{"id":6955,"date":"2017-08-21T09:46:06","date_gmt":"2017-08-21T09:46:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/21\/raporo-ya-hrw-ku-rwanda-irashingira-ku-miryango-n-itangazamakuru-mbanda-yanenze\/"},"modified":"2025-02-12T15:47:45","modified_gmt":"2025-02-12T13:47:45","slug":"raporo-ya-hrw-ku-rwanda-irashingira-ku-miryango-n-itangazamakuru-mbanda-yanenze","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955","title":{"rendered":"Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n\u2019 itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Human Right Watch(HRW) iherutse gusohora raporo ku Rwanda ko nta bwisanzure bwa politiki bwaranze ibikorwa by\u2019 amatora ya Perezida wa Repubulika, nyamara Gerald Mbanda uzobereye muri politiki yari aherutse gusohora inyandiko ivuga ko hari raporo zikorwa ku bw\u2019izindi nyungu, ngo cyane ko byatangiye kare itangazamakuru mpuzamahanga n\u2019iyo miryango bigaragaza uruhande bibogamiyeho.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Umunsi Perezida Paul Kagame arahirira gukomeza kuyobora u Rwanda, ku wa Gatanu tariki ya 18 Kanama 2017, HRW, Umuryango Mpuzamahanga urengera uburenganzira bwa muntu, nibwo wasohoye raporo igaragaza ko nta bwisanzure bwa politiki bwaranze ibikorwa by\u2019 amatora ya Perezida wa Repubulika.<\/p>\n<p>Iyo raporo irasa nk\u2019aho nta gishya yari yitezweho ku Rwanda, kuko atari rimwe cyangwa kabiri uyu muryango ushyize mu majwi u Rwanda,  raporo u Rwanda rutahwemye guhakana ko zikorwa ku nyungu z\u2019abatifuriza u Rwanda ineza.<\/p>\n<p>Mbanda ukuriye itangazamakuru mu rwego rw\u2019igihugu rushinzwe imiyoborere(RGB), aherutse gusohora inyandiko igaragaza uburyo itangazamakuru n\u2019imiryango mpuzamahanga imwe n\u2019imwe usanga bibogamiye ku nyungu zabo basebya u Rwanda ndetse banangisha  Perezida Kagame  abantu batandukanye. Nk\u2019uko abigaragara mu nyandiko ishingiye ku bitekerezo bye aherutse gucisha mu  kinyamakuru Newsghana, ifite umutwe ugira uti, \u2018How Western Media gets it wrong on Rwanda, uko itangamamakuru ry\u2019i Burayi ryibeshya ku Rwanda.<\/p>\n<p>Mbanda asanga Abanyafurika barabayeho batekereza ko kugirango batere imbere ari uko bagendera ku byo abanyaburayi bababwiwa, uhirahiriye gukora ibidashingiye kuri icyo gitugu nk\u2019uko Abanyarwanda babikora, bamufata nk\u2019icyigomeke.<\/p>\n<p>Ikindi ni uko itangazamakuru ry\u2019i Burayi risa n\u2019iribereyeho guharabika gahunda zitandukanye zo mu bihugu  bidashingira kuri ayo mabwiriza bikora ku mwihariko wabyo[nyamara abanyaburayi bashaka ko buri gihugu kigomba kugendera ku mahame agendeye ku bitekerezo byabo], aribyo u Rwanda na Kagame bamaze kurengaho.<\/p>\n<p> <strong>Ukuri ku Rwanda n\u2019ibivugwa na HRW<\/strong><br \/>\n<figure id=\"attachment_74998\" aria-describedby=\"caption-attachment-74998\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/mBANDA-G.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-74998\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/mBANDA-G.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"533\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-74998\" class=\"wp-caption-text\"><br \/>\nMbanda Gerald, Umunyapolitiki akaba n&#8217;Umuyobozi ushinzwe itangazamakuru muri RGB<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Iyi raporo yakozwe na na Ida Sawyer, umuyobozi wa  HRW muri Afurika yo hagati. Igaragaza ko ayo matora atakozwe mu bwisanzure bwa Politiki, ko hatabayeho iyubahirizwa ry\u2019uburenganzira mu kuvuga ibyo bashaka n\u2019ibindi,<\/p>\n<p>Mu bikorwa byo guhatanira kuyobora u Rwanda, byitabiriwe n\u2019abakandida batatu, bazengurutse igihugu biyamamaza,  itangazamakuru ryo mu Burayi ndetse n\u2019imiryango irengera uburenganzira bwa muntu batangiye guharabika umukandida umwe gusa, ari we Paul Kagame.<\/p>\n<p>Abakandida bose bari bafite amahirwe  angana mu binyamakuru bya Leta n\u2019iby\u2019abikorera, buri mukandida yari afite itsinda  ry\u2019abanyamakuru ajyana naryo, kandi nta n\u2019umwe wahuye na HRW.