{"id":7019,"date":"2017-08-24T09:45:48","date_gmt":"2017-08-24T09:45:48","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/24\/ibyo-u-buhinde-bwemereye-u-rwanda-bigiye-gutangira-gushyirwa-mu-bikorwa\/"},"modified":"2025-02-12T15:47:24","modified_gmt":"2025-02-12T13:47:24","slug":"ibyo-u-buhinde-bwemereye-u-rwanda-bigiye-gutangira-gushyirwa-mu-bikorwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019","title":{"rendered":"Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Igihugu cy\u2019u Buhinde kigiye gutangira kubaka inganda n\u2019ibigo mu Rwanda byo guteza imbere ikoranabuhanga n\u2019ibindi, mu rwego rwo kunoza amasezerano igihugu cy\u2019u Buhinde cyagiranye n\u2019u rwanda mu ntangiriro z\u2019uyu mwaka.<\/em> <\/strong><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMuri Gashyantare uyu mwaka,  ni bwo visi perezida w\u2019u Buhinde, Hamid Ansari yari yasuye u Rwanda ubwo yizezaga ko urubyiruko rw\u2019Abahinde bagera kuri 230 bazafasha abanyarwanda gushyiraho ibigo bigera kuri  500 mu gihugu hose biteza imbere ikoranabuhanga no guhanga udushya ndetse n\u2019ibindi biijyanye no kungurana ubumenyi.<br \/>\nIbi Hamid Ansari yarabivuze yemeza ko ko bizakorwa mu rwego rwo kunoza imihahiranire ndetse n\u2019imigenderanire hagati y\u2019ibihugu byombi muri gahunda yiswe India-Rwanda Innovation Growth Programme (IRIGP).<br \/>\nMu nama yabaye muri iki cyumweru i kigali, umujyanama muri iyi gahunda yo guteza imbere u rwanda mu bijyanye n\u2019ikoranabuhanga ku bufatanye n\u2019u Buhinde, Munish Gupta yavuze ko guhera mu Gushyingu uy umwaka, byibuze abacuruzi b\u2019abanyarwanda babigize umwuga 10 bagomba gutangira gukorana na bagenzi ba bo bo mu gihugu cy\u2019u Buhinde n\u2019abandi bakazagenda biyongeraho kugeza ubwo ibigo n\u2019inganda bigera kuri 500 bizuzura mu Rwanda.<br \/>\nUyu muyobozi yakomeje avuga ko muri icyo gihe ibigo by\u2019ubucuruzi 5 cyangwa 6 bizubakwa na guverinoma y\u2019u Rwanda cyangwa iy\u2019u Buhinde.<br \/>\nYavuze kandi ko gutangiza bizinesi bitagombera amafaranga menshi kuko umuntu ashobora gutangiza ibihumbi 50-100 by\u2019Amadolari.<br \/>\nGupta kandi yari ayoboye itsinda ry\u2019abashoramari bagera kuri 25 bahagarariye ibigo by\u2019ubucuruzi bikomeye mu buhinde bigera kuri 20, bose bakaba bakiri mu Rwanda kugera ku itariki ya 6 Nzeri, aho bagenda bareba cyane uko ibikorwa bijyanye n\u2019ubucuruzi mu Rwanda bikorwa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmuyobozi ushinzwe ubushakashatsi mu bijyanye n\u2019inganda mu Rwanda, NIRDA,  Dr Joseph Mungarulire avuga ko ibi bizafasha inganda zo mu rwanda kwibanda ku bushakashatsi n\u2019ikoranabuhanga mu nganda hagendewe ku byamaze kugerwaho mu gihugu cy\u2019u Buhinde.<br \/>\nYavuze kandi ko ibi bizafasha urubyiruko rw\u2019abanyarwanda kwigira ku Buhinde mu bijyanye no kwiteza imbere nderse no kurebera hamwe uko inganda ziciriritse zakongererwa ubushobozi hagamijwe kongera umusaruro w\u2019ibizikomokamo ndtse no guha abantu imirimo.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n<a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Igihugu cy\u2019u Buhinde kigiye gutangira kubaka inganda n\u2019ibigo mu Rwanda byo guteza imbere ikoranabuhanga n\u2019ibindi, mu rwego rwo kunoza amasezerano igihugu cy\u2019u Buhinde cyagiranye n\u2019u rwanda mu ntangiriro z\u2019uyu mwaka. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Muri Gashyantare uyu mwaka, ni bwo visi perezida w\u2019u Buhinde, Hamid Ansari yari yasuye u Rwanda ubwo yizezaga ko urubyiruko rw\u2019Abahinde bagera kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7019","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Igihugu cy\u2019u Buhinde kigiye gutangira kubaka inganda n\u2019ibigo mu Rwanda byo guteza imbere ikoranabuhanga n\u2019ibindi, mu rwego rwo kunoza amasezerano igihugu cy\u2019u Buhinde cyagiranye n\u2019u rwanda mu ntangiriro z\u2019uyu mwaka. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Muri Gashyantare uyu mwaka, ni bwo visi perezida w\u2019u Buhinde, Hamid Ansari yari yasuye u Rwanda ubwo yizezaga ko urubyiruko rw\u2019Abahinde bagera kuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-24T09:45:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:47:24+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7019#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7019\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa\",\"datePublished\":\"2017-08-24T09:45:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:47:24+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7019\"},\"wordCount\":362,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7019#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7019\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7019\",\"name\":\"Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-24T09:45:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:47:24+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7019#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7019\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7019#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa - BWIZA","og_description":"Igihugu cy\u2019u Buhinde kigiye gutangira kubaka inganda n\u2019ibigo mu Rwanda byo guteza imbere ikoranabuhanga n\u2019ibindi, mu rwego rwo kunoza amasezerano igihugu cy\u2019u Buhinde cyagiranye n\u2019u rwanda mu ntangiriro z\u2019uyu mwaka. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Muri Gashyantare uyu mwaka, ni bwo visi perezida w\u2019u Buhinde, Hamid Ansari yari yasuye u Rwanda ubwo yizezaga ko urubyiruko rw\u2019Abahinde bagera kuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-24T09:45:48+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:47:24+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa","datePublished":"2017-08-24T09:45:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:47:24+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019"},"wordCount":362,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7019#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019","name":"Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-24T09:45:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:47:24+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7019"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7019#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibyo u Buhinde bwemereye u rwanda bigiye gutangira gushyirwa mu bikorwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7019","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7019"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7019\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7019"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7019"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7019"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}