{"id":6961,"date":"2017-08-21T11:59:33","date_gmt":"2017-08-21T11:59:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/21\/rusizi-bahangayikishijwe-no-kugera-ku-bitaro-nyuma-y-uko-imbangukiragutabara\/"},"modified":"2017-08-21T11:59:33","modified_gmt":"2017-08-21T11:59:33","slug":"rusizi-bahangayikishijwe-no-kugera-ku-bitaro-nyuma-y-uko-imbangukiragutabara","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961","title":{"rendered":"Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y\u2019uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe"},"content":{"rendered":"<p>Abaturage b\u2019utugari twa Nyamihanda na Rwambogo mu Murenge wa Butare, aba Nyamigina na Mpinga mu Murenge wa Gikundamvura n\u2019ab\u2019Akagari ka Nyabintare mu Murenge wa Nyakabuye bagera ku 20.520 bivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Nyabitimbo kiri mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi, batewe impungenge n\u2019ingobyi y\u2019abarwayi yabagezaga ku bitaro bya Mibilizi  imaze amezi 4 yarapfuye bakaba batakibasha kugera kuri ibi bitaro  byoroshye kandi ari ho boherezwaga.<\/p>\n<p>Ubwo Bwiza.com yageraga kuri iki kigo nderabuzima kiri kure cyane y\u2019Umujyi wa Rusizi, abarwayi yahasanze bavuze ko batewe impungenge n\u2019imfu z\u2019ababyeyi bapfa babyara cyangwa abana bapfa bavuka zishobora kubaho mu minsi iri imbere igihe iki kibazo cyaba kidakemuwe byihuse, kuko iki kigo nderabuzima ubwacyo kiri ku bilometero 32 ujya ku Bitaro bya Mibilizi, abari mu tugari twa Rwambogo na Nyamihanda bakaba ku bilometero 59 kugira ngo ugere kuri ibi bitaro, bo bakaba bagomba kubanza gukora ibilometero 27 bahetse abarwayi n\u2019abagore batwite mu ngobyi ya Kinyarwanda  kugira ngo bagere ku kigo nderabuzima cyabo, aho bagomba gutegerereza ingobyi y\u2019abarwayi  ibageraho nyuma y\u2019amasaha 9 itumijwe iva ku bitaro bya Mibilizi kugira ngo ibatabare.<br \/>\n<figure id=\"attachment_75039\" aria-describedby=\"caption-attachment-75039\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-75039\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"600\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-75039\" class=\"wp-caption-text\">Kuva aho iki kigo kiri kugera ku Bitaro bya Mibilizi hari ibirometero 32<\/figcaption><\/figure><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Bavuga ko ubu buzima atari ubw\u2019iRwanda kuko n\u2019imihanda banyuramo ari mibi cyane, ari yo ngo yanabaye nyirabayazana yo gupfa kw\u2019iyi ngobyi y\u2019abarwayi nk\u2019uko bivugwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019iki kigo nderabuzima, bakibaza ukuntu waheka umubyeyi uri ku nda mu ngobyi ibilometero 27, yagera ku kigo nderabuzima basanga batamushoboye bagahamagara iyi mbangukiragutabara ku bitaro bya Mibilizi ibageraho mu masaha arenga 9 ihamagawe ikazamusubirana kuri ibi bitaro akagera yo akiri muzima ngo ni aha Nyagasani wenyine.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Uyu-mubyeyi-yibaz-icyo-yakora-igihe-umwana-yaba-amurembanye-bikaba-ngombwa-ko-amujyana-ku-bitaro-bya-Mibilizi..jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-75041\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Uyu-mubyeyi-yibaz-icyo-yakora-igihe-umwana-yaba-amurembanye-bikaba-ngombwa-ko-amujyana-ku-bitaro-bya-Mibilizi..jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"600\" \/><\/a><\/p>\n<p>Mukarugira Epiphanie wo mu Murenge wa Nyakabuye Bwiza.com yasanze kuri iki kigo nderabuzima, yayibwiye ko bafite impungenge z\u2019ubuzima bwabo igihe baba batabonye indi ngobyi y\u2019abarwayi byihutirwa kuko iyi ngo yashaje cyane ikanapfa burundu, bakaba badashobora kugera ku bitaro bya Mibilizi byihuse kandi nta n\u2019ibindi bajyaho, agasaba Leta gukemura iki kibazo kuko bo bumva kirenze ubwenge bwabo.