<\/p>\n<p>Philippe Mpayimana yari kumwe n\u2019abanyamakuru nka batanu, Dr Frank Habineza ari kumwe na 15, mu gihe Kagame yari kumwe n\u2019abanyamakuru basaga 60. Kuko byaterwaga n\u2019ubushobozi buri mukandida afite bwo kubasha kwita ku banyamakuru.<\/p>\n<p>Ku bwa Mbanda  asanga itangazamakuru ry\u2019i Burayi ryarigaragaje mu buryo bubogamye,  nk\u2019iriharanira guharabika Kagame rimwangisha abaturage ngo ntibazamutore. Ibyo bikubiye mu ngingo eshatu zikurikira.<\/p>\n<p>Iya mbere : Rigamije  kumwangisha abatora  , gushaka kwereka Abanyarwanda batora ko umuyobozi wabo atemera demokarasi bityo ntizabamutore.<\/p>\n<p>Iya kabiri : Kubuza amahanga gushyigikira Kagame no kumwitaza<\/p>\n<p>Iya gatatu : Kugoreka amateka y\u2019u Rwanda nk\u2019igihugu cyabayemo Jenoside, biciye mu gufata intwari zigahundurwa abanyabyaha, abagizweho ingaruka na jenoside bagahindurwa abicanyi.<\/p>\n<p>\u00abIbyo byose bigamije kunenga Kagame  byaje mu gihe, Isi  ishobora guhamya nta shiti uburyo u Rwanda rwahindutse rukava ku rwego rw\u2019igihugu cyari cyarasabitswe n\u2019ivangura , rukaba igihugu cyunze ubumwe kandi giteye imbere.<\/p>\n<p>Abo banyaburayi kandi batangiye gukwirakwiza imvugo zishinja u Rwanda kubaho mu cyuka cy\u2019ubwoba, mu butegetsi bw\u2019igitugu kandi ko uburenganira bw\u2019Abanyarwanda butubahirizwa.<\/p>\n<p>Igitangaje ariko yibaza aho ibi binyamakuru byari biri mu 1994, ubwo u Rwanda rwarimo rushya, miliyoni y\u2019Abana barwo ikaburira ubuzima muri Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Iyi raporo ikomoza ku misanzu yatanzwe n\u2019abayoboke ba FPR ko bayitanze ku ngufu. Aha bisanzwe bizwi ko mu Rwanda amashyaka hafi ya yose abeshwaho n\u2019imisanzu y\u2019abayoboke bayo.<\/p>\n<p>HRW ikomeza ivuga ko hari umwe mu baturage wo mu karere ka Rutsiro wahatiwe gutora , undi w\u2019i Nyamagabe  wavuze ko yabonye abashinzwe amatora basinya ku mpapuro z\u2019amajwi zigenewe abantu nka 200 bataje gutora.<\/p>\n<p>Ku bijyanye n\u2019iki kibazo, itangazamakuru ryo mu Rwanda na mpuzamahanga ryari hirya no hino mu Rwanda ku buryo nta ryigeze ritangaza ikibazo nk\u2019iki aho ryageze hose.<\/p>\n<p> <strong>Abanyamakuru bari bakwiriye mu gihugu hose ntabyo babonye <\/strong> <\/p>\n<p>Umunsi umwe mbere yuko amatora atangira, ni ukuvuga tariki ya 3 Kanama 2017, Inama Nkuru y\u2019itangazamakuru mu Rwanda(MHC), yafashije abanyamakuru basaga 100 bo mu bigo bya leta  n\u2019iby\u2019abikorera kujya kureba uko amatora agenda hirya no hino mu gihugu.<br \/>\n<figure id=\"attachment_75000\" aria-describedby=\"caption-attachment-75000\" style=\"width: 576px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Abanyamakuru-baraganira-numusaza-watoye-bwa-1-kuri-site-ya-Nyagatare-ati-ubu-ni-ubukwe.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"size-large wp-image-75000\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Abanyamakuru-baraganira-numusaza-watoye-bwa-1-kuri-site-ya-Nyagatare-ati-ubu-ni-ubukwe-576x1024.jpg\" alt=\"\" width=\"576\" height=\"1024\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-75000\" class=\"wp-caption-text\"><br \/>\nAbanyamakuru baganira n&#8217;umusaza watoye bwa 1 kuri site ya Nyagatare ati &#8220;ubu ni ubukwe&#8221;.<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Abo banyamakuru bari bibumbiye mu matsinda 8 :  rimwe mu Majyaruguru( Musanze),irindi mu Majyepfo (Huye),  atatu mu Ntara y\u2019i Burasirazuba mu turere twa Nyagatare, Kirehe na Bugesera  n\u2019andi atatu mu ntara y\u2019i Burengerazuba mu turere twa  Rubavu, Karongi na Rusizi.<\/p>\n<p>Si aba gusa bakurikiranaga aya matora kuko n\u2019Umuryango w\u2019Abanyamakuru Baharanira Amahoro, Paxpress nawo wari wohereje abanyamakuru 60 mu gihugu hose, ni ukuvuga babiri muri buri karere.<br \/>\n<figure id=\"attachment_75002\" aria-describedby=\"caption-attachment-75002\" style=\"width: 863px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Kirehe.