{"id":69953,"date":"2024-07-29T05:10:50","date_gmt":"2024-07-29T03:10:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=69953"},"modified":"2024-07-29T05:10:50","modified_gmt":"2024-07-29T03:10:50","slug":"kenya-abanyamakuru-bapfuye-bajya-gusenga-nyuma-yo-gusiga-abandi-mu-birori","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953","title":{"rendered":"Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori"},"content":{"rendered":"<p><strong>Mu mpera z&#8217;iki cyumweru ku wa gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, hasakaye inkuru ibabaje y&#8217;abanyamakuru babiri bakorera radiyo &#8216;Thome FM&#8217; bapfuye bazize impanuka ubwo bajyaga gusenga. Ni nyuma y&#8217;uko bari basize bagenzi babo mu birori bya radiyo bakoramo.<br \/>\n<\/strong><\/p>\n<p>Amakuru dukesha ibitangazamakuru byo muri Kenya, avuga ko urupfu rw&#8217;abanyamakuru babiri rwaturutse ku modoka bagonganye ubwo bo bari batwaye moto berekeza mu gace gaherereyemo urusengero basengeramo rw&#8217;Abadive. Byari mu muhanda muremure wa &#8216;Sagana-Makutano&#8217;.<\/p>\n<p>Mbere y&#8217;uko bakora impanuka, babanje kwitabira ibirori byo kwizihiza isabukuru y&#8217;imyaka ine radiyo yabo imaze ikora. Bitewe n&#8217;uko basenga ku wa Gatandatu, byabasabye ko basiga ibirori bitarangiye bakajya gusenga nk&#8217;uko byemejwe na radiyo bakoreraga.<\/p>\n<p>Abanyamakuru Stephen Waigwa na Caroline Nyarwai bitangazwa ko ari bo baguye mu mpanuka yabaye ahagana i saa moya z&#8217;ijoro ku wa Gatandatu. Byabaye nyuma y&#8217;amasaha macye bavuye kuri radiyo ahari habereye ibirori.<\/p>\n<p>Raporo y&#8217;impanuka yemeza ko bari batwaye moto hanyuma bakagongana n&#8217;imodoka yaturukaga aho berekezaga. Bitunguranye bose bahise bahasiga ubuzima. Gusa ngo byemejwe ko bapfuye bakigezwa ku bitaro.<\/p>\n<p>Bitangazwa ko umwe muri bo witwa Waigwa yari mu bayoboye ibirori, mbere yo kubita bigeze mo hagati agahita ajyana na mugenzi we bombi baje no kugwa mu mpanuka.<\/p>\n<p>Abandi banyamakuru bari bakiri mu byishimo batunguwe no kumva ko bagenzi babo bakoze impanuka. Bihutiye kugera aho bibereye ariko basanga ntawo kurokorwa uhari. Bababajwe n&#8217;ibyabaye nyuma y&#8217;ibirori byiza bahuriyemo na banyakwigendera.<\/p>\n<p>Bidatinze aba banyamakuru babiri bapfuye bahise bajyanwa mu buruhukiro. Ni mu gihe hari hagitegerejwe ibizamini bya nyuma byerekana icyo bazize, ndetse no kubashyingura mu cyubahiro. <\/p>\n<p>Polisi yahise itangira gukora iperereza mu rwego rwo gucukumbura icyateye impanuka yaguyemo abanyamakuru babiri bari bagiye gusenga.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu mpera z&#8217;iki cyumweru ku wa gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, hasakaye inkuru ibabaje y&#8217;abanyamakuru babiri bakorera radiyo &#8216;Thome FM&#8217; bapfuye bazize impanuka ubwo bajyaga gusenga. Ni nyuma y&#8217;uko bari basize bagenzi babo mu birori bya radiyo bakoramo. Amakuru dukesha ibitangazamakuru byo muri Kenya, avuga ko urupfu rw&#8217;abanyamakuru babiri rwaturutse ku modoka bagonganye ubwo bo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":49,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-69953","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu mpera z&#8217;iki cyumweru ku wa gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, hasakaye inkuru ibabaje y&#8217;abanyamakuru babiri bakorera radiyo &#8216;Thome FM&#8217; bapfuye bazize impanuka ubwo bajyaga gusenga. Ni nyuma y&#8217;uko bari basize bagenzi babo mu birori bya radiyo bakoramo. Amakuru dukesha ibitangazamakuru byo muri Kenya, avuga ko urupfu rw&#8217;abanyamakuru babiri rwaturutse ku modoka bagonganye ubwo bo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-07-29T03:10:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Dieudonne GISUBIZO\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Dieudonne GISUBIZO\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69953#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69953\"},\"author\":{\"name\":\"Dieudonne GISUBIZO\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12\"},\"headline\":\"Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori\",\"datePublished\":\"2024-07-29T03:10:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69953\"},\"wordCount\":288,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69953#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69953\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69953\",\"name\":\"Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-07-29T03:10:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69953#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69953\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=69953#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12\",\"name\":\"Dieudonne GISUBIZO\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=49\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori - BWIZA","og_description":"Mu mpera z&#8217;iki cyumweru ku wa gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, hasakaye inkuru ibabaje y&#8217;abanyamakuru babiri bakorera radiyo &#8216;Thome FM&#8217; bapfuye bazize impanuka ubwo bajyaga gusenga. Ni nyuma y&#8217;uko bari basize bagenzi babo mu birori bya radiyo bakoramo. Amakuru dukesha ibitangazamakuru byo muri Kenya, avuga ko urupfu rw&#8217;abanyamakuru babiri rwaturutse ku modoka bagonganye ubwo bo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-07-29T03:10:50+00:00","author":"Dieudonne GISUBIZO","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Dieudonne GISUBIZO","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953"},"author":{"name":"Dieudonne GISUBIZO","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12"},"headline":"Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori","datePublished":"2024-07-29T03:10:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953"},"wordCount":288,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=69953#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953","name":"Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-07-29T03:10:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=69953"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=69953#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/a964fa188f1ad99b1620f577158e3f12","name":"Dieudonne GISUBIZO","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=49"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/69953","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/49"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=69953"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/69953\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=69953"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=69953"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=69953"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}