{"id":6889,"date":"2017-08-17T11:10:07","date_gmt":"2017-08-17T11:10:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/17\/rubavu-imiryango-24-y-abanyarwanda-birukanwe-muri-tanzania-ntiyishimiye-ubuzima\/"},"modified":"2025-02-12T15:48:18","modified_gmt":"2025-02-12T13:48:18","slug":"rubavu-imiryango-24-y-abanyarwanda-birukanwe-muri-tanzania-ntiyishimiye-ubuzima","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889","title":{"rendered":"Rubavu: Imiryango 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho"},"content":{"rendered":"<p>Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania batujwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, mu Ntara y\u2019Iburangerazuba, ntibishimiye ubuzima babayemo, aho bavuga ko bimwe ibyangombwa by\u2019amazu n\u2019iby\u2019imirima bahawe ndetse ngo n\u2019abasirikare bakaba bababuza guhinga kuko umutekano utizewe neza.<\/p>\n<p>Imiryango igera kuri 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania niyo yatujwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu kuva mu myaka itatu ishize. Aba bishimira umutekano bafite mu Rwanda ugereranyije n\u2019uko bari babayeho muri Tanzania, ariko ngo ubuzima babayeho bukaba ari ihurizo rikomeye, aho abenshi muri bo ngo bahagarikiwe amafaranga y\u2019ingoboka bahabwaga muri VUP ku buryo kuri ubu ngo ubuzima bubagoye cyane.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Bamwe muri aba baturage basuwe n\u2019umunyamakuru w\u2019Ijwi rya Amerika ukorera mu Rwanda, bavuga ko babayeho nabi kuko ngo basa nk\u2019abadafite uburenganzira bwo guhinga amasambu bahawe ari yo bari batezeho amakiriro.<\/p>\n<p>Umwe muri aba baturage yagize ati: \u201c <em>Dufite imbogamizi y\u2019uko nyine..isambu baduhaye, bayiduha twatanya n\u2019ubutaka bwo muri Congo, iyo tugiye kubuhinga ingabo ziratwirukana ngo twe guhinga\u2026zitubwira ko hashobora kuziramo n\u2019abanzi bakivanga muri twe cyangwa bakatuvutsa natwe ubuzima<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Undi agira ati: \u201c <em>Urebye mbese ntaho turi. Ni akarima bari baduhaye na ko turi kujya kugahinga abasirikare bati ntabwo mwemerwe kugeramo. N\u2019umunsi w\u2019ejo hari n\u2019abakubitiweyo twagiye gutangira guhinga ubwo twahise ducika n\u2019intege nta n\u2019ubwo tuzongera gutekereza no kongera gusubirayo<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Aba baturage bakaba bavuga ko no mu gihembwe gishize cy\u2019ihinga ariko byabagendekeraga ku buryo bahinze nyuma y\u2019abandi kandi n\u2019abahinze ntibabone uko babagara cyangwa gukurikirana imyaka yabo mu bundi buryo, byose ngo bitewe no gutinya ko umwanzi yabihishamo akaza guhungabanya umutekano nk\u2019uko babibwirwa n\u2019abasirikare bababuza kujya muri iyo mirima.<\/p>\n<p>Ku ruhande rw\u2019igisirikare cy\u2019u Rwanda, umuvugizi wacyo, Brig. Gen. Ferdinand safari akaba yabwiye Ijwi rya Amerika ko kuvuga ko hari ikibazo cy\u2019umutekano mucye mu kibaya kirimo imirima y\u2019aba baturage birukanwe muri Tanzania byaba ari igihuha.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Ngirango urabizi mu gihe gishize umwaka ushize cyangwa 2015 ndakeka, higeze kubaho gucengera. Ni cyo gihe gito cyonyine bababujije kujya bajyayo kugirango badashobora kuhagirira ibibazo<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Umuvugizi w\u2019ingabo yabwiwe ko amakuru abaturage batanze ya vuba, bavugaga ko bemerewe nibura iminsi ibiri mu cyumweru yo kuba bahinga, ariko nabwo ngo nko kuwa mbere ngo wari umunsi wo kujya uhinga ariko barabagaruye.<\/p>\n<p>Brig. Gen. Safari ati: \u201c <em>Ngirango igikuru n\u2019uko ubuyobozi buhari bushaka kubafasha, kandi ngirango barabafashije bihagije. Ngirango ibyo byaba ari ibihuha. Nta kibazo cy\u2019umutekano gihari<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Naho umuyobozi w\u2019akarere wungirije ushinzwe imibereho yiza y\u2019abaturage, Uwampayizina Grace, avuga ko ikibazo cy\u2019abasirikare bakumira abaturage bakababuza guhinga ari bwo bakicyumva, ariko yizeza ko hari ikigiye gukorwa.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Kuba bashobora kuba babagarura ntabwo mbizi, ariko wenda icyo ngicyo twacyivuganaho n\u2019abashinzwe umutekano, kuko ntabwo twavuga ngo abantu bajye guhinga ariko bahungabanya umutekano, cyangwa bashobora gukora ibikorwa byatuma n\u2019umwanzi atwinjirana. Ngirango murabizi ko hariya hakurya, ni ho FDLR iba, birashoboka ko bashobora kubikora babikora mu kajagari, n\u2019umwanzi akaba ashobora kutwinjirana yiyitirira ko nawe ari muri ba bandi baje guhinga.<\/em> \u201d<\/p>\n<p>Ku kibazo kijyanye n\u2019ibyangombwa by\u2019amazu cyangwa imirima bahawe ku biryo babikoresha basaba inguzanyo, visi meya yahakaniye aba baturage agira ati: \u201c <em>Kuko ariya mazu ni ayo kugirango tubafashe, ntabwo ari amazu atangwaho ingwate, ntabwo ari amazu bakodesha, ni amazu yo kubafasha kugirango bashobore kubamo. Niba ari umuntu utishoboye ejo mu gitondo iyo amaze kuyigurisha, cyangwa yayitanzeho ingwate, arongera akatubera umuzigo kandi icyo kibazo twari twarashoboye kugikemura<\/em> .