{"id":6974,"date":"2017-08-21T21:54:14","date_gmt":"2017-08-21T21:54:14","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/21\/bimwe-mu-bimenyetso-10-byakugaragariza-ko-umugabo-wawe-aguca-inyuma\/"},"modified":"2025-02-03T01:03:09","modified_gmt":"2025-02-02T23:03:09","slug":"bimwe-mu-bimenyetso-10-byakugaragariza-ko-umugabo-wawe-aguca-inyuma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974","title":{"rendered":"Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Igihe habayeho ukutizerana mu miryango usanga amahoro yarabuze ndetse bikanatuma imvururu zikururuka kugeza aho abakundanye bashobora gufata icyemezo cyo gutandukana. Nyamara hari igihe umwe mu bubatse umuryango agerageza kwihangana ariko gushidikanya bikamubuza amahoro ku buryo na byo bitera izindi ngaruka<\/strong><br \/>\nNk\u2019uko bitangazwa n\u2019urubuga fr.meetic.yahoo.net, ntukigere ukeka umukunzi wawe udafite aho ushingiye kuko niba utekereza ko akubeshya ni ngombwa kumenya gushaka ibimenyetso bitandukanye byatuma ukomeza kumukeka n\u2019ubwo byo ubwabyo bitavuga ukuri ariko kimwe cya kabiri aba ari ukuri ko umugabo aguca inyuma cyangwa se ko hari akantu katagenda neza mu rukundo rwanyu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUru rubuga rero rwaje gushyira ahagaragara bimwe mu bimenyetso bigera ku 10 byagaragaza umugabo uca umugore we inyuma:<br \/>\n <strong>Kwiherera avugira kuri Telephone<\/strong><br \/>\nMu bisanzwe, mugenzi wawe iyo yitaba Telephone aba agomba kuba iruhande rwawe kandi nta rwikekwe afite kuko wenda aba apanga n\u2019abandi ibyubaka cyangwa se izindi gahunda zisanzwe. Ariko niba umaze kubona ko buri gihe akwihunza kugira ngo yitabe buri gihe bamuhamagaye uba ugomba gutangira kwitonda kuko ngo burya haba hari icyihishe inyuma.<br \/>\n <strong>Ava ku kazi atinze<\/strong><br \/>\nUmugabo wawe yahinduye igihe yari asanzwe atahiraho none biranze bibaye nk\u2019umuco. Birashboka ko wenda yaba arimo gukora akazi kabimusaba, cyangwa se afite akazi kenshi, gusa ntiyabura kubikubwira nk\u2019umukunzi. Nyamara hagati aho na bwo ni ukwitonda ukabanza kumenya niba icyo gihe aba atagiye gusangira n\u2019undi muntu, cyangwa se yasigaye ku kazi ari kumwe n\u2019inshoreke. Ntugafate imyanzuro yihuse ahubwo mwereke ko nawe ubabajwe n\u2019uko asigaye akora cyane mu buryo bwo kumenya niba koko ugusaba imbabazi kwe guhamye.<br \/>\n <strong>Yanga kuvuga menshi<\/strong><br \/>\nIyo umugabo arimo kubeshya yirinda gusobanura byinshi. Hari igihe akubwira iyo yahoze ariko akanga kukubwira abo bari kumwe, abo haganiraga muri iryo joro, cyangwa se gusobanura impamvu yatinze gutaha, icyo gihe haba hari agakino arimo kugukinisha wowe utapfa gusobanukirwa ahubwo uba ugomba gukora ubushakashatsi witonze.<br \/>\n <strong>Ntabwo aba agikora imishinga<\/strong><br \/>\nKuba arimo kwanga gushakisha n\u2019ingufu icyatunga urugo rwe na byo bigomba kwitonderwa kuko niba umugabo wawe atacyiyitaho no gupanga nk\u2019ibisanzwe aba arimo nko gupanga kujya mu kiruhuko, ashaka kwimuka se cyangwa indi mishinga ikakaye, na none se ari gupanga kujya mu kirori. Ibi uba ugomba kubimubaza ukamenya impamvu irimo kumutera kutita ku rugo nk\u2019ubusanzwe iyo ari wa mugabo ufite ibyo arimo bifitiye urugo inyungu arabikubwira.<br \/>\n <strong>Ntabwo aba akigaragaza amarangamutima ye<\/strong><br \/>\nUmubano mu bashakanye usobanura ubucuti no gusangira akabisi n\u2019agahiye. Mu gihe rero ubona umugabo wawe atagikozwa ibijyanye n\u2019amarangamutima abagomba mu rugo haba hari ikibyihishe inyuma.<br \/>\n <strong>Ibisubizo bye ntibigira aho bishingira<\/strong><br \/>\nNiba atangiye kujya agusaba imbabazi z\u2019uko yakerewe ariko ubona bitamufasheho cyangwa se wamusaba amafaranga akakubwira ko ntayo afite kandi uzi neza ko yabonye agashahara k\u2019ukwezi ibyo biba bishobora gusobanura byinshi\u2026 tangira ubishyire mu nyurabwenge kandi niwumva hari ibikubujije amahoro izirikeho igisasu ubimubwire.<br \/>\n <strong>Ntaba agishaka gusangira nawe ibyishimo<\/strong><br \/>\nKumvikana, gukorera no kumvumburira ibintu hamwe ni kimwe mu Bizana umunezero mu muryango. Ntibyaba bisanzwe rero nk\u2019igihe muba mwaramenyereye gukorera hamwe maze noneho wajya kumubona ugasanga wenda ari nko gukora ibintu wowe utari usanzwe uzi. Niba bigenze bityo icyakorwa ni ukumuganiriza akakubwira aho ibyo bishya yakoze yaba yabikuye cyangwa uburyo yaba yabitekereje mu buryo bwo kumenya niba nta wundi babipangiye hamwe.<br \/>\n <strong>Agerageza kwiryoshya ku giti cye<\/strong><br \/>\nNtawe utashimishwa n\u2019uko umugabo we arimo kwiyitaho, ariko wakwibaza uti ubwo bwiza bumuganisha he? Mu mubano urambye nta wakagombye kwiyitaho cyane ngo yibagirwe undi n\u2019ubwo bose bitagaragara kimwe. Ariko niba umugabo wawe atangiye kujya yigurira imyenda wowe utabizi cyangwa se akajya akunda sport bidasanzwe hamwe n\u2019amavuta amukesha hari igihe aba ashaka gukurura undi muntu utari wowe. Ni ukwitonda.