{"id":68938,"date":"2024-07-02T16:25:00","date_gmt":"2024-07-02T14:25:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=68938"},"modified":"2024-07-02T16:25:00","modified_gmt":"2024-07-02T14:25:00","slug":"touadera-yitabaje-u-rwanda-ngo-rumufashe-kwigobotora-wagner","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938","title":{"rendered":"Touad\u00e9ra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida Faustin-Archange Touad\u00e9ra wa Repubulika ya Centrafrique, yiyambaje abarimo Perezida Paul ngo bamufashe kwigobotora umutwe wa Wagner usa n&#8217;uwatangiye kumurusha imbaraga.<\/strong><\/p>\n<p>Uyu mutwe w&#8217;abacanshuro b&#8217;Abarusiya umaze imyaka irenga itatu ufatanya n&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda gucungira umutekano Touad\u00e9ra, gusa uko bukeye n&#8217;uko bwije urasa n&#8217;ugenda umurusha imbaraga ndetse n&#8217;ububasha mu gihugu cye.<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko Perezida wa Centrafrique amaze iminsi akorera ingendo zitandukanye mu mahanga, asaba inshuti z&#8217;igihugu cye mu bya Politiki ndetse n&#8217;umutekano ubufasha bwatuma yivuna uriya mutwe.<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame ari mu bo akomeje kwishingikiriza ngo abe yamufasha, nk&#8217;uko Africa Intelligence dukesha iyi nkuru ibivuga.<\/p>\n<p>Iki gitangazamakuru kivuga ko mu mpera z&#8217;ukwezi gushize Perezida Faustin-Archange Touad\u00e9ra yohereje i Kigali intumwa zari ziyobowe na Minisitiri w&#8217;Intebe wa Centrafrique, Felix Moloua, mu rwego rwo kwagura ubufatanye busanzwe hagati ya Kigali na Bangui mu bya gisirikare no mu bukungu.<\/p>\n<p>Ku wa 29 Kamena ni bwo Minisitiri w\u2019Intebe w\u2019u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yakiriye Moloua, bagirana ibiganiro bigamije gukomeza gutsura umubano n\u2019imikoranire myiza.<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019Itangazamakuru akaba n\u2019Umuvugizi wa Guverinoma muri Centrafrique, Maxime Balalou icyo gihe yavue ko Centrafrique ishaka &#8220;kungukira ku bunanaribonye bw\u2019u Rwanda mu bushobozi budasanzwe bwo kwigira igihugu cyagezeho, kikabasha gusohoka mu bihe bigoye cyahuye nabyo kandi natwe twahuye n\u2019ibibi byinshi&#8221;. <\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Dutekereza ko twakigira byinshi ku Rwanda, kandi dushaka kwigira kuri bagenzi bacu kugira ngo dushobore guteza imbere igihugu cyacu.\u201d<\/p>\n<p>U Rwanda mu mpera za 2020 rwohereje batayo y&#8217;ingabo muri Centrafrique yari isumbirijwe n&#8217;inyeshyamba zishyigikiye Fran\u00e7ois Boziz\u00e9 wigeze kuba Perezida wa kiriya gihugu, bituma Perezida Touadera washoboraga guhirikwa ku butegetsi abasha kubugumaho.<\/p>\n<p>Kuva icyo gihe ibihugu byombi byagiye byagura ubufatanye mu nzego zirimo ubucuruzi, ubuhinzi n\u2019ubucukuzi bw\u2019amabuye y\u2019agaciro. Hari kandi na Batayo y&#8217;abasirikare ba Centrafrique ishinzwe gutabara aho rukomeye kiriya gihugu cyungutse nyuma yo gutozwa n&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Amakuru avuga ko mu rwego rwo kugabanya ububasha Wagner ikomeje kugenda igira kuri Leta, Perezida Touad\u00e9ra yahisemo kwishingikiriza u Rwanda, kugeza no kubamucungira umutekano. Ni Touad\u00e9ra kandi winjije Batayo yatojwe na RDF mu bamurinda mu rwego rwo gukaza umutekano we.<\/p>\n<p>Amakuru kandi avuga ko kuva mu mezi make ashize, iruhande rwa buri murwanyi wa Wagner ubarizwa mu mutwe w&#8217;abasirikare barinda Perezida wa Centrafrique hashyizwe umusirikare wa RDF.<\/p>\n<p>Usibye u Rwanda, amakuru avuga ko Touad\u00e9ra yatangiye gusa n&#8217;uwiyegereza ibihugu byo mu burengerazuba bw&#8217;Isi nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse ngo kuri ubu ari gukora ibishoboka byose ngo azahurire i Washington na Perezida Joe Biden mbere y&#8217;uko muri Amerika haba amatora y&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu yo mu Ugushyingo.<\/p>\n<p>Ni Touadera kandi mu ntangirizo za Mutarama ngo waganiriye rwihishwa n&#8217;Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ibibazo bya Afurika, Molly Phee, nyuma yo guhurira i Brussels. Mu ngingo baganiriyeho ngo harimo iyerekeye sosiyete yigenga ya gisirikare yitwa Bancroft Global Development isa n&#8217;ishaka guhigika Wagner muri Centrafrique.