{"id":6886,"date":"2017-08-17T10:38:45","date_gmt":"2017-08-17T10:38:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/17\/muhanga-ubuyobozi-bw-akarere-bwunze-umuturage-na-gitifu-wamennye-ibiryo-by\/"},"modified":"2025-02-12T15:48:19","modified_gmt":"2025-02-12T13:48:19","slug":"muhanga-ubuyobozi-bw-akarere-bwunze-umuturage-na-gitifu-wamennye-ibiryo-by","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886","title":{"rendered":"Muhanga: Ubuyobozi bw\u2019akarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo by\u2019ubukwe"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Muhanga, bwunze umuturage witwa <\/em>  <em>Minani Sylvestre n\u2019umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Kinini mu murenge wa Shyogwe wamennye amafunguro ku munsi w\u2019ubukwe ngo ntibagiye kwamamaza.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Muri Nyakanga nibwo Minani yari afite ubukwe, ubwo yakiraga abashyitsi mu rugo ngo nibwo umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari, Uwimana Fotide yahabasanze adobya ibirori, abaturage bakamushinja kubamenera amafunguro [ibyo kurya no kunywa] ngo ni uko batagiye gukurikira ibikorwa byo kwiyamamaza, gusa we yabihakanye avuga ko byamenetse bamwikanze.<\/p>\n<p>Minani yavugaga ko byamubabaje cyane kubona umuntu amutera mu rugo rwe akamubuza kwiyakirira abantu ndetse bigateza imvururu  mu rugo rwe, n\u2019abari batashye ubwo bukwe bagayaga imyitwarire  y\u2019umuyobozi mu gihe byateganywaga ko ibikorwa byo kwamamaza bijyamo ubushaka.<\/p>\n<p> <strong>Gitifu Uwimana Fotide na Mnani Sylvestre bamaze kwiyunga:<\/strong> <\/p>\n<p>Ni nyuma y\u2019uko itsinda rigizwe n\u2019muyobozi w\u2019akarere ka Muhanga, umuyobozi wungirije w\u2019akarere ka Muhanga ushinzwe  ubukungu n\u2019iterambere ry\u2019akarere, umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Shyogwe, umukuru w\u2019umudugudu Minani atuyemo ndetse na bamwe mu bashyitsi yakiraga ubwo ibyo bibazo byahaberaga,\u2026 rihuje impande zombi, bariyunga.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019akarere  ka Muhanga bwarabunze bamaze kumva icyo babivugaho, Gitifu asaba imbabazi uyu muryango ndetse anahabwa inama zitandukanye n\u2019aba bayobozi.<\/p>\n<p>Minani avuga ko na we yamubabariye kandi kugeza ubu akaba yumva yararuhutse ku mutima, kuko uwamuhemukiye yamusabye imbabazi.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cyarambwiye ngo ntabwo yari agambiriye kumpemukira ahubwo ni ibyamugwiririye bitewe nuko n\u2019ubundi byari byararangiye nta kindi nari bukore naramubabariye, ubu nta kibazo mfite\u201d.<\/p>\n<p>Nubwo yasabye imbabazi Minani, Umunyamabanga Nshingwabikorwa we avuga ko ikosa yakoze ari  uko yinjiye mu rugo abaturage bamwikanga batinya ko abafotora bakiruka, bigatuma n\u2019ibyo bateguye byo kunywa no kurya bimeneka.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019akarere ka Muhanga, Uwamariya B\u00e9atrice, avuga ko n\u2019itsinda bari kumwe icyari cyabazinduye atari ukubunga cyangwa se kubahuza, ahubwo ko bari bagamije kureba koko niba uko ikibazo cyari cyavuzwe hirya no hino ariko kimeze.<\/p>\n<p>Avuga ko bamaze kumva impande zose, ngo basanze atari ibintu bikomeye ahubwo ko byagiye bitizwa umurindi n\u2019abaturage bamwe na bamwe, bari bafitanye ibibazo n\u2019umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>Uwambayinema M.Jeanne\/Bwiza.com<\/strong> <\/em><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Muhanga, bwunze umuturage witwa Minani Sylvestre n\u2019umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Kinini mu murenge wa Shyogwe wamennye amafunguro ku munsi w\u2019ubukwe ngo ntibagiye kwamamaza. Muri Nyakanga nibwo Minani yari afite ubukwe, ubwo yakiraga abashyitsi mu rugo ngo nibwo umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari, Uwimana Fotide yahabasanze adobya ibirori, abaturage bakamushinja kubamenera amafunguro [ibyo kurya no [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6886","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhanga: Ubuyobozi bw\u2019akarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo by\u2019ubukwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhanga: Ubuyobozi bw\u2019akarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo by\u2019ubukwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Muhanga, bwunze umuturage witwa Minani Sylvestre n\u2019umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Kinini mu murenge wa Shyogwe wamennye amafunguro ku munsi w\u2019ubukwe ngo ntibagiye kwamamaza. Muri Nyakanga nibwo Minani yari afite ubukwe, ubwo yakiraga abashyitsi mu rugo ngo nibwo umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari, Uwimana Fotide yahabasanze adobya ibirori, abaturage bakamushinja kubamenera amafunguro [ibyo kurya no [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-17T10:38:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:48:19+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6886#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6886\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Muhanga: Ubuyobozi bw\u2019akarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo by\u2019ubukwe\",\"datePublished\":\"2017-08-17T10:38:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:48:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6886\"},\"wordCount\":367,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6886#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6886\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6886\",\"name\":\"Muhanga: Ubuyobozi bw\u2019akarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo by\u2019ubukwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-17T10:38:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:48:19+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6886#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6886\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6886#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhanga: Ubuyobozi bw\u2019akarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo by\u2019ubukwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhanga: Ubuyobozi bw\u2019akarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo by\u2019ubukwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhanga: Ubuyobozi bw\u2019akarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo by\u2019ubukwe - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Muhanga, bwunze umuturage witwa Minani Sylvestre n\u2019umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Kinini mu murenge wa Shyogwe wamennye amafunguro ku munsi w\u2019ubukwe ngo ntibagiye kwamamaza. Muri Nyakanga nibwo Minani yari afite ubukwe, ubwo yakiraga abashyitsi mu rugo ngo nibwo umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari, Uwimana Fotide yahabasanze adobya ibirori, abaturage bakamushinja kubamenera amafunguro [ibyo kurya no [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-17T10:38:45+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:48:19+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Muhanga: Ubuyobozi bw\u2019akarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo by\u2019ubukwe","datePublished":"2017-08-17T10:38:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:48:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886"},"wordCount":367,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6886#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886","name":"Muhanga: Ubuyobozi bw\u2019akarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo by\u2019ubukwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-17T10:38:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:48:19+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6886"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6886#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhanga: Ubuyobozi bw\u2019akarere bwunze umuturage na gitifu wamennye ibiryo by\u2019ubukwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6886","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6886"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6886\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6886"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6886"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6886"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}