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8221; <em>Niba umugore amerewe nabi kubera inda, ni gute  ingobyi y\u2019abarwayi izava ku Bitaro bya Mibilizi mu bilometero 32 yenda yabanje kujya ahandi n\u2019imihanda y\u2019ino, ikamugeraho hano ikamujyana, uyu muntu akagera yo amahoro? Nk\u2019ubu hari igihe yajyaga gutabara abaturage ba Rwambogo na Nyamihanda bafite ibibazo ikabageza hano ibakomezanya mu bitaro bya Mibilizi. None ni gute bazazana umugore ufite ibibazo by\u2019inda mu ngobyi ya kinyarwanda mu bilometero 27 nijoro, mu mvura, mu mihanda mibi aho bashobora no kunyerera bakamukubita hasi, akagezwa hano, iyo modoka igahamagarwa ikabona kumujyana ku bitaro? Nyababyeyi ntishobora no guturikira mu nzira<\/em> ?\u2019\u2019<\/p>\n<p>Avuga ko kugira ngo ugere ku bitaro kuri moto uvuye kuri iki kigo nderabuzima ari amafaranga 7000 kugenda gusa kandi imihanda yaho ntiyakwemerera umugore uri kunda cyangwa umurwayi urembye kugenda kuri moto. Bakifuza ko cyakemurwa vuba.<br \/>\n<figure id=\"attachment_75037\" aria-describedby=\"caption-attachment-75037\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Aba-baturage-baratabaza-ngo-babonerwe-indi-ngobyi-yabarwayi..jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-75037\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Aba-baturage-baratabaza-ngo-babonerwe-indi-ngobyi-yabarwayi..jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"600\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-75037\" class=\"wp-caption-text\">Aba baturage baratabaza ngo babonerwe indi mbangukiragutaba y&#8217;abarwayi<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Ngendahimana F\u00e9lix ushinzwe ibarurishamibare muri iki kigo nderabuzima yabwiye Bwiza.com ko iyi modoka bari bayihawe muri 2008 ariko imihanda mibi igendamo  iyisazisha vuba iranapfa burundu, cyane cyane ko ngo hari igihe yagendaga inshuro 2 cyangwa 3 ijyanye umurwayi ku bitaro, impungenge abaturage bafite n\u2019ubuyobozi bukaba buzifite.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8221; <em>Kuva yapfa nta murwayi cyangwa umugore uri kunda turapfusha ariko tubona bishobora kuzabaho kuko hari ababyeyi babyarira mu nzira bazanywe mu ngobyi ya Kinyarwanda n\u2019amaguru bakagera hano bamaze kubyara.<\/em> <\/p>\n<p> <em>Iyo dufite nk\u2019umurwayi tugahamagara imodoka ku bitaro saa kumi n\u2019ebyiri za mugitondo itugeraho mu ma saa cyenda z\u2019igicamunsi, twayihamagara saa mbiri z\u2019igitondo ikatugeraho saa kumi n\u2019ebyiri z\u2019umugoroba kandi umuntu arembye, yanaharaye. Bataduhaye imodoka byo ni ibibazo bikomye cyane twahura na byo.<\/em> \u2019\u2019<br \/>\n\u00a0<br \/>\n<figure id=\"attachment_75040\" aria-describedby=\"caption-attachment-75040\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Umuyobozi-wakarere-ka-Rusizi-wungirije-ushinzwe-imibereho-myiza-yabaturage-Nsagaye-Emmanuel-avuga-ko-nta-kindi-yabikoraho-uretse-ubuvugizi..jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-75040\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Umuyobozi-wakarere-ka-Rusizi-wungirije-ushinzwe-imibereho-myiza-yabaturage-Nsagaye-Emmanuel-avuga-ko-nta-kindi-yabikoraho-uretse-ubuvugizi..jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"498\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-75040\" class=\"wp-caption-text\">Umuyobozi w&#8217;akarere ka Rusizi wungirije ushinzwe imibereho myiza yabaturage Nsagaye Emmanuel avuga ko nta kindi yabikoraho uretse ubuvugizi<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage, Nsigaye Emmanuel avuga ko ari ibibazo bikomeye cyane kandi buri wese yumva, ariko ko babikoreye ubuvugizi muri MINISANTE, akizera ko ubushobozi bubonetse yahagera nubwo Ibitaro bya Mibilizi biherutse guhabwa imodoka 2 nshyashya, ariko ko zitakemura iki kibazo burundu, cyane cyane ko hari n\u2019ahandi ziba zagiye, bakaba bo nta kindi bakora uretse ubuvugizi kandi barabukoze, na bo barategereje.