tumwe, imirenge imwe n\u2019imwe, utugari tumwe na tumwe ,imidugudu imwe n&#8217;imwe n\u2019ahandi?<br \/>\nNi umunsi wizihizwa ku itariki ya 15 Kanama buri mwaka, ukaba wizihizwa bishimira ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya mu gihe muri Mata hizihizwa uw\u2019izuka ry\u2019umuhungu we.<br \/>\nUyu munsi rero ufatwa nk\u2019umunsi mariya yarangijeho ubuzima bwe ku isi, ubwo umubiri we na Roho byajyanwaga mu ijuru.<br \/>\nNubwo abantu benshi bizihiza uyu munsi, nta murongo usobanura neza iby\u2019ijyanwa mu ijuru rya Birikira Mariya, gusa ibi byaje kwemezwa na papa Pius XII, wasabye ko imvuko ikoreshwa ku kujyanwa mu ijuru kwe igomba gutandukana n\u2019iyakoreshejwe mu kuzuka k\u2019umuhungu we Yesu Kirisitu kuko kuri we bakoresheje kuzuka.<br \/>\nKu itariki ya Mbere Ugushyingo 1950, ni bwo Papa  Pius XII abinyujije mu gitabo  <em>Munificentissimus Deus<\/em>   yagize ati\u201dubu biremejwe ko uyu munsi ari mutagatifu, ndetse ni ubutumwa bwaturutse ku mana.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKuri iriya tariki ya mbere kandi, nibwo Papa Pius yabaye nk\u2019ushyira ahagaragara ukuri ku ijyanwa mu ijuru rya Mariya Mutagatifu bityo Abayoboke b\u2019idini Gatulika n\u2019abarikomokaho bemererwa kuwizihiza ku mugaragaro kugeza na nubu bikaba bikizihizwa.<br \/>\nAbantu benshi muri abo, bemera ko Mariya afite ububasha nk\u2019ubw\u2019umwana we bwo kubasabira no kubahuza n\u2019Imana kuko ari mu ijuru, bityo uyu munsi ukaba ufatwa nk\u2019uwo kwiyeza ku bantu bamwe na bamwe ngo batagaragarana ikizinga imbere y\u2019Uhoraho.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n<a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunsi w\u2019ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya (Assumption of Mary), ni umunsi abantu benshi cyane cyane abo mu idini Gatulika bafata nk\u2019umunsi mutagatifu, kuko ari bwo umubiri wa Nyina wa Jambo wajyanywe mu ijuru. Uyu munsi wizihizwa ahantu hatandukanye ku isi, byagera muri Amerika bikaba nk\u2019ihame iyo uyu munsi utahuje n\u2019umunsi wo kuwa Mbere. [xyz-ihs [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-6854","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Inkomoko y&#039;umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Inkomoko y&#039;umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunsi w\u2019ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya (Assumption of Mary), ni umunsi abantu benshi cyane cyane abo mu idini Gatulika bafata nk\u2019umunsi mutagatifu, kuko ari bwo umubiri wa Nyina wa Jambo wajyanywe mu ijuru. Uyu munsi wizihizwa ahantu hatandukanye ku isi, byagera muri Amerika bikaba nk\u2019ihame iyo uyu munsi utahuje n\u2019umunsi wo kuwa Mbere. [xyz-ihs [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-15T14:01:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:18:10+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6854#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6854\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Inkomoko y&#039;umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya\",\"datePublished\":\"2017-08-15T14:01:21+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:18:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6854\"},\"wordCount\":403,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6854#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6854\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6854\",\"name\":\"Inkomoko y&#039;umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-15T14:01:21+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:18:10+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6854#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6854\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6854#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Inkomoko y&#039;umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Inkomoko y&#039;umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Inkomoko y&#039;umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya - BWIZA","og_description":"Umunsi w\u2019ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya (Assumption of Mary), ni umunsi abantu benshi cyane cyane abo mu idini Gatulika bafata nk\u2019umunsi mutagatifu, kuko ari bwo umubiri wa Nyina wa Jambo wajyanywe mu ijuru. Uyu munsi wizihizwa ahantu hatandukanye ku isi, byagera muri Amerika bikaba nk\u2019ihame iyo uyu munsi utahuje n\u2019umunsi wo kuwa Mbere. [xyz-ihs [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-15T14:01:21+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:18:10+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Inkomoko y&#039;umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya","datePublished":"2017-08-15T14:01:21+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:18:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854"},"wordCount":403,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6854#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854","name":"Inkomoko y&#039;umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-15T14:01:21+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:18:10+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6854"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6854#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Inkomoko y&#039;umunsi wo kujyanwa mu ijuru kwa Bikira Mariya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6854","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6854"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6854\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6854"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6854"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6854"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}