{"id":70649,"date":"2024-08-21T09:30:00","date_gmt":"2024-08-21T07:30:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=70649"},"modified":"2025-02-03T01:36:26","modified_gmt":"2025-02-02T23:36:26","slug":"emelyne-wavugishije-benshi-yashyize-umucyo-ku-byavuzwe-ko-the-ben-yakuruye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649","title":{"rendered":"Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umukobwa witwa Emelyne uherutse kugaragara mu mashusho yifotozanya na Mugisha B\u00e9njamin &#8216;The Ben&#8217;, yanyomoje ibishinjwa uyu muhanzi byo kuba yarakuruye ikariso ye.<\/strong><\/p>\n<p>Ku wa Gatandatu w&#8217;icyumweru gishize ni bwo uyu mukobwa yahuriye na The Ben mu karere ka Musanze, aho uyu muririmbyi yari yakoreye igitaramo yahuriyemo n&#8217;umugandekazi, Rema Namakula.<\/p>\n<p>Muri iki gitaramo The Ben yafashe umwanya wo kwifotozanya n&#8217;abafana be, ndetse nyuma y&#8217;amasaha make ku mbuga nkoranyambaga hahita hatangira gukwirakwira amashusho ye na Emelyne ubwo barimo bifotoza.<\/p>\n<p>Muri aya mashusho The Ben agaragara asa n&#8217;ukora kuri uriya mukobwa, ibyo abenshi mu bayabonye bahereyeho bashinja uyu muhanzi gukurura ikariso y&#8217;uriya mukobwa, kumukorakora ndetse n&#8217;ubuhehesi.<\/p>\n<p>Emelyne mu kiganiro aheruka kugirana na ISIMBI TV yavuze ko asanzwe ari umufana ukomeye wa The Ben, ndetse ko igitaramo cye cy&#8217;i Musanze ari icya gatatu yari yamuherekejemo nyuma y&#8217;ibyo mu minsi yashize yakoreye i Bujumbura mu Burundi ndetse n&#8217;i Kampala muri Uganda.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;The Ben ndamufana ni we muhanzi wo mu Rwanda nkunda kurusha abandi bose, nkunda n&#8217;indirimbo ze.&#8221;<\/p>\n<p>Abajijwe niba koko The Ben yaramukorakoye, Emelyne yavuze ko ishanga yari yambaye ajya kwifotozanya na The Ben ari yo yabaye nyirabayazana y&#8217;ibyavuzwe byose.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Naragiye ndamusuhuza, mu gihe turimo kwitegura kwifotoza ahita yumva ikintu kibyimbye. Yahise ambwira ati &#8216;utambwira ko wambaye bya bintu by&#8217;abapfumu&#8217;! Nari nambaye ishanga (amasaro abakobwa bakunda kwambara mu nda) akozeho yumva irabyimbye. Noneho abantu bari kuvuga ngo nahise mureba nabi, ngo ntabwo tuziranye, si byo. Nahise mubwira nti &#8216;buretseho gato badufotore&#8221;.<\/p>\n<p>Emelyne yavuze ko The Ben atigeze akurura ikariso ye nk&#8217;uko abenshi babifashe.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ntabwo ari umwambaro w&#8217;imbere yakuruye, yakuruye ishanga. Niba abantu banabizi neza, umwambaro w&#8217;imbere ntabwo ukururwa kuriya. Umwambaro w&#8217;imbere ntabwo ukururika kuriya.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu mukobwa kandi yahakanye ibivugwa ko yaba yarateje umwuka mubi hagati ya The Ben na Uwicyeza Pamella usanzwe ari umugore we, avuga ko atari ukuri.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukobwa witwa Emelyne uherutse kugaragara mu mashusho yifotozanya na Mugisha B\u00e9njamin &#8216;The Ben&#8217;, yanyomoje ibishinjwa uyu muhanzi byo kuba yarakuruye ikariso ye. Ku wa Gatandatu w&#8217;icyumweru gishize ni bwo uyu mukobwa yahuriye na The Ben mu karere ka Musanze, aho uyu muririmbyi yari yakoreye igitaramo yahuriyemo n&#8217;umugandekazi, Rema Namakula. Muri iki gitaramo The Ben yafashe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[],"class_list":["post-70649","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umukobwa witwa Emelyne uherutse kugaragara mu mashusho yifotozanya na Mugisha B\u00e9njamin &#8216;The Ben&#8217;, yanyomoje ibishinjwa uyu muhanzi byo kuba yarakuruye ikariso ye. Ku wa Gatandatu w&#8217;icyumweru gishize ni bwo uyu mukobwa yahuriye na The Ben mu karere ka Musanze, aho uyu muririmbyi yari yakoreye igitaramo yahuriyemo n&#8217;umugandekazi, Rema Namakula. Muri iki gitaramo The Ben yafashe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-08-21T07:30:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:36:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70649#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70649\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye\",\"datePublished\":\"2024-08-21T07:30:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:36:26+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70649\"},\"wordCount\":328,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70649#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70649\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70649\",\"name\":\"Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-08-21T07:30:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:36:26+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70649#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70649\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70649#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye - BWIZA","og_description":"Umukobwa witwa Emelyne uherutse kugaragara mu mashusho yifotozanya na Mugisha B\u00e9njamin &#8216;The Ben&#8217;, yanyomoje ibishinjwa uyu muhanzi byo kuba yarakuruye ikariso ye. Ku wa Gatandatu w&#8217;icyumweru gishize ni bwo uyu mukobwa yahuriye na The Ben mu karere ka Musanze, aho uyu muririmbyi yari yakoreye igitaramo yahuriyemo n&#8217;umugandekazi, Rema Namakula. Muri iki gitaramo The Ben yafashe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-08-21T07:30:00+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:36:26+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye","datePublished":"2024-08-21T07:30:00+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:36:26+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649"},"wordCount":328,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=70649#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649","name":"Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-08-21T07:30:00+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:36:26+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=70649"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70649#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Emelyne wavugishije benshi yashyize umucyo ku byavuzwe ko The Ben yakuruye ikariso ye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/70649","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=70649"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/70649\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=70649"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=70649"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=70649"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}