{"id":70596,"date":"2024-08-19T16:07:28","date_gmt":"2024-08-19T14:07:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=70596"},"modified":"2024-08-19T16:07:28","modified_gmt":"2024-08-19T14:07:28","slug":"inama-za-perezida-kagame-ku-barahiriye-kwinjira-muri-guverinoma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596","title":{"rendered":"Inama za Perezida Kagame ku barahiriye kwinjira muri Guverinoma"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida Kagame yagiriye inama abinjiye muri Guverinoma y\u2019u Rwanda bashya ko bakwiye kujya bisuzuma kugirango barusheho kunoza inshingano zabokwisuzuma. Yasabye buri umwe kujya  afata umwanya ari wenyine akareba ibitagenda neza.<\/strong> <\/p>\n<p>Yabasabye kujya baha umwanya ibibavugwaho  byaba ibyo ku mbuga nkoranyambaga bakabiha umwanya ariko ntibibateshe umwanya. Ati: \u201c Icyo bakuvugaho kitaricyo niba bakubeshyera gishyire iruhande ukomeze inzira yawe y\u2019inshingano ufite.Ubihe umwanya ariko ntibiguteshe umwanya. <\/p>\n<p>Yabigarutseho ubwo habaga  umuhango wo kwakira indahiro z\u2019abayobozi bashya binjiye muri Guverinoma  kuri uyu wa mbere taliki 19 Kanama mu ngoro y\u2019Inteko Ishingamateko, aho abagize guverinoma n\u2019Umuyobozi mukuru w\u2019Urwego rw\u2019igihugu rw\u2019Imiyoborere , RGB , barahiriye imbere ye( Umukuru w&#8217;Igihugu).<\/p>\n<p>Mu ijambo rye Perezida Kagame, yashimiye abari basanzwe muri Guverinoma n\u2019abandi bashya bayigiyemo, abasaba kwiyemeza gushyira mu bikorwa inshingano barahiriye. Yavuze ko mu gihe gishize akorana n\u2019aba bayobozi bageze ku bintu byiza byinshi,  ariko ntibitume birara ngo batwarwe n\u2019ibyishimo bityo ngo  bitume ibyo  abantu bashimaga bisubira inyuma.<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019Igihugu yibukije ko Abaminisitiri ndetse n\u2019izindi nzego  batagarutse muri Cabinet, ko baba batirukanwe ariko yongeraho ko nabwo bajya birukanwa  iyo bakoze amakosa.<\/p>\n<p>Ati\u201d Abatagarutse muri Cabinet ubwo bahinduriwe imirimo, ntabwo ari ukwirukanwa ubwo igihe nikigera bizagaragara.\u201d<\/p>\n<p>Yavuze ko inzego zigomba kuzuzanya kuko aribwo igihugu gitera imbere, anenga abatajya bakora inshingano bazisunikira bagenzi babo cyangwa bakazikora bakererewe.<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu kandi yanenze bamwe mu bayobozi bahora mu nama kandi zidafite icyo zikemura abasaba kujya bategura inama bakabanza gutekereza niba ari ngombwa.<\/p>\n<p>Ati: &#8221; Niba usanze ari ngombwa  wishyire mu mutwe ko ibintu ubikurikiranya utya kandi iyo nama iributware iminota 30 ubigene ari wowe wibwira cyangwa uti ntirenza isaha kandi ntwawemo n&#8217;iki? abaje mu nama bose ndabakuramo ibitekerezo biduhe gufata umwanzuro irangire.<\/p>\n<p>Iyi Guverinoma igizwe n\u2019aba Minisitiri 21 ndetse n\u2019abanyamabanga ba Leta 9. Biganjemo abahoze muri Guverinoma yashoje manda y\u2019ubushize. Abashya muri iyi Guverinoma bakaba ari batatu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Kagame yagiriye inama abinjiye muri Guverinoma y\u2019u Rwanda bashya ko bakwiye kujya bisuzuma kugirango barusheho kunoza inshingano zabokwisuzuma. Yasabye buri umwe kujya afata umwanya ari wenyine akareba ibitagenda neza. Yabasabye kujya baha umwanya ibibavugwaho byaba ibyo ku mbuga nkoranyambaga bakabiha umwanya ariko ntibibateshe umwanya. Ati: \u201c Icyo bakuvugaho kitaricyo niba bakubeshyera gishyire iruhande ukomeze [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-70596","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Inama za Perezida Kagame ku barahiriye kwinjira muri Guverinoma - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Inama za Perezida Kagame ku barahiriye kwinjira muri Guverinoma - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Kagame yagiriye inama abinjiye muri Guverinoma y\u2019u Rwanda bashya ko bakwiye kujya bisuzuma kugirango barusheho kunoza inshingano zabokwisuzuma. Yasabye buri umwe kujya afata umwanya ari wenyine akareba ibitagenda neza. Yabasabye kujya baha umwanya ibibavugwaho byaba ibyo ku mbuga nkoranyambaga bakabiha umwanya ariko ntibibateshe umwanya. Ati: \u201c Icyo bakuvugaho kitaricyo niba bakubeshyera gishyire iruhande ukomeze [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-08-19T14:07:28+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70596#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70596\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Inama za Perezida Kagame ku barahiriye kwinjira muri Guverinoma\",\"datePublished\":\"2024-08-19T14:07:28+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70596\"},\"wordCount\":315,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70596#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70596\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70596\",\"name\":\"Inama za Perezida Kagame ku barahiriye kwinjira muri Guverinoma - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-08-19T14:07:28+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70596#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70596\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70596#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Inama za Perezida Kagame ku barahiriye kwinjira muri Guverinoma\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Inama za Perezida Kagame ku barahiriye kwinjira muri Guverinoma - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Inama za Perezida Kagame ku barahiriye kwinjira muri Guverinoma - BWIZA","og_description":"Perezida Kagame yagiriye inama abinjiye muri Guverinoma y\u2019u Rwanda bashya ko bakwiye kujya bisuzuma kugirango barusheho kunoza inshingano zabokwisuzuma. Yasabye buri umwe kujya afata umwanya ari wenyine akareba ibitagenda neza. Yabasabye kujya baha umwanya ibibavugwaho byaba ibyo ku mbuga nkoranyambaga bakabiha umwanya ariko ntibibateshe umwanya. Ati: \u201c Icyo bakuvugaho kitaricyo niba bakubeshyera gishyire iruhande ukomeze [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-08-19T14:07:28+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Inama za Perezida Kagame ku barahiriye kwinjira muri Guverinoma","datePublished":"2024-08-19T14:07:28+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596"},"wordCount":315,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=70596#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596","name":"Inama za Perezida Kagame ku barahiriye kwinjira muri Guverinoma - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-08-19T14:07:28+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=70596"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70596#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Inama za Perezida Kagame ku barahiriye kwinjira muri Guverinoma"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/70596","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=70596"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/70596\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=70596"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=70596"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=70596"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}