<br \/>\n <strong>Aguhereza impano ziziba icyuho cy\u2019ibyo umukekaho<\/strong><br \/>\nItondere impano ziba zisa n\u2019aho zigutunguye cyangwa se zitagira impamvu mu gihe ukeka umugabo wawe amababa. Wenda hari nk\u2019igihe ashobora kubona akantu kagushimishije agahita agutekereza ariko hari n\u2019igihe aba abikoze mu kwiyerurutsa.<br \/>\n <strong>Amarana igihe gito gishoboka n\u2019inshuti cyangwa umuryango wawe<\/strong><br \/>\nNiba umukunzi wawe yari yapanze gusohokana inshuti cyangwa umuryango wawe maze agatangira gusaba imbabazi umunsi wageze ko adahari itonde. Kandi igihe umugabo wawe adashishikazwa no kuba yashyikirana n\u2019inkoramutima zawe haba hari icyo yishinja aba yanga ko cyakomeza kwiyongera mu gihe bari kumwe.<br \/>\nKuba hari ibimenyetso twakusanyirijwe ku myitwarire y\u2019abagabo ntibivuze ko abagore bo badacana inyuma hubwo na byo biracyakusanywa tuzaba tubibamenyesha uko bizagenda byegerana.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Gentille Kamikazi \u2014 Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Igihe habayeho ukutizerana mu miryango usanga amahoro yarabuze ndetse bikanatuma imvururu zikururuka kugeza aho abakundanye bashobora gufata icyemezo cyo gutandukana. Nyamara hari igihe umwe mu bubatse umuryango agerageza kwihangana ariko gushidikanya bikamubuza amahoro ku buryo na byo bitera izindi ngaruka Nk\u2019uko bitangazwa n\u2019urubuga fr.meetic.yahoo.net, ntukigere ukeka umukunzi wawe udafite aho ushingiye kuko niba utekereza ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-6974","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Igihe habayeho ukutizerana mu miryango usanga amahoro yarabuze ndetse bikanatuma imvururu zikururuka kugeza aho abakundanye bashobora gufata icyemezo cyo gutandukana. Nyamara hari igihe umwe mu bubatse umuryango agerageza kwihangana ariko gushidikanya bikamubuza amahoro ku buryo na byo bitera izindi ngaruka Nk\u2019uko bitangazwa n\u2019urubuga fr.meetic.yahoo.net, ntukigere ukeka umukunzi wawe udafite aho ushingiye kuko niba utekereza ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-21T21:54:14+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:03:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6974#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6974\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma\",\"datePublished\":\"2017-08-21T21:54:14+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:03:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6974\"},\"wordCount\":735,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6974#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6974\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6974\",\"name\":\"Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-21T21:54:14+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:03:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6974#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6974\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=6974#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma - BWIZA","og_description":"Igihe habayeho ukutizerana mu miryango usanga amahoro yarabuze ndetse bikanatuma imvururu zikururuka kugeza aho abakundanye bashobora gufata icyemezo cyo gutandukana. Nyamara hari igihe umwe mu bubatse umuryango agerageza kwihangana ariko gushidikanya bikamubuza amahoro ku buryo na byo bitera izindi ngaruka Nk\u2019uko bitangazwa n\u2019urubuga fr.meetic.yahoo.net, ntukigere ukeka umukunzi wawe udafite aho ushingiye kuko niba utekereza ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-21T21:54:14+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:03:09+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma","datePublished":"2017-08-21T21:54:14+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:03:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974"},"wordCount":735,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6974#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974","name":"Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-21T21:54:14+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:03:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=6974"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=6974#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bimwe mu bimenyetso 10 byakugaragariza ko umugabo wawe aguca inyuma"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6974","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=6974"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/6974\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=6974"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=6974"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=6974"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}