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Bahuwiyongera Sylvestre\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage b\u2019utugari twa Nyamihanda na Rwambogo mu Murenge wa Butare, aba Nyamigina na Mpinga mu Murenge wa Gikundamvura n\u2019ab\u2019Akagari ka Nyabintare mu Murenge wa Nyakabuye bagera ku 20.520 bivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Nyabitimbo kiri mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi, batewe impungenge n\u2019ingobyi y\u2019abarwayi yabagezaga ku bitaro bya Mibilizi imaze amezi 4 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-6961","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y\u2019uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y\u2019uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage b\u2019utugari twa Nyamihanda na Rwambogo mu Murenge wa Butare, aba Nyamigina na Mpinga mu Murenge wa Gikundamvura n\u2019ab\u2019Akagari ka Nyabintare mu Murenge wa Nyakabuye bagera ku 20.520 bivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Nyabitimbo kiri mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi, batewe impungenge n\u2019ingobyi y\u2019abarwayi yabagezaga ku bitaro bya Mibilizi imaze amezi 4 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-21T11:59:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y\u2019uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe\",\"datePublished\":\"2017-08-21T11:59:33+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961\"},\"wordCount\":738,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg\",\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961\",\"name\":\"Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y\u2019uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg\",\"datePublished\":\"2017-08-21T11:59:33+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/08\\\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6961#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y\u2019uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y\u2019uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y\u2019uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe - BWIZA","og_description":"Abaturage b\u2019utugari twa Nyamihanda na Rwambogo mu Murenge wa Butare, aba Nyamigina na Mpinga mu Murenge wa Gikundamvura n\u2019ab\u2019Akagari ka Nyabintare mu Murenge wa Nyakabuye bagera ku 20.520 bivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Nyabitimbo kiri mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi, batewe impungenge n\u2019ingobyi y\u2019abarwayi yabagezaga ku bitaro bya Mibilizi imaze amezi 4 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-21T11:59:33+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y\u2019uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe","datePublished":"2017-08-21T11:59:33+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961"},"wordCount":738,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg","articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6961#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961","name":"Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y\u2019uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg","datePublished":"2017-08-21T11:59:33+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6961"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/08\/Kuva-kuri-iki-kigo-nderabuzima-kugera-ku-bitaro-bya-Mibilizi-hari-ibilometero-32bakibaza-uko-bahagera-barembye-ingobyi-yabarwayi-yo-ku-bitaro-yagiye-gutabara-ahandi..jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6961#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Bahangayikishijwe no kugera ku bitaro nyuma y\u2019uko imbangukiragutabara yabafashaga ipfuye ntisimburwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6961","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6961"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6961\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6961"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6961"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6961"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}