{"id":69112,"date":"2024-07-04T12:55:35","date_gmt":"2024-07-04T10:55:35","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=69112"},"modified":"2024-07-04T12:55:35","modified_gmt":"2024-07-04T10:55:35","slug":"igihugu-cyacu-gifite-umutekano-kandi-kizawuhorana-uko-byagenda-kose-perezida","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112","title":{"rendered":"Igihugu cyacu gifite umutekano kandi kizawuhorana uko byagenda kose- Perezida Kagame"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida w&#8217;u Rwanda Paul Kagame yongeye gushimangira ko umutekano w&#8217;u Rwanda nta kizawukoma mu nkokora kuko kizawuhorana.<\/strong><\/p>\n<p>Yabivuze kuri uyu wa Kane taliki 04 Nyakanga 2024 ubwo hizihizwaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 30. Yongeyeho ko politiki y&#8217;igihugu kugeza ubu ishingiye ku ntego no kubazwa inshingano.<\/p>\n<p>Ati: Politiki yacu uyu munsi, ishingiye ku kugira intego no kubazwa inshingano. Ni yo nzira yacu abanyarwanda yo gutuma tugira ubuzima bwiza. Politiki  yacu ntizigera iba igikoresho cyo guheza no kubabazanya.&#8221;<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu kandi yavuze ko u Rwanda rutajya rushotorana  kuko ruzi icyo amahoro avuze, icyakora rwirwanaho mu gihe rwaba rushyizwe mu byago. Ati&#8221; u Rwanda ruhora rushaka amahoro ku giti cyacu , kuri buri umwe ndetse no mu karere. Iyo hakenewe ibikorwa byo gufasha u Rwanda ntirwabura.<\/p>\n<p>Yavuze ko hari abantu bari hanze batumva abanyarwanda aho bamwe muri bo ndetse ngo bashaka gusenya ibyagezwe, bakoresheje inzira zitandukanye zirimo no gukoresha murandasi (Internet).Yongeyeho ko indangagaciro abanyarwanda bafite ntawe uzazibakuraho.<\/p>\n<p>Mu butumwa yageneye urubyiruko by&#8217;umwihariko abavutse nyuma y&#8217;imyaka 30 ishize, yababwiye ko u Rwanda rukeneye kurindwa. Ati &#8221; Iki gihugu ni icyanyu gikeneye kurindwa no kukirwanirira kikarushaho gutera imbere. Kwibohora nyako gutangira iyo urusaku rw&#8217;imbunda rugabanyutse cyangwa rutagihari.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Kagame yashimiye inshuti n\u2019abashyitsi bifatanyije n\u2019u Rwanda mu birori byo kwizihiza Umunsi wo Kwibohora 30.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida w&#8217;u Rwanda Paul Kagame yongeye gushimangira ko umutekano w&#8217;u Rwanda nta kizawukoma mu nkokora kuko kizawuhorana. Yabivuze kuri uyu wa Kane taliki 04 Nyakanga 2024 ubwo hizihizwaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 30. Yongeyeho ko politiki y&#8217;igihugu kugeza ubu ishingiye ku ntego no kubazwa inshingano. Ati: Politiki yacu uyu munsi, ishingiye ku kugira [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-69112","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Igihugu cyacu gifite umutekano kandi kizawuhorana uko byagenda kose- Perezida Kagame - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Igihugu cyacu gifite umutekano kandi kizawuhorana uko byagenda kose- Perezida Kagame - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida w&#8217;u Rwanda Paul Kagame yongeye gushimangira ko umutekano w&#8217;u Rwanda nta kizawukoma mu nkokora kuko kizawuhorana. Yabivuze kuri uyu wa Kane taliki 04 Nyakanga 2024 ubwo hizihizwaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 30. Yongeyeho ko politiki y&#8217;igihugu kugeza ubu ishingiye ku ntego no kubazwa inshingano. Ati: Politiki yacu uyu munsi, ishingiye ku kugira [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-07-04T10:55:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69112#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69112\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Igihugu cyacu gifite umutekano kandi kizawuhorana uko byagenda kose- Perezida Kagame\",\"datePublished\":\"2024-07-04T10:55:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69112\"},\"wordCount\":224,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69112#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69112\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69112\",\"name\":\"Igihugu cyacu gifite umutekano kandi kizawuhorana uko byagenda kose- Perezida Kagame - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-07-04T10:55:35+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69112#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69112\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69112#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Igihugu cyacu gifite umutekano kandi kizawuhorana uko byagenda kose- Perezida Kagame\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Igihugu cyacu gifite umutekano kandi kizawuhorana uko byagenda kose- Perezida Kagame - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Igihugu cyacu gifite umutekano kandi kizawuhorana uko byagenda kose- Perezida Kagame - BWIZA","og_description":"Perezida w&#8217;u Rwanda Paul Kagame yongeye gushimangira ko umutekano w&#8217;u Rwanda nta kizawukoma mu nkokora kuko kizawuhorana. Yabivuze kuri uyu wa Kane taliki 04 Nyakanga 2024 ubwo hizihizwaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 30. Yongeyeho ko politiki y&#8217;igihugu kugeza ubu ishingiye ku ntego no kubazwa inshingano. Ati: Politiki yacu uyu munsi, ishingiye ku kugira [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-07-04T10:55:35+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Igihugu cyacu gifite umutekano kandi kizawuhorana uko byagenda kose- Perezida Kagame","datePublished":"2024-07-04T10:55:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112"},"wordCount":224,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=69112#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112","name":"Igihugu cyacu gifite umutekano kandi kizawuhorana uko byagenda kose- Perezida Kagame - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-07-04T10:55:35+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=69112"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69112#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Igihugu cyacu gifite umutekano kandi kizawuhorana uko byagenda kose- Perezida Kagame"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/69112","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=69112"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/69112\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=69112"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=69112"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=69112"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}