\u201d<br \/>\n<figure id=\"attachment_74597\" aria-describedby=\"caption-attachment-74597\" style=\"width: 696px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/arton3880.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-74597\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/arton3880.jpg\" alt=\"\" width=\"696\" height=\"467\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-74597\" class=\"wp-caption-text\">Umusirikare w&#8217;u Rwanda mu gikorwa cyo gusana inzu y&#8217;Umunyarwanda wirukanwe muri Tanzania<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Iyi miryango 24 yavuye muri Tanzania yatujwe mu Mudugudu wa Bugu, mu Kagari ka Busigari mu Murenge wa Cyanzarwe, ituye mu mazu atuzuye neza imbere, ariko harimo ayasanwe n\u2019ingabo z\u2019u Rwanda igice cy\u2019inyuma.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania batujwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, mu Ntara y\u2019Iburangerazuba, ntibishimiye ubuzima babayemo, aho bavuga ko bimwe ibyangombwa by\u2019amazu n\u2019iby\u2019imirima bahawe ndetse ngo n\u2019abasirikare bakaba bababuza guhinga kuko umutekano utizewe neza. Imiryango igera kuri 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania niyo yatujwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6889","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Imiryango 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Imiryango 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania batujwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, mu Ntara y\u2019Iburangerazuba, ntibishimiye ubuzima babayemo, aho bavuga ko bimwe ibyangombwa by\u2019amazu n\u2019iby\u2019imirima bahawe ndetse ngo n\u2019abasirikare bakaba bababuza guhinga kuko umutekano utizewe neza. Imiryango igera kuri 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania niyo yatujwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-17T11:10:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:48:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/arton3880.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rubavu: Imiryango 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho\",\"datePublished\":\"2017-08-17T11:10:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:48:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889\"},\"wordCount\":649,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/arton3880.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889\",\"name\":\"Rubavu: Imiryango 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/arton3880.jpg\",\"datePublished\":\"2017-08-17T11:10:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:48:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/arton3880.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/arton3880.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6889#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Imiryango 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Imiryango 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Imiryango 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho - BWIZA","og_description":"Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania batujwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu, mu Ntara y\u2019Iburangerazuba, ntibishimiye ubuzima babayemo, aho bavuga ko bimwe ibyangombwa by\u2019amazu n\u2019iby\u2019imirima bahawe ndetse ngo n\u2019abasirikare bakaba bababuza guhinga kuko umutekano utizewe neza. Imiryango igera kuri 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania niyo yatujwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-17T11:10:07+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:48:18+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/arton3880.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rubavu: Imiryango 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho","datePublished":"2017-08-17T11:10:07+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:48:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889"},"wordCount":649,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/arton3880.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6889#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889","name":"Rubavu: Imiryango 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/arton3880.jpg","datePublished":"2017-08-17T11:10:07+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:48:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6889"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/arton3880.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/arton3880.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6889#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Imiryango 24 y\u2019Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania ntiyishimiye ubuzima ibayeho"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6889","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6889"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6889\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6889"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6889"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6889"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}