{"id":69423,"date":"2024-07-12T07:31:23","date_gmt":"2024-07-12T05:31:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=69423"},"modified":"2024-07-12T07:31:23","modified_gmt":"2024-07-12T05:31:23","slug":"umugabo-n-umugore-bafashwe-bagurisha-uruhinja-rwabo-batabwa-muri-yombi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423","title":{"rendered":"Umugabo n&#8217;umugore bafashwe bagurisha uruhinja rwabo batabwa muri yombi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y&#8217;umugabo washutse umugore we ngo bagurishe umwana wabo babyaye, kugira ngo babone amafaranga atuma umugabo ajya mu mahanga nyuma yo kuzahazwa n&#8217;ubukene, ariko ntibyabahiriye kuko bahise batabwa muri yombi.<\/strong><\/p>\n<p>Kuri uyu wa kane tariki 11 Nyakanga 2024 nibwo umugabo yahishuye uburyo ari we wazanye igitekerezo cyo kugurisha umwana wabo ufite imyaka ibiri y&#8217;amavuko. <\/p>\n<p>Polisi yatangaje ko uyu mugabo hamwe n&#8217;umugore we bafunzwe ku wa kabiri tariki 09 Nyakanga 2024, ubwo umugambi wabo watahurwaga ahagana i saa cyenda z&#8217;igicamunsi.<\/p>\n<p>Amakuru yatangajwe na polisi y&#8217;i Lagos muri Nigeria avuga ko abatawe muri yombi ari Uchenna Eziekwe w&#8217;imyaka 28, n&#8217;umugore we Chineye w&#8217;imyaka 22. Bakaba barafashwe ubwo bajyaga gusaba amakuru y&#8217;ukuntu baragurisha umwana w&#8217;umuhungu bibarutse mu bitaro bya Isolo General Hospital.<\/p>\n<p>Biravugwa ko uyu mugabo atagiraga akazi gahoraho, dore ko yateraga ibiraka aho bubaka; ni mu gihe n&#8217;umugore na we yiberaga mu rugo ntacyo yinjiza. Mu rwego rwo kugabanya inzara mu rugo rwabo umugabo yaje kugira igitekerezo cyo kujya mu gihugu cya Canada, gusa azitirwa n&#8217;ubushobozi ari naho ruzingiye.<\/p>\n<p>Ubwo yaganiraga n&#8217;itangazamakuru, Uchenna Eziekwe yakomeje asobanura ko yabonye nta buryo yakabya inzozi ze zo kujya mu mahanga kugira ngo arwanye ubukene, bityo yumvisha umugore we ko bagomba kugurisha uwo babyaye n&#8217;uko maze babyemeranyaho.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8220;Byari umwanzuro ukomeye, ariko ntakundi twari kubigenza usibye kumugurisha [umwana]. Twatekerezaga ko aho kugira ngo azicwe n&#8217;inzara ahubwo twamutanga. Nabitekerejeho mbere biturutse ku mibereho igoye tubayemo.&#8221;<\/p>\n<p>Nk&#8217;uko tubikesha ikinyamakuru Vanguard cyo muri Nigeria, umuvugizi w&#8217;urwego rw&#8217;umutekano, SP Benjamin Hudenyin yemeje iby&#8217;aya makuru avuga ko batunguwe cyane.<\/p>\n<p>Kugeza ubu iperereza rikaba rigikomeje gukorwa, ndetse umwana akaba yararokowe n&#8217;inzego z&#8217;umutekano ubwo zinjiraga mu bitaro zikagwa gitumo ababyeyi be bari bacuze umugambi wo kumwikenuza.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y&#8217;umugabo washutse umugore we ngo bagurishe umwana wabo babyaye, kugira ngo babone amafaranga atuma umugabo ajya mu mahanga nyuma yo kuzahazwa n&#8217;ubukene, ariko ntibyabahiriye kuko bahise batabwa muri yombi. Kuri uyu wa kane tariki 11 Nyakanga 2024 nibwo umugabo yahishuye uburyo ari we wazanye igitekerezo cyo kugurisha umwana wabo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":49,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-69423","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umugabo n&#039;umugore bafashwe bagurisha uruhinja rwabo batabwa muri yombi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umugabo n&#039;umugore bafashwe bagurisha uruhinja rwabo batabwa muri yombi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y&#8217;umugabo washutse umugore we ngo bagurishe umwana wabo babyaye, kugira ngo babone amafaranga atuma umugabo ajya mu mahanga nyuma yo kuzahazwa n&#8217;ubukene, ariko ntibyabahiriye kuko bahise batabwa muri yombi. Kuri uyu wa kane tariki 11 Nyakanga 2024 nibwo umugabo yahishuye uburyo ari we wazanye igitekerezo cyo kugurisha umwana wabo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-07-12T05:31:23+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Dieudonne GISUBIZO\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Dieudonne GISUBIZO\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69423#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69423\"},\"author\":{\"name\":\"Dieudonne GISUBIZO\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12\"},\"headline\":\"Umugabo n&#8217;umugore bafashwe bagurisha uruhinja rwabo batabwa muri yombi\",\"datePublished\":\"2024-07-12T05:31:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69423\"},\"wordCount\":305,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69423#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69423\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69423\",\"name\":\"Umugabo n'umugore bafashwe bagurisha uruhinja rwabo batabwa muri yombi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-07-12T05:31:23+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69423#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69423\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69423#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umugabo n&#8217;umugore bafashwe bagurisha uruhinja rwabo batabwa muri yombi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12\",\"name\":\"Dieudonne GISUBIZO\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=49\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umugabo n'umugore bafashwe bagurisha uruhinja rwabo batabwa muri yombi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umugabo n'umugore bafashwe bagurisha uruhinja rwabo batabwa muri yombi - BWIZA","og_description":"Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y&#8217;umugabo washutse umugore we ngo bagurishe umwana wabo babyaye, kugira ngo babone amafaranga atuma umugabo ajya mu mahanga nyuma yo kuzahazwa n&#8217;ubukene, ariko ntibyabahiriye kuko bahise batabwa muri yombi. Kuri uyu wa kane tariki 11 Nyakanga 2024 nibwo umugabo yahishuye uburyo ari we wazanye igitekerezo cyo kugurisha umwana wabo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-07-12T05:31:23+00:00","author":"Dieudonne GISUBIZO","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Dieudonne GISUBIZO","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423"},"author":{"name":"Dieudonne GISUBIZO","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12"},"headline":"Umugabo n&#8217;umugore bafashwe bagurisha uruhinja rwabo batabwa muri yombi","datePublished":"2024-07-12T05:31:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423"},"wordCount":305,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=69423#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423","name":"Umugabo n'umugore bafashwe bagurisha uruhinja rwabo batabwa muri yombi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-07-12T05:31:23+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=69423"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69423#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umugabo n&#8217;umugore bafashwe bagurisha uruhinja rwabo batabwa muri yombi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12","name":"Dieudonne GISUBIZO","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=49"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/69423","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/49"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=69423"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/69423\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=69423"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=69423"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=69423"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}