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-75002\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Kirehe-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"863\" height=\"647\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-75002\" class=\"wp-caption-text\"><br \/>\nAbanyamakuru bakurikiye amatora mu karere ka Kirehe, umwe aratangaza uko ari kugenda kuri telefoni, undi araganira n&#8217;abaturage<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Abo banyamakuru bose bakoze inkuru eshatu aho bari bagiye gukurikirana ibyo bikorwa. By\u2019akarusho  uwo muryango wahuje umurongo wa radio 10 zigenga, aho buri munyamakuru yarahamagarwaga agatanga  uko aho ari gukorera ibikorwa by\u2019amatora biri kugenda ndetse n\u2019ikidasanzwe cyahabaye. Uwo murongo wahujwe inshuro eshatu uwo munsi.<br \/>\n<figure id=\"attachment_75004\" aria-describedby=\"caption-attachment-75004\" style=\"width: 896px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/DGXQ5etXcAAikTN.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-75004\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/DGXQ5etXcAAikTN-1024x576.jpg\" alt=\"\" width=\"896\" height=\"504\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-75004\" class=\"wp-caption-text\"><br \/>\nAbanyamakuru i Nyagatare baganira n&#8217;umaze gutora<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Buri munyamakuru yagombaga gukora inkuru 3 za MHC, n\u2019abajyanywe na Pax Press bagombaga gukora eshatu, ni ukuvuga ko izo nkuru zisaga 420 zakozwe kuri uwo munsi, hiyongereyeho n\u2019iz\u2019abanyamakuru mpuzamahanga.<\/p>\n<p>Muri izo nkuru  nta n\u2019imwe yigeze igaragaraza  ibyo bibazo bivugwa mu karere ka Rutsiro  na Nyamagabe , ndetse nta n\u2019indorerezi zigeze zigaragaza ibyo bibazo.<\/p>\n<p> <strong>HRW  na Mbanda ntibumva kimwe ibyo isaba<\/strong><br \/>\n<figure id=\"attachment_74999\" aria-describedby=\"caption-attachment-74999\" style=\"width: 801px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/iDA.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-74999\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/iDA-1024x834.jpg\" alt=\"\" width=\"801\" height=\"652\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-74999\" class=\"wp-caption-text\"><br \/>\nIda Sawyer, Umuyobozi wa HRW muri Afurika yo hagati<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>HRW isaba abatarenkunga n\u2019abafatanyabikorwa bose b\u2019u Rwanda guhindura imyitwarire bakumvisha u Rwanda ko rugomba kubahiriza uburenganzira bw\u2019ikiremwamuntu kandi ko hari ingaruka bizarugiraho.<\/p>\n<p>Uyu muryango wemera ko u Rwanda rwateye imbere mu bukungu n\u2019iterambere ariko ko bitagomba kuba urwitwazo ngo habe hahonyorwa uburenganzira bw\u2019ibanze bwa muntu.<\/p>\n<p>Gerard Mbanda yemeza ko ibyo binyamakuru ndetse n\u2019iyo miryango ntacyo bahindura ku ku matora yo mu Rwanda cyane ko bo ubwabo bananiwe kubwira leta zabo ngo zirukane abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside bakidegembyayo.<\/p>\n<p>Asoza avuga ko raporo zabo nta ruhare zizigera zigira  ku biva mu matora , kubera ko Abanyarwanda bazi icyo bashaka, naho icyo abandi bashaka ntikibaraje ishinga.<\/p>\n<p>Mu gusoza, Mbanda ati, \u201c <em>Abanenga n\u2019abarwanya u Rwanda  bazahoraho ariko ntibaruta umubare w\u2019Abanyarwanda bishimiye kandi banyuzwe n\u2019ubuyobozi bwabo. Naho ku bijyanye na demokarasi Abanyarwanda bazi icyo bifuza n\u2019aho bagana\u201d.<\/em> <\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Ntakirutimana Deus\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Human Right Watch(HRW) iherutse gusohora raporo ku Rwanda ko nta bwisanzure bwa politiki bwaranze ibikorwa by\u2019 amatora ya Perezida wa Repubulika, nyamara Gerald Mbanda uzobereye muri politiki yari aherutse gusohora inyandiko ivuga ko hari raporo zikorwa ku bw\u2019izindi nyungu, ngo cyane ko byatangiye kare itangazamakuru mpuzamahanga n\u2019iyo miryango bigaragaza uruhande bibogamiyeho. Umunsi Perezida Paul Kagame [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-6955","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n\u2019 itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n\u2019 itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Human Right Watch(HRW) iherutse gusohora raporo ku Rwanda ko nta bwisanzure bwa politiki bwaranze ibikorwa by\u2019 amatora ya Perezida wa Repubulika, nyamara Gerald Mbanda uzobereye muri politiki yari aherutse gusohora inyandiko ivuga ko hari raporo zikorwa ku bw\u2019izindi nyungu, ngo cyane ko byatangiye kare itangazamakuru mpuzamahanga n\u2019iyo miryango bigaragaza uruhande bibogamiyeho. Umunsi Perezida Paul Kagame [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-21T09:46:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:47:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/mBANDA-G.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n\u2019 itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama\",\"datePublished\":\"2017-08-21T09:46:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:47:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955\"},\"wordCount\":1147,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/mBANDA-G.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955\",\"name\":\"Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n\u2019 itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/mBANDA-G.jpg\",\"datePublished\":\"2017-08-21T09:46:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:47:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/mBANDA-G.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/mBANDA-G.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6955#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n\u2019 itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n\u2019 itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n\u2019 itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama - BWIZA","og_description":"Human Right Watch(HRW) iherutse gusohora raporo ku Rwanda ko nta bwisanzure bwa politiki bwaranze ibikorwa by\u2019 amatora ya Perezida wa Repubulika, nyamara Gerald Mbanda uzobereye muri politiki yari aherutse gusohora inyandiko ivuga ko hari raporo zikorwa ku bw\u2019izindi nyungu, ngo cyane ko byatangiye kare itangazamakuru mpuzamahanga n\u2019iyo miryango bigaragaza uruhande bibogamiyeho. Umunsi Perezida Paul Kagame [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-21T09:46:06+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:47:45+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/mBANDA-G.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n\u2019 itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama","datePublished":"2017-08-21T09:46:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:47:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955"},"wordCount":1147,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/mBANDA-G.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6955#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955","name":"Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n\u2019 itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/mBANDA-G.jpg","datePublished":"2017-08-21T09:46:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:47:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6955"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/mBANDA-G.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/mBANDA-G.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6955#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Raporo ya HRW ku Rwanda irashingira ku miryango n\u2019 itangazamakuru Mbanda yanenze kubogama"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6955","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6955"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6955\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6955"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6955"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6955"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}