<\/p>\n<p>Perezida Faustin-Archange Touadera abifashijwemo na mugenzi we w&#8217;u Rwanda kandi ngo ari gushaka uko yazahura umubano wa Centrafrique n&#8217;u Bufaransa. Ni Touadera ngo umaze kwakirwa incuro ebyiri kwa Emmanuel Macron, n&#8217;ubwo ibiganiro byabo bitaragera ku rwego rushimishije.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Faustin-Archange Touad\u00e9ra wa Repubulika ya Centrafrique, yiyambaje abarimo Perezida Paul ngo bamufashe kwigobotora umutwe wa Wagner usa n&#8217;uwatangiye kumurusha imbaraga. Uyu mutwe w&#8217;abacanshuro b&#8217;Abarusiya umaze imyaka irenga itatu ufatanya n&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda gucungira umutekano Touad\u00e9ra, gusa uko bukeye n&#8217;uko bwije urasa n&#8217;ugenda umurusha imbaraga ndetse n&#8217;ububasha mu gihugu cye. Amakuru avuga ko Perezida wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-68938","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Touad\u00e9ra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Touad\u00e9ra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Faustin-Archange Touad\u00e9ra wa Repubulika ya Centrafrique, yiyambaje abarimo Perezida Paul ngo bamufashe kwigobotora umutwe wa Wagner usa n&#8217;uwatangiye kumurusha imbaraga. Uyu mutwe w&#8217;abacanshuro b&#8217;Abarusiya umaze imyaka irenga itatu ufatanya n&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda gucungira umutekano Touad\u00e9ra, gusa uko bukeye n&#8217;uko bwije urasa n&#8217;ugenda umurusha imbaraga ndetse n&#8217;ububasha mu gihugu cye. Amakuru avuga ko Perezida wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-07-02T14:25:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68938#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68938\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Touad\u00e9ra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner\",\"datePublished\":\"2024-07-02T14:25:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68938\"},\"wordCount\":542,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68938#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68938\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68938\",\"name\":\"Touad\u00e9ra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-07-02T14:25:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68938#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68938\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=68938#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Touad\u00e9ra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Touad\u00e9ra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Touad\u00e9ra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner - BWIZA","og_description":"Perezida Faustin-Archange Touad\u00e9ra wa Repubulika ya Centrafrique, yiyambaje abarimo Perezida Paul ngo bamufashe kwigobotora umutwe wa Wagner usa n&#8217;uwatangiye kumurusha imbaraga. Uyu mutwe w&#8217;abacanshuro b&#8217;Abarusiya umaze imyaka irenga itatu ufatanya n&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda gucungira umutekano Touad\u00e9ra, gusa uko bukeye n&#8217;uko bwije urasa n&#8217;ugenda umurusha imbaraga ndetse n&#8217;ububasha mu gihugu cye. Amakuru avuga ko Perezida wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-07-02T14:25:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Touad\u00e9ra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner","datePublished":"2024-07-02T14:25:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938"},"wordCount":542,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=68938#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938","name":"Touad\u00e9ra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-07-02T14:25:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=68938"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=68938#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Touad\u00e9ra yitabaje u Rwanda ngo rumufashe kwigobotora Wagner"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/68938","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=68938"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/68938\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=68938"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=68938"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=68938"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}